07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

murimo wo <strong>ku</strong>yandu<strong>ku</strong>ra, nyamara byari bikomereye abanditsi <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> amakopi ahagije<br />

abayikeneye bose. Bamwe mu baguzi b’abakire bifuzaga <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> Bibiliya yose. Abandi<br />

baguraga ibice byayo bimwe. Akenshi, imiryango myinshi yishyiraga hamwe <strong>ku</strong>gira ngo<br />

ishobore kwigurira Bibiliya. Uko niko Bibiliya yasobanuwe <strong>na</strong> Wycliffe yinjiye mu ngo<br />

z’abantu.<br />

Kuvugururwa mu bitekerezo bya<strong>ku</strong>ye abantu mu <strong>ku</strong>mvira inyigisho za Papa nyacyo<br />

bazivuzeho. Kuva ubwo Wycliffe yigishije inyigisho zihariye za giporotesitanti ari zo:<br />

agakiza kaboneka <strong>ku</strong>bwo kwizera Kristo ndetse no <strong>ku</strong>tibeshya kw’Ibyanditswe byera.<br />

Ababwiriza Wycliffe yari yarohereje bakwirakwije Bibiliya n’inyandiko ze kandi uwo<br />

murimo wageze <strong>ku</strong> ntego <strong>ku</strong> buryo ukwizera gushya kwakiwe <strong>na</strong> hafi kimwe cya kabiri<br />

cy’abaturage b’Ubwongereza.<br />

Kuboneka kwa Bibiliya kwateye ubwoba abayobozi ba<strong>ku</strong>ru b’idini. Ubwo noneho<br />

babo<strong>na</strong>ga ko bagiye <strong>ku</strong>rwa<strong>na</strong> n’igikoresho kirusha Wycliffe imbaraga kandi ko intwaro bafite<br />

zidashobora <strong>ku</strong>gihangara. Muri ibyo bihe, mu Bwongereza nta tegeko ryari rihari<br />

ryabuzanyaga gutunga Bibiliya <strong>ku</strong>ko itari yakandikwa mu rurimi abaturage bavugaga.<br />

Amategeko nk’ayo yaje gushyirwaho nyuma kandi yubahirizwa nta gukebakeba. Muri icyo<br />

gihe, nubwo abepisikopi bakora<strong>na</strong>ga umuhati, habayeho igihe cy’uko ijambo ry’Ima<strong>na</strong><br />

rikwirakwizwa.<br />

Abayobozi ba<strong>ku</strong>ru bashyizweho <strong>na</strong> papa bongeye gucura umugambi wo gucecekesha<br />

umugorozi. Yatumiwe incuro eshatu zi<strong>ku</strong>rikira<strong>na</strong> <strong>ku</strong>gira ngo acirwe urubanza nyamara<br />

ntibyagira icyo bitanga. Ubwa mbere, i<strong>na</strong>ma y’abepisikopi yahamije ko inyandiko ze ari<br />

iz’ubuyobe kandi abo bepesikopi babashije gutuma umwami Richard wa II wari ukiri muto<br />

ajya <strong>ku</strong> ruhande rwabo, maze abashyiriraho iteka ry’umwami ryavugaga ko umuntu wese<br />

uzahangara kwigisha inyigisho zaciwe akwiriye gufungwa.<br />

Wycliffe yajuririye Inteko nshinga-mategeko; arega akomeje inzego z’ubuyobozi bwa<br />

Papa mu <strong>na</strong>ma y’igihugu, asaba ko hakwiriye <strong>ku</strong>baho ivugurura no gukosora amakosa<br />

akomeye itorero rikora. Yavuganye ubushizi bw’amanga maze asobanura ibyubahiro<br />

bidakwiye ndetse n’imyitwarire ibangamye y’ubupapa. Abamurwanyaga baguye mu rujijo.<br />

Incuti ze n’abari bamushyigikiye bari barahatiwe <strong>ku</strong>muvaho, bityo bari biteze ko Wycliffe <strong>ku</strong><br />

giti cye, mu buzasa bwe nta ncuti afite, ari bwumvire ubutware bw’umwami n’ubw’abayobozi<br />

b’idini. Nyamara aho <strong>ku</strong>gira ngo bibe bityo, intumwa za papa ni zo zatsinzwe. Inteko nshingamategeko<br />

imaze <strong>ku</strong>nyurwa n’ubusobanuro bwa Wycliffe, ya<strong>ku</strong>yeho iteka ryo gupfa Wycliffe<br />

yari yaciriwe maze yongera <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> umudendezo.<br />

Yongeye gutumirwa incuro ya gatatu mu rukiko ru<strong>ku</strong>ru rw’idini mu bwami<br />

bw’Ubwongereza. Muri uru rukiko nta mpuhwe zajyaga <strong>ku</strong>girirwa inyigisho bitaga<br />

iz’ubuyobe. Abashyigikiye papa batekerezaga ko aho ari ho Roma iri butsindire maze<br />

ibikorwa by’ubugorozi bigahagarikwa. Iyo bajya gusohoza umugambi wabo, Wycliffe<br />

61

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!