07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

n’Ubusobanuro bw’Ibyanditswe”, yagaragajemo umugambi we wo gusobanura Bibiliya,<br />

<strong>ku</strong>gira ngo umuturage wese wo mu Bwongereza abashe kwisomera mu rurimi rwe kavukire<br />

ibitangaza Ima<strong>na</strong> yakoze.<br />

Mu buryo butunguranye, umurimo we waje guhagarikwa. Nubwo yari ataramara imyaka<br />

mirongo itandatu y’ubu<strong>ku</strong>ru, gukora ubudatuza, kwiga no guhohoterwa n’abanzi be byari<br />

byaragabanyije imbaraga ze maze bituma asaza imburagihe. Yafashwe n’indwara ikomeye<br />

cyane. Iyo n<strong>ku</strong>ru yanejeje abanzi be. Bibwiraga ko bizatuma yicuza ibibi yakoreye itorero,<br />

bityo bihutira <strong>ku</strong>musanga mu cyumba yari arwariyemo <strong>ku</strong>gira ngo bumve amagambo ye yo<br />

kwicuza. Abahagarariye ibigo bine by’idini hamwe n’abayobozi bane mu butegetsi bwa leta<br />

baraje bakikiza uwo bibwiraga ko agiye gushiramo umwuka. Baramubwiye bati: “Dore ugiye<br />

gupfa, emera amakosa yawe maze wicurize imbere yacu ibyo wavuze byose uduharabika.”<br />

Umugorozi Wycliffe yateze amatwi acecetse; maze asaba umurwaza we <strong>ku</strong>mwegura aho mu<br />

gitanda cye. Yahanze amaso ye abo bari bamukikije bahagaze bategereje <strong>ku</strong>mva ijambo ryo<br />

kwicuza kwe. Yavuganye ijwi rikomeye ririmo imbaraga ryari ryaragiye kenshi rituma abo<br />

bapadiri bahinda umushyitsi ati: “Sindi bupfe, ahubwo nzarama; kandi nzongera mvuge<br />

ibikorwa bibi by’abapadiri.” 37 Abo bapadiri baguye mu kantu kandi babura icyo bakora<br />

maze bahita basohoka muri icyo cyumba.<br />

Amagambo ya Wycliffe yarasohoye. Yakomeje <strong>ku</strong>baho <strong>ku</strong>gira ngo ashyikirize abaturage<br />

b’igihugu cye intwaro isumba izindi yo <strong>ku</strong>rwanisha Roma ari yo Bibiliya; intwaro yatanzwe<br />

n’ijuru <strong>ku</strong>gira ngo ibature abantu, ibamurikire kandi ibigishe ubutumwa bwiza. Mu gukora<br />

uwo murimo habayeho imbogamizi nyinshi kandi zikomeye zagombaga gutambukwa.<br />

Wycliffe yari arembejwe n’uburwayi bwe; yari azi ko ashigaje imyaka mike cyane yo gukora;<br />

yabo<strong>na</strong>ga <strong>ku</strong>rwanywa agomba <strong>ku</strong>zahanga<strong>na</strong> <strong>na</strong>ko, ariko yatewe ubutwari n’amasezerano yo<br />

mu Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>. Yakomeje <strong>ku</strong>jya mbere nta kimutera ubwoba. Mu mbaraga z’ubwenge<br />

bwe, akaba n’i<strong>na</strong>raribonye, yari yararinzwe kandi ategurwa n’Ima<strong>na</strong> ngo azakore uwo<br />

murimo, ari <strong>na</strong> wo waruse iyindi yose yakoze. Mu gihe abakristo barenga<strong>na</strong>ga, Wycliffe yari<br />

mu buyobozi i Lutterworth; ntiyita <strong>ku</strong> kaga kaberaga hanze maze ashishikarira gukora<br />

umurimo yitoranyirije.<br />

Amaherezo, uwo murimo waje <strong>ku</strong>rangira maze Bibiliya ya mbere isobanuwe mu<br />

Cyongereza iba irabonetse. Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ryari rifunguriwe igihugu cy’Ubwongereza. Ubu<br />

noneho Umugorozi ntiyatinyaga <strong>ku</strong>ba yashyirwa muri gereza cyangwa <strong>ku</strong>zirikwa <strong>ku</strong> mambo<br />

agatwikwa. Yari amaze gushyikiriza abaturage bo mu Bwongereza umucyo utazigera uzima.<br />

Icyo gikorwa cyo <strong>ku</strong>bagezaho Bibiliya cyari intambwe yindi ikomeye yo guca iminyururu<br />

y’ubujiji n’ingeso mbi, <strong>ku</strong>bohora no guteza imbere igihugu cye mu buryo butigeze bugerwaho<br />

n’insinzi zikomeye bagiye bageraho <strong>ku</strong> rugamba.<br />

Ubuhanga bwo gucapa inyandiko nyinshi mu buryo bwihuse bwari butaraduka, umurimo<br />

wo gukora amakopi menshi ya Bibiliya wari uruhije kandi ukorwa buhoro cyane. Byari iby’<br />

agaciro gakomeye cyane gutunga Bibiliya <strong>ku</strong> buryo abantu benshi babyifuzaga bagiye mu<br />

60

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!