07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ibyaha byanjye.” Bishingikirizaga byimazeyo <strong>ku</strong> byo Yesu yakoze, bagasubira muri aya<br />

magambo bati: “ Ariko utizera ntibishoboka ko ayinezeza.” 27 ‘ Kandi nta wundi agakiza<br />

kabonerwamo, <strong>ku</strong>ko ari nta rindi zi<strong>na</strong> munsi y’ijuru ryahawe abantu, dukwiriye<br />

gukirizwamo.” 28<br />

Bamwe mu bafite imitima itentebutse ntibyaboroheye gusobanukirwa n’ubwishingizi<br />

bw’uru<strong>ku</strong>ndo rw’Umukiza. Ariko guhumurizwa byaza<strong>na</strong>ga kwari kwinshi. Umucyo mwinshi<br />

warabarasiye <strong>ku</strong>geza babaye nk’abageze mu ijuru. Ibiganza byabo byari bishikamye mu<br />

kiganza cya Kristo; kandi ibirenge byabo byari bishinzwe <strong>ku</strong> Rutare rw’iteka. Gutinya urupfu<br />

kose ntikwari <strong>ku</strong>kibarangwamo. Bajyaga guhitamo gushyirwa mu nzu y’imbohe cyangwa<br />

gu<strong>ku</strong>bitwa ibiboko <strong>ku</strong>bw’uko <strong>ku</strong>girirwa batyo byahesha icyubahiro izi<strong>na</strong> ry’Umucunguzi<br />

wabo.<br />

Uko ni ko Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> ryagezwaga ahantu hihishe kandi rimwe <strong>na</strong> rimwe<br />

rigasomerwa umuntu umwe, ubundi rigasomerwa itsinda ry’abantu babaga bifuza cyane<br />

kwakira umucyo n’u<strong>ku</strong>ri. Kenshi bakeshaga ijoro baryiga. Gutangara kw’ababaga bateze<br />

amatwi kwabaga ari kwinshi <strong>ku</strong> buryo kenshi uwavugaga ubutumwa bw’ubuntu yahatirwaga<br />

<strong>ku</strong>dahagarika gusoma <strong>ku</strong>geza ubwo abantu babashije gusobanukirwa ubutumwa bw’agakiza.<br />

Kenshi habashaga <strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong>ga amagambo nk’aya ngo: “Mbese Ima<strong>na</strong> izemera ituro<br />

ryanjye? Mbese Ima<strong>na</strong> izamwenyurira? Mbese izambabarira?” Hasomwaga igisubizo ngo: “<br />

Mwese abarushye n’abaremerewe, nimuze munsange, ndabaruhura.” 29<br />

Ukwizera kwakiraga isezerano maze ha<strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong> igisubizo kinejeje ngo: “Hehe no<br />

kongera gukora ingendo ndende; gukora ingendo njya <strong>ku</strong> tununga dutagatifu birashize.<br />

Nshobora gusanga Yesu uko ndi, ndi umunyabyaha kandi ntatunganye, kandi ntazasubiza<br />

inyuma isengesho ryo kwiha<strong>na</strong>. ‘Ibyaha byawe urabibabariwe.’ “Ibyaha byanjye <strong>na</strong>byo<br />

bishobora <strong>ku</strong>babarirwa!”<br />

Ibyishimo byabashaga <strong>ku</strong>zura umutima kandi izi<strong>na</strong> rya Yesu rikererezwa binyuze mu<br />

gusingiza no gushima. Abo bantu babaga banezerewe basubiraga mu ngo zabo bagiye<br />

gukwirakwiza umucyo, bagakora uko bashoboye kose <strong>ku</strong>gira ngo babwire abandi<br />

iby’imibereho yabo mishya; bakababwira ko bamaze <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> Inzira nya<strong>ku</strong>ri kandi nzima. Mu<br />

magambo Ibyanditswe Byera byabwiraga imitima y’abari basonzeye u<strong>ku</strong>ri hari harimo<br />

imbaraga idasanzwe kandi ikomeye. Ryari jwi ry’Ima<strong>na</strong> kandi ryateye abaryumvise kwemera.<br />

Intumwa yamamazaga u<strong>ku</strong>ri yakomeje urugendo rwayo; ariko kwicisha bugufi kwayo,<br />

<strong>ku</strong>vugisha u<strong>ku</strong>ri, <strong>ku</strong>maramaza kwayo, ubwitange n’umurava byahoraga bizirikanwa. Ahenshi<br />

abategaga iyo ntumwa amatwi ntabwo bayibajije aho iturutse n’aho iga<strong>na</strong>. Abantu bari<br />

barishimye cyane, ubwa mbere bafite gutangara nyuma gu<strong>ku</strong>rikirwa no gushima n’ibyishimo,<br />

<strong>ku</strong> buryo batigeze batekereza kwibaza iby’iyo ntumwa. Iyo bamurarikiraga <strong>ku</strong>jya<strong>na</strong> <strong>na</strong>bo mu<br />

ngo zabo, yasubizaga ko agomba gusura intama zazimiye zo mu mu<strong>ku</strong>mbi. Ibyo byatumaga<br />

bibaza niba atari Umumarayika waturutse mu ijuru.<br />

50

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!