07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ni jye ngabo igukingira” (Itangiriro 15:1) yongeye gukinga u<strong>ku</strong>boko maze arinda umugaragu<br />

we. Ntabwo urupfu rwatwaye umugorozi Wycliffe ahubwo rwahitanye umwepisikopi wari<br />

waciye iteka ryo kwicisha umugorozi. Geregori wa XI yarapfuye maze abayobozi ba<strong>ku</strong>ru<br />

b’idini bari bateranyijwe no gucira urubanza Wycliffe baratata<strong>na</strong>.<br />

Uburinzi bw’Ima<strong>na</strong> bwakomeje <strong>ku</strong>yobora ibyabaga <strong>ku</strong>gira ngo haboneke amahirwe y’uko<br />

umurimo w’ubugorozi wakomeza gu<strong>ku</strong>ra. Urupfu rwa Geregori wa XI rwa<strong>ku</strong>rikiwe n’itorwa<br />

ry’aba Papa babiri batumvika<strong>na</strong>ga. Abategetsi babiri bahanganye kandi buri wese avuga ko<br />

ari nyirubutungane basabaga <strong>ku</strong>bahwa. Buri wese yahamagariye abakristo <strong>ku</strong>mufasha<br />

<strong>ku</strong>rwanya undi, ashyigikiza itegeko rye gucibwa kw’abataryubahiriza bose kandi asezeranira<br />

abamwumvira ibihembo mu ijuru. Ayo makimbirane yaciye cyane intege imbaraga<br />

z’ubupapa. Abo bari bahanganye bakoraga ibyo bashoboye byose <strong>ku</strong>gira ngo bagabaneho<br />

ibitero maze bituma Wycliffe agira agahenge mu gihe ru<strong>na</strong>ka. Imivumo no gushinjanya<br />

ubuyobe byari urujya n’uruza hagati y’abo bapapa bombi, kandi imivu y’amaraso<br />

yaramenekaga <strong>ku</strong>gira ngo buri wese ashyigikire ibitekerezo bye. Ubwicanyi n’ibyaha<br />

bikomeye byuzuye mu itorero. Muri icyo gihe cy’impaka hagati y’abo bapapa bombi,<br />

Wycliffe yari yibereye aho yari aruhukiye mu itorero rye i Lutterworth ari gukora<br />

ubudacogora <strong>ku</strong>gira ngo a<strong>ku</strong>re amaso y’abantu <strong>ku</strong>ri abo bapapa bari bahanganye maze<br />

ayerekeze <strong>ku</strong>ri Yesu, Umwami w’amahoro.<br />

Amaca<strong>ku</strong>biri mu itorero, intambara n’ibibi yateje, byateguriye ubugorozi inzira bibashisha<br />

abantu gusobanukirwa neza uko ubupapa buteye. Mu rwandiko yanditse rwari rufite umutwe<br />

uvuga ngo, ‘Ku Maca<strong>ku</strong>biri y’Abapapa’ Wycliffe yararikiye abantu <strong>ku</strong>genzura niba abo<br />

bepisikopi bombi bataravugaga u<strong>ku</strong>ri ubwo buri wese yashinjaga undi <strong>ku</strong>ba antikristo.<br />

Wycliffe yaravuze ati, “Ntabwo Ima<strong>na</strong> yemeye ko umudayimoni atera umupapa umwe gusa,<br />

ahubwo habaye amaca<strong>ku</strong>biri hagati yabo bombi <strong>ku</strong>gira ngo abantu babashe <strong>ku</strong>batsinda bombi<br />

mu buryo bworoshye mu izi<strong>na</strong> rya Yesu.” 36<br />

Mu <strong>ku</strong>gera ikirenge mu cy’Umukiza we, Wycliffe yabwirije abakene ubutumwa bwiza.<br />

Ntabwo yanejejwe no gusakaza umucyo mu ngo z’abakene bo muri paruwasi ye ya<br />

Lutterworth gusa, ahubwo yiyemeje ko wagezwa mu bice byose by’igihugu cy’Ubwongereza.<br />

Kugira ngo agere <strong>ku</strong> ntego, yateguye itsinda ry’ababwiriza bari abantu boroheje kandi bitanze<br />

ba<strong>ku</strong>ndaga u<strong>ku</strong>ri ntibagire ikindi bifuza uretse <strong>ku</strong> kwamamaza. Abo bantu bagiye hirya no<br />

hino, bakigishiriza mu masoko, mu nzira zo mu mijyi minini ndetse no mu mihora yo mu<br />

cyaro. Bashakishaga abantu ba<strong>ku</strong>ze, abarwayi ndetse n’abakene maze bakababwira in<strong>ku</strong>ru<br />

nziza y’ubuntu bw’Ima<strong>na</strong>.<br />

Nk’umwigisha w’iby’iyobokama<strong>na</strong> ahitwa Oxford, Wycliffe yabwirizaga Ijambo<br />

ry’Ima<strong>na</strong> mu byumba binini byo muri kaminuza. Bitewe n’ubuhanga bwe, yigishaga<br />

abanyeshuri u<strong>ku</strong>ri ntacyo abahisha <strong>ku</strong> buryo yahawe intera yo kwitwa “umuhanga w’ikirenga<br />

mu butumwa bwiza.” Nyamara umurimo uhebuje iyindi Wycliffe yakoze mu buzima bwe<br />

wabaye uwo gusobanura Bibiliya mu rurimi rw’Icyongereza. Mu gitabo yanditse yise: “ U<strong>ku</strong>ri<br />

59

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!