07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

gihugu; kandi abanzi be ntibabashaga <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> aho bahera barwanya ubugorozi bashingiye <strong>ku</strong><br />

bujiji cyangwa intege nke z’u<strong>ku</strong>rangaje imbere.<br />

Igihe Wycliffe yari akiri mu mashuri nibwo yatangiye kwiga Ibyanditswe. Muri ibyo bihe<br />

bya mbere ubwo Bibiliya yari yanditswe mu ndimi za kera gusa, abari barize ni bo babashaga<br />

<strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> inzira ibageza <strong>ku</strong> isoko y’u<strong>ku</strong>ri. Iyo nzira yari ifunzwe <strong>ku</strong> matsinda y’abari batarize.<br />

Bityo inzira yari yaramaze gutegurirwa Wycliffe mu murimo yari <strong>ku</strong>zakora nk’Umugorozi.<br />

Abantu bajijutse bari barize Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> kandi bari barabonye u<strong>ku</strong>ri gukomeye k’ubuntu<br />

bw’Ima<strong>na</strong> buhishurwa muri byo. Mu myigishirize yabo bari barakwirakwije u<strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ri kandi<br />

bari barayoboye abandi ngo bagaruke <strong>ku</strong> nyigisho nzima.<br />

Ubwo intekerezo za Wycliffe zerekeraga <strong>ku</strong> Byanditswe, yitangiye <strong>ku</strong>bicu<strong>ku</strong>mbura<strong>na</strong><br />

umwete nk’uwo yari afite wari waramubashishije <strong>ku</strong>menya neza ibyo yigaga mu mashuri.<br />

Kugeza icyo gihe yari yarumvise hari icyo abura gikomeye adashobora <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> mu byo yize<br />

cyangwa ngo agi<strong>ku</strong>re mu nyigisho z’idini. Mu Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> yabonyemo icyo yari<br />

yarabuze mbere hose. Yasanze i<strong>na</strong>ma y’agakiza ihishurwa mu Byanditswe kandi <strong>na</strong> Kristo<br />

yerekanwa nk’umuvugizi umwe ru<strong>ku</strong>mbi w’umuntu. Yitangiye gukora umurimo wa Kristo<br />

kandi yiyemeza kwamamaza u<strong>ku</strong>ri yari yaravumbuye.<br />

Kimwe n’abagorozi ba<strong>ku</strong>rikiyeho, <strong>ku</strong> itangira ry’umurimo we, ntabwo Wycliffe yabo<strong>na</strong>ga<br />

aho uzamugeza. Ntabwo yapfuye kwiyemeza <strong>ku</strong>tavuga rumwe <strong>na</strong> Roma. Ariko uko yari<br />

yariyeguriye u<strong>ku</strong>ri nta kindi byajyaga gukora uretse <strong>ku</strong>mutera guhanga<strong>na</strong> n’ikinyoma. Uko<br />

yarushagaho <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> neza amakosa y’ubupapa ni ko yongeraga umurego mu kwigisha<br />

inyigisho ya Bibiliya. Yabonye ko Roma yari yarasimbuje Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> imigenzo<br />

y’abantu. Yavuze ashize amanga maze ashinja abapadiri <strong>ku</strong>ba barabuzanyije Ibyanditswe<br />

Byera, kandi asaba ko Bibiliya yakongera guhabwa abantu ndetse ikongera guhabwa agaciro<br />

kayo mu itorero. Yari umwigisha ubishoboye kandi w’umunyamurava ndetse yari<br />

n’umubwiriza w’intyoza. Ikindi kandi, imibereho ye ya buri munsi yagaragazaga u<strong>ku</strong>ri<br />

yabwirizaga. Ubumenyi bw’Ibyanditswe yari afite, imbaraga ze zo gutekereza, ubutungane<br />

bw’imibereho ye, umurava we udacogora n’ubunyangamugayo bwe byamuhesheje<br />

icyubahiro n’icyizere muri rubanda. Uko babo<strong>na</strong>ga uburyo icyaha cyari cyarahawe intebe mu<br />

itorero ry’i Roma, abenshi muri rubanda bari barageze aho bumva bazinutswe imyizerere<br />

isanzwe, bityo bakira<strong>na</strong> ibyishimo bitavugwa ibitekerezo bizanywe <strong>na</strong> Wycliffe; nyamara<br />

abapadiri bari buzuye uburakari bukaze ubwo babo<strong>na</strong>ga ko uyu Mugorozi ari <strong>ku</strong>gira ijambo<br />

<strong>ku</strong>barusha.<br />

Wycliffe yari umuhanga ubasha <strong>ku</strong>vumbura ikosa, kandi yarwanyije ibibi byakorwaga<br />

n’ubutegetsi bwa Roma ashize ubwoba. Mu gihe yari ashinzwe iby’iyobokoma<strong>na</strong> i bwami,<br />

yarwanyije itegeko rya Papa ryasabaga umwami w’Ubwongereza guha Papa umusoro kandi<br />

yereka<strong>na</strong> ko ubutware ubupapa bwihaye <strong>ku</strong> batware b’isi bwari bunyuranyije n’umutima<strong>na</strong>ma<br />

ndetse n’ibyo Ima<strong>na</strong> ihishurira abantu. Ibyo Papa yasabaga byari byarateje abantu <strong>ku</strong>zinukwa<br />

<strong>ku</strong> buryo inyigisho za Wycliffe zahinduye ibitekerezo by’abategetsi ba<strong>ku</strong>ru mu gihugu.<br />

55

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!