Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba k’indyarya kuzuye ubwibone kagomba kwicwa nk’inzoka z’ubusabwe.”-Wylie, b.16, ch.I. Mbese uyu muyobozi w’ikirenga w’idini wirataga yarazirikanaga ko azabazwa iby’ayo magambo? Mbese yaba yari azi ko ayo magambo yanditswe mu bitabo byo mu ijuru kugira ngo azamubere umushinja ku munsi w’urubanza? Yesu yaravuze ati, “ Ndababwira ukuri yuko ubwo mwabikoreye umwe muri bene Data, aba boroheje bari hanyuma y’abandi, ari jye mwabikoreye.” 30 Iryo tegeko rya Papa ryararikiraga abayoboke b’itorero bose guhagurukira kurwanya abanyuranya nabo. Agahimbazamusyi kahabwaga abirunduriraga muri iki gikorwa cyo kuvusha amaraso kari uko, ‘byaheshaga umuntu imbabazi ku gihano cyose cy’icyaha cyose gikorewe itorero cyaba ikiri rusange cyangwa icyihariye; abantu bose bajyaga muri uru rugamba rwo kuvusha byabakuragaho indahiro zose bari bararahiye, bikabahesha uburenganzira bwemewe n’amategeko ku mitungo bashoboraga kuba baragezeho mu buryo butemewe; kandi umuntu wese wabashaga kwica uwo ari we wese utaremeraga inyigisho z’ubupapa yasezeranirwaga imbabazi z’ibyaha bye byose. Iryo tegeko ryakuragaho amasezerano y’uburyo bwose umuntu yabaga yaragiranye n’Abavoduwa, rigategeka ababakoreraga mu ngo bose kubavaho, rikabuza abantu bose kugira ubufasha ubwo ari bwo bwose babaha kandi rigahesha uburenganzira abantu bose bwo kwigarurira imitungo y’Abavoduwa.’ -Wylie, b.16. ch.I. Iryo tegeko rihishura mu buryo bugaragara umwuka wari wihishe inyuma y’ibyabaga. Ni ukuvuga kw’ikiyoka, ntabwo ari ijwi rya Kristo ryumvikana muri iyo nyandiko. Ntabwo abayobozi bashyizweho n’ubupapa bashakaga ko imico yabo igendera ku mahame ntavuguruzwa y’amategeko y’Imana. Ahubwo bashyizeho urugero ruhuje n’ubushake bwabo bwite kandi biyemeza guhatira abantu bose kubikurikiza kubera ko ari ko Roma yabishakaga. Hakozwe ubugome buteye ubwoba bikabije. Abapadiri n’abapapa bangiritse kandi batukishaga Imana bakoraga umurimo Satani yabashinze. Nta mbabazi zabarangwagamo. Umwuka wabambishije Kristo kandi ukica intumwa, wa wundi wakoresheje Nero wagiraga inyota yo kuvusha amaraso akarwanya indahemuka ku Mana zo mu gihe cye, wari ku murimo kugira ngo utsembeho abo Imana yakundaga. Akarengane kamaze imyaka ibinyejana byinshi kibasiye aba bantu bubahaga Imana, bakihanaganiye badatezuka kandi badakebakeba bubaha Umukiza wabo. Nubwo bari bugarijwe n’ibyo bitero byabahigaga ndetse no kwicwa bunyamaswa, bakomeje kohereza abavugabutumwa babo kugira ngo bajye kwamamaza ukuri kw’agaciro kenshi. Barahigwaga kugeza ubwo biciwe ariko amaraso yabo yavomereraga imbuto babaga babibye kandi ntiyaburaga kwera imbuto. Nguko uko Abavoduwa bahamije Imana mu binyejana byinshi mbere yo kuvuka kwa Luteri (Luther). Batatanirijwe mu turere twinshi, babibye imbuto z’ivugurura (ubugorozi) ryatangiye mu gihe cya Wycliffe, zikarushaho kwamamara no gushinga imizi mu gihe cya Luteri, kandi kugeza ku iherezo ry’ibihe, zigomba gukomeza kwamamazwa n’abemera kubabazwa kose “babahora Ijambo ry’Imana no guhamya kwa Yesu” 31 52

Itorero na Leta ku Rugamba 53

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

53

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!