07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Uko bwarushagaho <strong>ku</strong>garagara, uko bwarushagaho gusobanuka ndetse no <strong>ku</strong>gira imbaraga<br />

bitewe n’ibigeragezo abantu banyuzemo <strong>ku</strong> bwabwo, bizwi gusa n’abari baritangiye gukora<br />

uwo murimo. Abamarayika bo mu ijuru babaga bari <strong>ku</strong>mwe n’abo bakozi b’Ima<strong>na</strong><br />

b’indahemuka.<br />

Satani yari yarateye abayobozi ba<strong>ku</strong>ru b’idini ry’i Roma gutaba ijambo ry’u<strong>ku</strong>ri ry’Ima<strong>na</strong><br />

baritwikiriza ibinyoma, ubuyobe n’imyizerere itari u<strong>ku</strong>ri; ariko ryarinzwe mu buryo<br />

butangaje ntiryigera rihinyuka mu bihe byose byaranzwe n’umwijima. Ntabwo ryari<br />

iry’umuntu, ahubwo ni iry’Ima<strong>na</strong> ubwayo. Abantu ntibigeze bacogora mu muhati wabo wo<br />

<strong>ku</strong>goreka ubusobanuro butunganye kandi bwumvika<strong>na</strong> bw’Ibyanditswe Byera, ndetse no<br />

gutuma bivuguruzanya n’ubuhamya bwabyo. Nyamara Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> rinesha imiraba yose<br />

iryisukaho igendereye <strong>ku</strong>ririmbura. Rimeze nk’ubwato bugenda hejuru y’umuvumba ukaze.<br />

Nk’uko mu kirombe gicu<strong>ku</strong>rwamo amabuye y’agaciro hasi cyane haba hahishemo izahabu<br />

n’umuringa <strong>ku</strong> buryo abantu bose bashaka <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> butunzi bwabyo bagomba gucu<strong>ku</strong>ra, ni<br />

ko n’Ibyanditswe Byera byuzuyemo ubu<strong>ku</strong>ngu bubonwa gusa n’ababushaka<strong>na</strong> umutima<br />

wose, bicishije bugufi kandi basenga. Ima<strong>na</strong> yagennye ko Bibiliya iba igitabo cyuzuyemo<br />

inyigisho zigomba kwigwa mu gihe icyo ari cyo cyose, zigenewe abantu bose, mu gihe<br />

cy’ubuto, icy’ubusore n’icy’ubu<strong>ku</strong>ru. Ima<strong>na</strong> yahaye abantu ijambo ryayo ari u<strong>ku</strong>bihishurira<br />

ubwayo. Buri <strong>ku</strong>ri gushya <strong>ku</strong>menyekanye aba ari uguhishurwa gushya kw’imico<br />

y’Uwaryandikishije. Kwiga Ibyanditswe Byera ni bwo buryo Ima<strong>na</strong> yashyizeho <strong>ku</strong>gira ngo<br />

buheshe abantu <strong>ku</strong>gira<strong>na</strong> umushyirano wa hafi n’Umuremyi wabo kandi bubaheshe<br />

gusobanukirwa n’ubushake bwe. Ni bwo buryo umuntu n’Ima<strong>na</strong> bavuganiramo.<br />

Nubwo Abawalidense babo<strong>na</strong>ga ko <strong>ku</strong>baha Uhoraho ari yo ntangiriro y’ubwenge, ntabwo<br />

birengagizaga akamaro guhura n’abandi bantu, <strong>ku</strong>menya uko abantu bateye n’uko babaho<br />

bifite mu kwagura intekerezo no gukarishya intekerezo n’ubwenge. Abasore bamwe bavaga<br />

muri ayo mashuri yabo yo mu misozi boherezwaga mu bigo by’amashuri byo mu mijyi<br />

y’Ubutaliyani n’Ubufaransa, aho bari <strong>ku</strong>bonera uburyo bwo kwiga, gutekereza no<br />

kwitegereza bwagutse cyane <strong>ku</strong>renza ubwo baboneraga mu misozi ya kavukire yabo ya Alps.<br />

Abasore boherezwaga muri ubwo buryo bahuraga n’ibigeragezo, babo<strong>na</strong>ga ibibi abantu<br />

bakora kandi bahuraga n’abakozi ba Satani bafite ubuca<strong>ku</strong>ra bashakaga <strong>ku</strong>bajya<strong>na</strong> mu buyobe<br />

bukomeye cyane no mu bishuko byabateza akaga gakomeye cyane. Ariko uburere babaga<br />

barahawe <strong>ku</strong>va mu buto bwabo bwari bugendereye <strong>ku</strong>bategurira gutsinda ibyo bigeragezo<br />

byose.<br />

Mu mashuri bajyagamo ntibagombaga <strong>ku</strong>gira umuntu n’umwe biringira ngo ababere<br />

incuti y’inkoramutima. Imyambaro yabo yabaga idozwe mu buryo butuma bashobora guhisha<br />

ubutunzi bukomeye <strong>ku</strong>renza ubundi babaga bafite, ari bwo nyandiko zandikishijwe intoki<br />

z’agaciro gakomeye z’Ibyanditswe Byera. Izo nyandiko, zari umusaruro w’umurimo<br />

uvu<strong>na</strong>nye cyane babaga barakoze mu gihe kirekire.<br />

46

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!