07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Bwongereza. Aho yahigiye ibintu byinshi by’ingenzi byagombaga <strong>ku</strong>mufasha cyane mu<br />

mirimo ye yajyaga <strong>ku</strong>za<strong>ku</strong>rikiraho. Izo ntumwa zari zoherejwe <strong>na</strong> Papa, Wycliffe<br />

yazibonyemo imico nya<strong>ku</strong>ri ndetse n’intego by’inzego zitandukanye mu buyobozi bw’idini.<br />

Yagarutse mu Bwongereza gukomeza inyigisho yigishaga mbere abikora yeruye afite<br />

n’umwete mwinshi, akavuga ko umururumba, ubwibone n’uburyarya ari byo Roma yagize<br />

ima<strong>na</strong> zayo.<br />

Imwe mu nyandiko ze, ubwo Wycliffe yavugaga <strong>ku</strong> bya Papa n’abasoresha yashyizeho,<br />

yaravuze ati: ” Bavoma ibyajyaga <strong>ku</strong>beshaho abakene bo mu gihugu cyacu, ndetse n’ibihumbi<br />

byinshi bya zahabu n’ifeza baka mu butunzi bw’umwami buri mwaka bigakoreshwa mu<br />

masakaramentu n’ibindi bintu by’umwuka, kandi ari ubuyobe bukabije bwo <strong>ku</strong>gura no<br />

<strong>ku</strong>gurisha iby’umwuka byatumye Abakristo bose babyemera baka<strong>na</strong>shikama muri byo.<br />

Yarakomeje ati, ‘Kandi nubwo ubutegetsi bwacu bufite umusozi munini w’izahabu utagira<br />

undi uwukoraho uretse bariya basoresha bakorera umwepisikopi w’umwibone watwawe<br />

n’iby’isi; uko igihe kizagenda gihita, uyu musozi uzashiraho <strong>ku</strong>ko akomeza <strong>ku</strong>vunguraho<br />

atwara amafaranga y’igihugu cyacu ntacyo yinjizamo kitari umuvumo w’Ima<strong>na</strong> gusa binyuze<br />

mu <strong>ku</strong>gura no <strong>ku</strong>gurisha iby’umwuka.” 34<br />

Ubwo hari hashize igihe gito Wycliffe agarutse mu Bwongereza, umwami yamushinze<br />

<strong>ku</strong>ba umuyobozi mu<strong>ku</strong>ru wa Lutterworth. Ibi byari igihamya cy’uko umwami yanejejwe<br />

n’ibyo Wycliffe yavugaga yeruye. Impinduka Wycliffe yateje zagaragaye mu gutunganya<br />

imikorere ibwami ndetse no <strong>ku</strong>gorora imyizerere y’igihugu cyose.<br />

In<strong>ku</strong>ba ziturutse kwa Papa zahise zimwibasira. Inzandiko eshatu za Papa zoherejwe mu<br />

Bwongereza: rumwe rwoherezwa <strong>ku</strong>ri kaminuza, urundi <strong>ku</strong> mwami, <strong>na</strong>ho urundi<br />

rwohererezwa abayobozi ba<strong>ku</strong>ru b’idini. Izo nzandiko zose zategekaga ko hafatwa ibyemezo<br />

byihutiwe kandi bidakebakeba byo gucecekesha uwo muntu wigisha ubuyobe.” 35<br />

Ariko mbere y’uko izo nzandiko ziza, abepisikopi bari bihutiye gufata icyemezo ubwabo<br />

cyo guhamagaza Wycliffe ngo bamucire urubanza. Nyamara babiri mu bikomangoma<br />

bikomeye by’ibwami bamuherekeje mu rukiko ndetse n’abaturage bari bazengurutse<br />

inyubako bisuka mu cyumba baciramo imanza bityo abacamanza bagira ubwoba <strong>ku</strong> buryo<br />

urubanza rwahagaritswe maze Wycliffe abasha gusohoka agenda amahoro.<br />

Bitinze gato, Eduwaridi wa III (Edouard III), uwo abepesikopi bashakaga gukoresha ngo<br />

arwanye umugorozi Wycliffe, ariko akaza gupfa azize ubusaza, asimburwa n’umuntu wari<br />

ushyigikiye Wycliffe, aba umusigire <strong>ku</strong> ngoma.<br />

Nubwo byari bimeze bityo, <strong>ku</strong>za kw’inzandiko za Papa kwashimangiraga itegeko<br />

Ubwongereza bugomba <strong>ku</strong>bahiriza ryo gufata no gufunga uwanyuranyaga n’inyigisho za<br />

Papa. Izo ngamba zerekezaga <strong>ku</strong> gihano cyo <strong>ku</strong>bohera umuntu <strong>ku</strong> mbago agatwikwa.<br />

Byagaragaye neza ko bidatinze Wycliffe agiye guhinduka umuhigo wa Roma<br />

ikamwihimuraho. Nyamara uwari warigeze <strong>ku</strong>bwira umu<strong>ku</strong>rambere Aburamu ati: “Witinya,<br />

58

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!