07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

rwihisho kopi za Bibiliya yose cyangwa iz’imigabane imwe yayo; maze uko babonye uburyo<br />

baga<strong>ku</strong>ndisha ababaguriraga ibicuruzwa izo nyandiko zayo zabaga zandikishije intoki.<br />

Kenshi ibyo byateraga abo bantu ubushake bwo gusoma Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>, maze ababaga<br />

bifuza <strong>ku</strong>ryakira bakabasigira umugabane ru<strong>na</strong>ka waryo.<br />

Umurimo w’abo babwirizabutumwa watangiriye mu bibaya n’ibisiza byari munsi<br />

y’imisozi bari baturiye, nyamara waragutse urenga izo mbibi. Abo bavugabutumwa<br />

bagendaga nta nkweto bambaye ndetse babaga bambaye imyenda iciriritse kandi yandujwe<br />

n’urugendo nk’uko iy’Umwigisha wabo yabaga imeze. Banyuraga mu mijyi minini kandi<br />

bakinjira mu turere twa <strong>ku</strong>re. Ahantu hose bahabibaga imbuto y’agaciro gahebuje. Aho<br />

banyuraga hashingwaga amatorero, kandi amaraso y’abicwaga bahowe kwizera kwabo<br />

yahamyaga u<strong>ku</strong>ri. Umunsi w’Ima<strong>na</strong> uzahishura umubare w’abantu bakijijwe n’umurimo<br />

uvu<strong>na</strong>nye wakozwe n’abo bantu b’indahemuka. Mu buryo buhishwe kandi butuje, Ijambo<br />

ry’Ima<strong>na</strong> ryakwiraga ahantu hose harangwa ubukristo kandi rikakiranwa urugwiro mu ngo no<br />

mu mitima y’abantu.<br />

Ku Bawalidense Ibyanditswe Byera ntibyari inyandiko ivuga ibyo Ima<strong>na</strong> yakoreye abantu<br />

mu bihe byashize gusa, ndetse n’ihishurwa ry’inshingano n’ibyo abantu bagomba gukora ubu,<br />

ahubwo ba<strong>na</strong>bifataga nk’ihishurwa ry’imibabaro n’ubwiza by’ahazaza. Bizeraga ko begereje<br />

iherezo ry’ibintu byose, kandi uko bigaga Bibiliya basenga kandi babogoza amarira, imitima<br />

yabo yarushagaho gukorwaho n’amagambo afite agaciro gakomeye ayanditswemo ndetse<br />

n’inshingano yabo yo <strong>ku</strong>menyesha abandi u<strong>ku</strong>ri gukiza <strong>ku</strong>yirimo. Babo<strong>na</strong>ga i<strong>na</strong>ma y’agakiza<br />

ihishurwa mu buryo bugaragara neza mu Byanditswe Byera, maze kwizera Yesu<br />

bikabahumuriza, bikabaha ibyiringiro ndetse n’amahoro. Uko umucyo wamurikiraga<br />

ubwenge bwabo kandi ugatera imitima yabo ibyishimo, bifuzaga <strong>ku</strong>geza imirasire yawo <strong>ku</strong><br />

bari mu mwijima w’ibinyoma by’ubupapa.<br />

Babo<strong>na</strong>ga ko abantu benshi cyane bayobowe <strong>na</strong> papa n’abapadiri barushywa n’ubusa<br />

baharanira <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> imbabazi binyuze mu <strong>ku</strong>babaza imibiri yabo bayihora ibyaha byabo.<br />

Kubera ko bari barigishijwe kwiringira imirimo yabo myiza <strong>ku</strong>gira ngo bakizwe, bahoraga<br />

birebaho, bagahoza intekerezo zabo <strong>ku</strong> mibereho yabo y’ibyaha, bakabo<strong>na</strong> ko barindijwe<br />

umujinya w’Ima<strong>na</strong>, bakababaza ubugingo bwabo n’imibiri yabo, nyamara ntibabone ihumure.<br />

Uko ni ko abantu b’inziramakemwa bari baraboshywe n’inyigisho za Roma. Abantu ibihumbi<br />

byinshi basigaga incuti n’ab’imiryango yabo bakajya kwibera mu bigo by’abapadiri. Abantu<br />

ibihumbi byinshi barushwaga n’ubusa bashakira amahoro y’umutima mu kwiyiriza ubusa<br />

kenshi no kwi<strong>ku</strong>bita bakibabaza cyane, mu masengesho yo mu gicu<strong>ku</strong>, mu <strong>ku</strong>mara igihe<br />

kirekire bapfukamye <strong>ku</strong> mabuye akonje kandi atose yo mu mazu acuze umwijima babagamo,<br />

mu gukora ingendo ndende cyane, mu kwicuza ibyaha byabo bicishije bugufi no mu<br />

kwibabaza bikabije. Kubera <strong>ku</strong>buzwa amahwemo no <strong>ku</strong>mva ari abanyabyaha ndetse no<br />

guhora bafite ubwoba bwo <strong>ku</strong>gerwaho n’igihano cy’umujinya w’Ima<strong>na</strong>, benshi muri bo<br />

bakomezaga <strong>ku</strong>babara batyo. Barababaraga <strong>ku</strong>geza ubwo bashiramo imbaraga maze bagapfa<br />

bagahambwa nta murasire w’umucyo cyangwa ibyiringiro babonye.<br />

48

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!