07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Umwami n’ibyegera bye baherako bafatanyiriza hamwe kwanga ubutware bwa papa kandi<br />

banga gutanga imisoro yasabaga. Ibyo byashegeshe ubutegetsi bwa Papa mu Bwongereza.<br />

Ikindi kintu kibi Umugorozi Wycliffe yarwanyije igihe kirekire akoresheje imbaraga<br />

nyinshi ni ishyirwaho ry’ibigo by’abapadiri batagira umutungo wabo bwite ahubwo<br />

basabiriza. Abo basabirizi bari benshi mu Bwongereza, kandi bacaga intege ugukomera no<br />

gu<strong>ku</strong>ngahara by’igihugu. Inganda, uburezi n’umuco mbonera byose byagezweho n’ingaruka<br />

zabyo. Imibereho y’abapadiri yo <strong>ku</strong>tagira icyo bakora no gusabiriza ntabwo yamungaga<br />

umutungo wa rubanda gusa ahubwo ya<strong>na</strong>teye urubyiruko rushoboye gukora <strong>ku</strong>ba<br />

imburamumaro. Urubyiruko rwari rwarataye umuco. Bitewe n’abo bapadiri; benshi mu<br />

rubyiruko bashowe mu <strong>ku</strong>jya <strong>ku</strong>ba mu bigo by’abapadiri kandi bakegurira imibereho yabo<br />

<strong>ku</strong>ba muri ibyo bigo. Ibyo ntibyakorwaga ababyeyi babo batabemereye gusa ahubwo<br />

ntibabaga ba<strong>na</strong>bizi ndetse byabaga bi<strong>na</strong>nyuranyije n’amabwiriza babahaye. Ubwo umwe mu<br />

bapadiri ba mbere b’itorero ry’i Roma yafataga amabwiriza y’ibigo byabo akayarutisha<br />

uru<strong>ku</strong>ndo rw’imiryango yabo n’ibyo ibasaba, yabwiye ababizamo ati, “Nubwo so u<strong>ku</strong>byara<br />

yaryama <strong>ku</strong> muryango wawe abogoza amarira kandi aganya, ndetse <strong>na</strong> nyoko akambika ubusa<br />

inda yagutwise n’amabere yakonkeje, uzabatambuke maze ukomeze usange Kristo.”<br />

Kubw’iyi “mvugo ya kinyamaswa” nk’uko Luteri yaje <strong>ku</strong>yita nyuma, ‘yagaragazaga imico<br />

nk’iy’ikirura n’umunyagitugu w’umubisha <strong>ku</strong>ruta uko yaba iy’umukristo ndetse n’umuntu’,<br />

imitima y’aba<strong>na</strong> yara<strong>na</strong>ngirwaga ikagomera ababyeyi babo. 32 Nk’uko Abafarisayo bo mu<br />

gihe cya kera babigenje, uko ni ko abayobozi b’ubupapa bahinduye ubusa amategeko y’Ima<strong>na</strong><br />

bakayasimbuza imigenzo yabo. Uko ni ko imiryango yasigayemo ubusa maze ababyeyi<br />

bamburwa abahungu n’abakobwa babo.<br />

N’abanyeshuri bo muri za kaminuza bashukwaga n’ibitekerezo bibi by’abapadiri kandi<br />

bakagwa mu mutego wo kwemera ibyo babategekaga. Byaratindaga benshi muri bo bakagera<br />

ubwo bicuza iyo ntambwe bateye, bamaze <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ko ibyo barimo byangije ubuzima bwabo<br />

kandi bikaba byarababaje ababyeyi babo. Nyamara uwabaga yaramaze gufatwa mu mutego,<br />

ntibyashobokaga ko bawuvamo ngo basubire mu mudendezo. Kubwo gutinya ibikorwa<br />

by’abo bapadiri, ababyeyi benshi banze kohereza aba<strong>na</strong> babo ngo bajye kwiga muri za<br />

kaminuza. Habayeho <strong>ku</strong>gabanyuka gukomeye k’umubare w’abanyeshuri bajyaga mu bigo<br />

by’amashuri bikomeye. Amashuri yabuze abayigamo maze ubujiji buba gikwira.<br />

Papa yari yarahaye abo bapadiri ubushobozi bwo kwakira abantu bicuza ibyaha no <strong>ku</strong>baha<br />

imbabazi. Ibyo byabaye isoko y’ibibi bikomeye. Kubera <strong>ku</strong>rangamira <strong>ku</strong>gwiza indamu zabo,<br />

bahoraga biteguye gutanga imbabazi z’ibyaha <strong>ku</strong> buryo abicanyi b’uburyo bwose<br />

babasangaga, bityo ingaruka yaje <strong>ku</strong>ba iy’uko ubugizi bwa <strong>na</strong>bi bukabije bwiyongereye vuba<br />

vuba. Abakene n’abarwayi bari barabaye intabwa mu gihe impano zari zikwiriye gukemura<br />

ubukene bwabo zashyirwaga abapadiri bakaga abantu ibyo <strong>ku</strong>bafasha babakangisha, ko<br />

abatazazitanga batazafatwa nk’abantu batunganye. Nubwo bavugaga ko ari abakene,<br />

ubu<strong>ku</strong>ngu bw’abo bapadiri bwarushagaho <strong>ku</strong>gwira kandi inyubako zabo z’ibitangarirwa,<br />

n’ibyo<strong>ku</strong>rya bya gi<strong>ku</strong>ngu <strong>ku</strong> meza yabo byarushagaho guhamya ubukene bwiyongera mu<br />

56

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!