07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

k’indyarya <strong>ku</strong>zuye ubwibone kagomba kwicwa nk’inzoka z’ubusabwe.”-Wylie, b.16, ch.I.<br />

Mbese uyu muyobozi w’ikirenga w’idini wirataga yarazirika<strong>na</strong>ga ko azabazwa iby’ayo<br />

magambo? Mbese yaba yari azi ko ayo magambo yanditswe mu bitabo byo mu ijuru <strong>ku</strong>gira<br />

ngo azamubere umushinja <strong>ku</strong> munsi w’urubanza? Yesu yaravuze ati, “ Ndababwira u<strong>ku</strong>ri<br />

yuko ubwo mwabikoreye umwe muri bene Data, aba boroheje bari hanyuma y’abandi, ari jye<br />

mwabikoreye.” 30<br />

Iryo tegeko rya Papa ryararikiraga abayoboke b’itorero bose guhagurukira <strong>ku</strong>rwanya<br />

abanyuranya <strong>na</strong>bo. Agahimbazamusyi kahabwaga abirunduriraga muri iki gikorwa cyo<br />

<strong>ku</strong>vusha amaraso kari uko, ‘byaheshaga umuntu imbabazi <strong>ku</strong> gihano cyose cy’icyaha cyose<br />

gikorewe itorero cyaba ikiri rusange cyangwa icyihariye; abantu bose bajyaga muri uru<br />

rugamba rwo <strong>ku</strong>vusha byaba<strong>ku</strong>ragaho indahiro zose bari bararahiye, bikabahesha<br />

uburenganzira bwemewe n’amategeko <strong>ku</strong> mitungo bashoboraga <strong>ku</strong>ba baragezeho mu buryo<br />

butemewe; kandi umuntu wese wabashaga kwica uwo ari we wese utaremeraga inyigisho<br />

z’ubupapa yasezeranirwaga imbabazi z’ibyaha bye byose. Iryo tegeko rya<strong>ku</strong>ragaho<br />

amasezerano y’uburyo bwose umuntu yabaga yaragiranye n’Abavoduwa, rigategeka<br />

ababakoreraga mu ngo bose <strong>ku</strong>bavaho, rikabuza abantu bose <strong>ku</strong>gira ubufasha ubwo ari bwo<br />

bwose babaha kandi rigahesha uburenganzira abantu bose bwo kwigarurira imitungo<br />

y’Abavoduwa.’ -Wylie, b.16. ch.I. Iryo tegeko rihishura mu buryo bugaragara umwuka wari<br />

wihishe inyuma y’ibyabaga. Ni u<strong>ku</strong>vuga kw’ikiyoka, ntabwo ari ijwi rya Kristo ryumvika<strong>na</strong><br />

muri iyo nyandiko.<br />

Ntabwo abayobozi bashyizweho n’ubupapa bashakaga ko imico yabo igendera <strong>ku</strong><br />

mahame ntavuguruzwa y’amategeko y’Ima<strong>na</strong>. Ahubwo bashyizeho urugero ruhuje<br />

n’ubushake bwabo bwite kandi biyemeza guhatira abantu bose <strong>ku</strong>bi<strong>ku</strong>rikiza <strong>ku</strong>bera ko ari ko<br />

Roma yabishakaga. Hakozwe ubugome buteye ubwoba bikabije. Abapadiri n’abapapa<br />

bangiritse kandi batukishaga Ima<strong>na</strong> bakoraga umurimo Satani yabashinze. Nta mbabazi<br />

zabarangwagamo. Umwuka wabambishije Kristo kandi ukica intumwa, wa wundi<br />

wakoresheje Nero wagiraga inyota yo <strong>ku</strong>vusha amaraso akarwanya indahemuka <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> zo<br />

mu gihe cye, wari <strong>ku</strong> murimo <strong>ku</strong>gira ngo utsembeho abo Ima<strong>na</strong> ya<strong>ku</strong>ndaga.<br />

Akarengane kamaze imyaka ibinyeja<strong>na</strong> byinshi kibasiye aba bantu bubahaga Ima<strong>na</strong>,<br />

bakiha<strong>na</strong>ganiye badatezuka kandi badakebakeba bubaha Umukiza wabo. Nubwo bari<br />

bugarijwe n’ibyo bitero byabahigaga ndetse no kwicwa bunyamaswa, bakomeje kohereza<br />

abavugabutumwa babo <strong>ku</strong>gira ngo bajye kwamamaza u<strong>ku</strong>ri kw’agaciro kenshi. Barahigwaga<br />

<strong>ku</strong>geza ubwo biciwe ariko amaraso yabo yavomereraga imbuto babaga babibye kandi<br />

ntiyaburaga kwera imbuto. Nguko uko Abavoduwa bahamije Ima<strong>na</strong> mu binyeja<strong>na</strong> byinshi<br />

mbere yo <strong>ku</strong>vuka kwa Luteri (Luther). Batatanirijwe mu turere twinshi, babibye imbuto<br />

z’ivugurura (ubugorozi) ryatangiye mu gihe cya Wycliffe, zikarushaho kwamamara no<br />

gushinga imizi mu gihe cya Luteri, kandi <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> iherezo ry’ibihe, zigomba gukomeza<br />

kwamamazwa n’abemera <strong>ku</strong>babazwa kose “babahora Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> no guhamya kwa<br />

Yesu” 31<br />

52

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!