07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Barazigenda<strong>na</strong>ga maze igihe cyose bibashobokeye bagaha imigabane imwe n’imwe yazo<br />

abo byagaragaraga ko bafite imitima ishaka kwakira u<strong>ku</strong>ri. Guhera mu bwa<strong>na</strong> bwabo, abo<br />

basore b’Abawalidense babaga baratojwe uwo murimo; bari basobanukiwe inshingano yabo<br />

kandi bayikora<strong>na</strong>ga umurava. Muri ibyo bigo by’amashuri habonetse abiha<strong>na</strong> bakira uko<br />

kwizera nya<strong>ku</strong>ri, ndetse byagaragaraga ko amahame yako akwira mu kigo cyose; nyamara<br />

abayobozi b’amashuri ya Papa, bakoresheje ubushakashatsi bwabo bwimbitse, ba<strong>na</strong>niwe<br />

<strong>ku</strong>menya aho izo nyigisho bitaga ubuhakanyi zavaga.<br />

Umutima wa Kristo ni umutima wo <strong>ku</strong>vuga ubutumwa. Ikintu cya mbere umutima<br />

wahindutse mushya ushaka gukora ni u<strong>ku</strong>za<strong>na</strong> abandi <strong>ku</strong> Mukiza. Uwo ni wo mutima<br />

Abakristo b’Abawalidense bari bafite. Biyumvagamo ko Ima<strong>na</strong> ibashakaho ibirenze<br />

<strong>ku</strong>guma<strong>na</strong> kwera kw’u<strong>ku</strong>ri mu matorero yabo. Biyumvagamo ko bafite inshingano ikomeye<br />

yo <strong>ku</strong>murikira abakiri mu mwijima. Bashakaga gu<strong>ku</strong>ra abantu mu bucakara Roma<br />

yabashyizemo bakoresheje imbaraga ikomeye y’Ijambo ry’Ima<strong>na</strong>. Abigishaga Ijambo<br />

ry’Ima<strong>na</strong> b’Abawalidense batozwaga nk’ababwirizabutumwa, bityo buri wese washakaga<br />

<strong>ku</strong>jya mu murimo w’Ima<strong>na</strong> yasabwaga <strong>ku</strong>banza <strong>ku</strong>gira ubu<strong>na</strong>raribonye<br />

bw’umubwirizabutumwa. Buri wese yagombaga kwigisha ubutumwa ahantu ru<strong>na</strong>ka mu gihe<br />

cy’imyaka itatu mbere yo guhabwa inshingano yo <strong>ku</strong>yobora itorero ry’iwabo. Ku i<strong>ku</strong>bitiro,<br />

uwo murimo usaba kwiyanga n’ubwitange, wari uberanye no <strong>ku</strong>binjiza mu buzima<br />

bw’abapasitoro muri ibyo bihe byari bikomereye abantu. Abasore barobanurirwaga guhabwa<br />

iyo nshingano yera ntibabaga barangamiye <strong>ku</strong>zabo<strong>na</strong> ubu<strong>ku</strong>ngu n’icyubahiro byo <strong>ku</strong> isi,<br />

ahubwo babaga biteguye <strong>ku</strong>nyura mu buzima buvu<strong>na</strong>nye kandi burimo akaga, ndetse<br />

byashoboka bakaba bapfa urupfu rw’abicwa bahowe kwizera kwabo.<br />

Abo bavugabutumwa bagendaga ari babiri babiri nk’uko Yesu yohereje intumwa ze. Buri<br />

musore yabaga ari <strong>ku</strong>mwe n’umuntu mu<strong>ku</strong>ru kandi ufite ubu<strong>na</strong>raribonye, uwo musore akaba<br />

yarayoborwaga n’uwo muntu u<strong>ku</strong>ze ari <strong>na</strong> we wabaga afite inshingano yo <strong>ku</strong>mumenyereza<br />

umurimo kandi inyigisho ye ikaba yaragombaga <strong>ku</strong>mvirwa. Abo babaga bari <strong>ku</strong>mwe mu<br />

itsinda ntibahora<strong>na</strong>ga buri munsi, ahubwo ibihe byinshi barahuraga bagasenga kandi bakajya<br />

i<strong>na</strong>ma, bityo bagakomezanya mu kwizera.<br />

Iyo baza guhishura umugambi w’umurimo wabo byari gutuma uwo murimo uba imfabusa.<br />

Ku bw’ibyo, bahishaga uko uteye bigengesereye. Buri mwigisha yabaga azi ubukorikori<br />

n’umwuga ru<strong>na</strong>ka, maze abo babwirizabutumwa bagakora umurimo wabo biyoberanyije mu<br />

mirimo isanzwe. Akenshi bahitagamo gukora umurimo wo <strong>ku</strong>genda bagurisha ibicuruzwa.<br />

“Babaga bafite imyambaro, ibyo kwirimbisha bikoze mu mabuye y’agaciro n’ibindi<br />

bicuruzwa, muri icyo gihe ibyo bikaba bitari byoroshye <strong>ku</strong>gurishwa keretse mu masoko ya<br />

<strong>ku</strong>re gusa; kandi abantu babakiraga neza nk’abacuruzi mu gihe bari <strong>ku</strong>biruka<strong>na</strong> babacu<strong>na</strong>guza<br />

iyo baramuka baje nk’abavugabutumwa.” 24<br />

Bahozaga imitima yabo <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> <strong>ku</strong>gira ngo ibahe ubwenge bubabashisha <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong><br />

bantu ubutunzi bufite agaciro karuta aka zahabu n’andi mabuye y’agaciro. Bitwazaga mu<br />

47

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!