Itorero na Leta ku Rugamba
Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...
Itorero na Leta ku Rugamba k’indyarya kuzuye ubwibone kagomba kwicwa nk’inzoka z’ubusabwe.”-Wylie, b.16, ch.I. Mbese uyu muyobozi w’ikirenga w’idini wirataga yarazirikanaga ko azabazwa iby’ayo magambo? Mbese yaba yari azi ko ayo magambo yanditswe mu bitabo byo mu ijuru kugira ngo azamubere umushinja ku munsi w’urubanza? Yesu yaravuze ati, “ Ndababwira ukuri yuko ubwo mwabikoreye umwe muri bene Data, aba boroheje bari hanyuma y’abandi, ari jye mwabikoreye.” 30 Iryo tegeko rya Papa ryararikiraga abayoboke b’itorero bose guhagurukira kurwanya abanyuranya nabo. Agahimbazamusyi kahabwaga abirunduriraga muri iki gikorwa cyo kuvusha amaraso kari uko, ‘byaheshaga umuntu imbabazi ku gihano cyose cy’icyaha cyose gikorewe itorero cyaba ikiri rusange cyangwa icyihariye; abantu bose bajyaga muri uru rugamba rwo kuvusha byabakuragaho indahiro zose bari bararahiye, bikabahesha uburenganzira bwemewe n’amategeko ku mitungo bashoboraga kuba baragezeho mu buryo butemewe; kandi umuntu wese wabashaga kwica uwo ari we wese utaremeraga inyigisho z’ubupapa yasezeranirwaga imbabazi z’ibyaha bye byose. Iryo tegeko ryakuragaho amasezerano y’uburyo bwose umuntu yabaga yaragiranye n’Abavoduwa, rigategeka ababakoreraga mu ngo bose kubavaho, rikabuza abantu bose kugira ubufasha ubwo ari bwo bwose babaha kandi rigahesha uburenganzira abantu bose bwo kwigarurira imitungo y’Abavoduwa.’ -Wylie, b.16. ch.I. Iryo tegeko rihishura mu buryo bugaragara umwuka wari wihishe inyuma y’ibyabaga. Ni ukuvuga kw’ikiyoka, ntabwo ari ijwi rya Kristo ryumvikana muri iyo nyandiko. Ntabwo abayobozi bashyizweho n’ubupapa bashakaga ko imico yabo igendera ku mahame ntavuguruzwa y’amategeko y’Imana. Ahubwo bashyizeho urugero ruhuje n’ubushake bwabo bwite kandi biyemeza guhatira abantu bose kubikurikiza kubera ko ari ko Roma yabishakaga. Hakozwe ubugome buteye ubwoba bikabije. Abapadiri n’abapapa bangiritse kandi batukishaga Imana bakoraga umurimo Satani yabashinze. Nta mbabazi zabarangwagamo. Umwuka wabambishije Kristo kandi ukica intumwa, wa wundi wakoresheje Nero wagiraga inyota yo kuvusha amaraso akarwanya indahemuka ku Mana zo mu gihe cye, wari ku murimo kugira ngo utsembeho abo Imana yakundaga. Akarengane kamaze imyaka ibinyejana byinshi kibasiye aba bantu bubahaga Imana, bakihanaganiye badatezuka kandi badakebakeba bubaha Umukiza wabo. Nubwo bari bugarijwe n’ibyo bitero byabahigaga ndetse no kwicwa bunyamaswa, bakomeje kohereza abavugabutumwa babo kugira ngo bajye kwamamaza ukuri kw’agaciro kenshi. Barahigwaga kugeza ubwo biciwe ariko amaraso yabo yavomereraga imbuto babaga babibye kandi ntiyaburaga kwera imbuto. Nguko uko Abavoduwa bahamije Imana mu binyejana byinshi mbere yo kuvuka kwa Luteri (Luther). Batatanirijwe mu turere twinshi, babibye imbuto z’ivugurura (ubugorozi) ryatangiye mu gihe cya Wycliffe, zikarushaho kwamamara no gushinga imizi mu gihe cya Luteri, kandi kugeza ku iherezo ry’ibihe, zigomba gukomeza kwamamazwa n’abemera kubabazwa kose “babahora Ijambo ry’Imana no guhamya kwa Yesu” 31 52
Itorero na Leta ku Rugamba 53
- Page 9 and 10: Itorero na Leta ku Rugamba 1
- Page 11 and 12: Itorero na Leta ku Rugamba Imbonera
- Page 13 and 14: Itorero na Leta ku Rugamba 5
- Page 15 and 16: Itorero na Leta ku Rugamba muri icy
- Page 17 and 18: Itorero na Leta ku Rugamba n’iyo
- Page 19 and 20: Itorero na Leta ku Rugamba n’ibyi
- Page 21 and 22: Itorero na Leta ku Rugamba kumanuka
- Page 23 and 24: Itorero na Leta ku Rugamba gusubira
- Page 25 and 26: Itorero na Leta ku Rugamba benshi b
- Page 27 and 28: Itorero na Leta ku Rugamba umusubiz
- Page 29 and 30: Itorero na Leta ku Rugamba Ariko nk
- Page 31 and 32: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 33 and 34: Itorero na Leta ku Rugamba kuducira
- Page 35 and 36: Itorero na Leta ku Rugamba n’akar
- Page 37 and 38: Itorero na Leta ku Rugamba cy’aka
- Page 39 and 40: Itorero na Leta ku Rugamba Imwe mu
- Page 41 and 42: Itorero na Leta ku Rugamba Icyakora
- Page 43 and 44: Itorero na Leta ku Rugamba igahoshw
- Page 45 and 46: Itorero na Leta ku Rugamba Nguko uk
- Page 47 and 48: Itorero na Leta ku Rugamba 39
- Page 49 and 50: Itorero na Leta ku Rugamba Igihe ab
- Page 51 and 52: Itorero na Leta ku Rugamba b’Iman
- Page 53 and 54: Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo bur
- Page 55 and 56: Itorero na Leta ku Rugamba Barazige
- Page 57 and 58: Itorero na Leta ku Rugamba Abawalid
- Page 59: Itorero na Leta ku Rugamba Igihe cy
- Page 63 and 64: Itorero na Leta ku Rugamba gihugu;
- Page 65 and 66: Itorero na Leta ku Rugamba gihugu.
- Page 67 and 68: Itorero na Leta ku Rugamba ni jye n
- Page 69 and 70: Itorero na Leta ku Rugamba murimo w
- Page 71 and 72: Itorero na Leta ku Rugamba “Nta m
- Page 73 and 74: Itorero na Leta ku Rugamba Ibyandit
- Page 75 and 76: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 77 and 78: Itorero na Leta ku Rugamba by’igi
- Page 79 and 80: Itorero na Leta ku Rugamba bwabo ha
- Page 81 and 82: Itorero na Leta ku Rugamba urupfu r
- Page 83 and 84: Itorero na Leta ku Rugamba Kristo i
- Page 85 and 86: Itorero na Leta ku Rugamba bwashege
- Page 87 and 88: Itorero na Leta ku Rugamba baranyeg
- Page 89 and 90: Itorero na Leta ku Rugamba kigabwa.
- Page 91 and 92: Itorero na Leta ku Rugamba Nk’uko
- Page 93 and 94: Itorero na Leta ku Rugamba n’iby
- Page 95 and 96: Itorero na Leta ku Rugamba Luteri y
- Page 97 and 98: Itorero na Leta ku Rugamba mahoro n
- Page 99 and 100: Itorero na Leta ku Rugamba icyo gih
- Page 101 and 102: Itorero na Leta ku Rugamba wiringir
- Page 103 and 104: Itorero na Leta ku Rugamba Inkuru z
- Page 105 and 106: Itorero na Leta ku Rugamba yakoresh
- Page 107 and 108: Itorero na Leta ku Rugamba yiyitiri
- Page 109 and 110: Itorero na Leta ku Rugamba kandi ko
<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />
53