07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Abawalidense (Abavoduwa) bifuzaga cyane <strong>ku</strong>manyagurira umutsima w’ubugingo abo<br />

bantu bashonje, bakabamenyesha ubutumwa bw’amahoro buri mu masezerano y’Ima<strong>na</strong> kandi<br />

bakabereka Kristo we byiringiro byabo ru<strong>ku</strong>mbi by’agakiza. Bari basobanukiwe neza ko<br />

inyigisho ivuga ko imirimo myiza ishobora guhesha imbabazi uwishe itegeko ry’Ima<strong>na</strong><br />

ishingiye <strong>ku</strong> kinyoma. Kwishingikiriza <strong>ku</strong> byo umuntu ashobora gukora bibuza umuntu<br />

<strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> uru<strong>ku</strong>ndo rwa Kristo rutagerwa. Yesu yarapfuye abera umuntu igitambo <strong>ku</strong>bera ko<br />

ntacyo inyokomuntu yacumuye ishobora gukora cyatuma yemerwa n’Ima<strong>na</strong>. Ibyo Umukiza<br />

wabambwe akazuka yakoze ni byo shingiro ryo kwizera kwa Gikristo. Kwishingikiriza <strong>ku</strong>ri<br />

Kristo k’umuntu ni ngombwa kandi umuntu agomba <strong>ku</strong>gira<strong>na</strong> isano <strong>na</strong> We mu buryo<br />

bomatanye nk’uko amaguru n’amaboko biba bifashe <strong>ku</strong> mubiri cyangwa nk’uko ishami riba<br />

<strong>ku</strong> muzabibu.<br />

Inyigisho z’abapapa n’abapadiri zari zaratumye abantu biyumvisha ko imico y’Ima<strong>na</strong><br />

ndetse n’iya Kristo ari iy’umwaga, umwijima n’iterabwoba. Umukiza yatekerezwaga<br />

nk’utagirira impuhwe umuntu mu bunyacyaha bwe <strong>ku</strong> buryo hagomba kwitabazwa ubuhuza<br />

bukozwe n’abapadiri n’abatagatifu. Abari bafite ibitekerezo byari byaramurikiwe n’Ijambo<br />

ry’Ima<strong>na</strong>, bifuzaga kwerekeza abantu <strong>ku</strong>ri Yesu nk’Umukiza wabo w’umunyampuhwe, wuje<br />

uru<strong>ku</strong>ndo kandi uramburiye amaboko ararika bose <strong>ku</strong>musanga bamuzaniye imitwaro yabo<br />

y’ibyaha, ibibarushya n’ibibaremereye. Bifuzaga gu<strong>ku</strong>ra mu nzira inzitizi zose Satani yari<br />

yarashyizemo <strong>ku</strong>gira ngo abantu batabo<strong>na</strong> amasezerano y’Ima<strong>na</strong> kandi badahita bayisanga,<br />

bakatura ibyaha byabo ngo bahabwe imbabazi n’amahoro.<br />

Umuvugabutumwa w’Umuvoduwa yigishanyaga umwete n’ubwuzu abafite ubushake<br />

bwo <strong>ku</strong>menya u<strong>ku</strong>ri guhebuje kw’ubutumwa bwiza. Yakora<strong>na</strong>ga ubushishozi n’ubwitonzi mu<br />

kwereka<strong>na</strong> imigabane imwe y’Ibyanditswe Byera. Yanezezwaga cyane no guha ibyiringiro<br />

umutima w’indakemwa, wihebeshejwe n’icyaha wabo<strong>na</strong>ga ko umugambi w’Ima<strong>na</strong> ari<br />

uguhora ndetse ko yiteguye guha<strong>na</strong> gusa. Akenshi uwo muvugabutumwa w’Umuvoduwa<br />

yarapfukamaga, akavuga<strong>na</strong> intimba n’amarira maze akabwira abavandimwe be amasezerano<br />

meza cyane ahishura ibyiringiro bimwe ru<strong>ku</strong>mbi by’umunyabyaha. Uko ni ko umucyo<br />

w’u<strong>ku</strong>ri wacengeye mu bantu benshi bari bari mu mwijima maze ugatamurura igihu<br />

cy’umubabaro barimo <strong>ku</strong>geza ubwo Izuba ryo gukiranuka rimurikiye mu mitima rifite gukiza<br />

mu mirasire yaryo. Kenshi byabaga ngombwa ko umugabane umwe wo mu Byanditswe<br />

usomwa ugasubirwamo, uteze amatwi yifuje <strong>ku</strong>wusubirirwamo <strong>ku</strong>gira ngo amenye ko<br />

yabyumvise koko. By’umwihariko, bifuzaga cyane gusubirirwamo aya magambo ngo: “<br />

Amaraso ya Yesu Umwa<strong>na</strong> wayo atwezaho ibyaha byose.” ‘ 25 Kandi nk’uko Mose<br />

yamanitse inzoka mu butayu, ni ko umwa<strong>na</strong> w’umuntu akwiriye <strong>ku</strong>manikwa; <strong>ku</strong>gira ngo<br />

umwizera wese abone guhabwa ubugingo buhoraho„26<br />

Abantu benshi bari baratahuye ubushukanyi bwa Roma. Bari barasobanukiwe ko byaba<br />

ari imfabusa ko umunyabyaha yasabirwa imbabazi n’abantu cyangwa Abamarayika. Ubwo<br />

umucyo nya<strong>ku</strong>ri wageraga mu ntekerezo zabo, basabwaga n’ibyishimo bakavuga bati: “Kristo<br />

ni we mutambyi wanjye; amaraso ye ni yo gitambo cyanjye; urutambiro rwe ni rwo nicurizaho<br />

49

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!