07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

gihugu. Nyamara nubwo bamaraga igihe biberaho gi<strong>ku</strong>ngu kandi bishimisha, batumaga<br />

abantu b’injiji bashobora guca imigani itangaje, no <strong>ku</strong>vuga ibitekerezo by’ibihimbano<br />

n’inzenya <strong>ku</strong>gira ngo basetse abantu, bityo barusheho gukomeza <strong>ku</strong>ba abayoboke babo. Abo<br />

bapadiri babaga mu bigo bakomeje kwigarurira imbaga y’abantu bizeraga ubupfumu maze<br />

babatera kwizera ko inshingano yose mu myizerere i<strong>ku</strong>biyemo kwemera ubutware bwa Papa,<br />

gusenga abatagatifu no guha impano abapadiri kandi ko ibyo bihagije <strong>ku</strong>gira ngo bibaheshe<br />

rwose umwanya mu ijuru.<br />

Abantu b’abanyabwenge kandi b’inyangamugayo bari baragerageje <strong>ku</strong>za<strong>na</strong> impinduka mu<br />

mikorere y’ibyo bigo by’abapadiri nyamara biba iby’ubusa. Ariko Wycliffe, mu mirebere ye<br />

yuzuye gusobanukirwa neza, yarwanyije ikibi ahereye mu mizi, avuga yeruye ko iyo gahunda<br />

y’ibyo bigo ubwayo itari u<strong>ku</strong>ri kandi ko ikwiriye <strong>ku</strong>vaho.<br />

Ibyo byateje impaka n’ibibazo. Uko abapadiri bagendaga mu gihugu bagurisha impapuro<br />

zatanzwe <strong>na</strong> Papa zihesha imbabazi z’ibyaha, abantu benshi bageze ubwo bashidikanya<br />

uburyo bukoreshwa bwo <strong>ku</strong>gura imbabazi amafaranga, maze bibaza niba batabasha gusaba<br />

imbabazi Ima<strong>na</strong> aho <strong>ku</strong>zishaka <strong>ku</strong> mutware w’ikirenga w’i Roma. Ntabwo ari abantu bake<br />

batangazwaga n’ubwambuzi bw’abo bapadiri babaga mu bigo bari bafite umururumba<br />

utarigeraga ushira. Abantu baravugaga bati, “Abihayima<strong>na</strong> bikingira<strong>na</strong> mu bigo hamwe<br />

n’abapadiri bashyizweho <strong>na</strong> Roma bari <strong>ku</strong>tumunga nka kanseri. Ima<strong>na</strong> ikwiye <strong>ku</strong>turokora<br />

nibitaba ibyo abantu bazarimbuka.” 33<br />

Mu rwego rwo guhisha umururumba wabo, abo bapadiri basabirizaga bahamyaga ko<br />

ba<strong>ku</strong>rikiza urugero rw’Umukiza, bakavuga ko Yesu n’intumwa ze babeshwagaho n’impano<br />

bahawe n’abantu. Urwo rwitwazo rwateje akaga mu murimo wabo <strong>ku</strong>ko byatumye abantu<br />

benshi bajya gusoma Bibiliya <strong>ku</strong>gira ngo bimenyere u<strong>ku</strong>ri. Iyo yabaye ingaruka ikomeye<br />

Roma itifuzaga <strong>na</strong> gato. Intekerezo z’abantu zerekejwe <strong>ku</strong> Isoko y’u<strong>ku</strong>ri Roma yari<br />

yaragambiriye guhisha.<br />

Wycliffe yatangiye kwandika no gukwirakwiza inyandiko zivuguruza abapadiri, nyamara<br />

ntiyifuzaga cyane <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>jya impaka <strong>na</strong>bo, ahubwo yari ashishikajwe no kwerekeza intekerezo<br />

z’abantu <strong>ku</strong> byo Bibiliya yigisha no <strong>ku</strong> Uwayandikishije. Yavuze ko uretse n’abapadiri<br />

basanzwe <strong>na</strong> Papa ubwe adafite ubushobozi bwo <strong>ku</strong>babarira ibyaha cyangwa ubwo guca<br />

umuntu mu itorero kereka uwo muntu ubwe abanje kwizanira gucibwaho iteka n’Ima<strong>na</strong>. Nta<br />

bundi buryo bwiza yajyaga gukoresha asenya gahunda iremereye ityo y’ubuyobozi<br />

bw’iby’umwuka yashyizweho <strong>na</strong> Papa kandi yari yaragize imbohe miliyoni nyinshi z’abantu.<br />

Wycliffe yongeye guhamagarirwa <strong>ku</strong>rengera uburenganzira bw’ubwami<br />

bw’Ubwongereza imbere yo <strong>ku</strong>buvogera kwa Roma. Amaze <strong>ku</strong>girwa uhagarariye<br />

(ambasaderi) umwami, Wycliffe yamaze imyaka ibiri mu Buholandi agira<strong>na</strong> ibiganiro<br />

n’intumwa za Papa. Muri ibyo biganiro yabashije <strong>ku</strong>vuga<strong>na</strong> n’abayobozi b’idini bavuye mu<br />

Bufaransa, Ubutaliyani, <strong>na</strong> Esipanye, kandi agira umwanya wo <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ibyari byihishe<br />

inyuma y’ibyakorwaga no <strong>ku</strong>menya ibintu byinshi atari <strong>ku</strong>zasobanukirwa ari mu<br />

57

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!