07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Ubwo burere bwari ishuri ry’umuruho no <strong>ku</strong>babara ariko bwatumaga babaho neza, ibyo<br />

bikaba ari byo umuntu waguye mu cyaha akeneye. Ni ryo shuri Ima<strong>na</strong> yamushyiriyeho <strong>ku</strong>gira<br />

ngo rimwigishe kandi rimu<strong>ku</strong>ze. Nubwo urwo rubyiruko rwamenyerezwaga umuruho no<br />

gukora cyane, ntibirengagizaga no <strong>ku</strong>bigisha iby’ubwenge. Babigishaga ko ubushobozi<br />

bwose bafite ari ubw’Ima<strong>na</strong> kandi ko bwose bagomba <strong>ku</strong>bwongera no <strong>ku</strong>buteza imbere ngo<br />

bukoreshwe umurimo wayo.<br />

Amatorero y’Abawalidense, mu butungane no kwiyoroshya kwayo, yasaga n’itorero ryo<br />

mu gihe cy’intumwa. Ayo matorero yamaga<strong>na</strong>ga ubutware bw’ikirenga bwa papa ndetse<br />

n’abepisikopi, akizera ko Bibiliya ari yo muyobozi umwe ru<strong>ku</strong>mbi w’ikirenga kandi utabasha<br />

kwibeshya. Mu buryo buhabanye n’uko abapadiri b’abanyagitugu b’i Roma babigenzaga,<br />

abayobozi b’ayo matorero ba<strong>ku</strong>rikizaga icyitegererezo cy’Umwigisha wabo utarazanywe no<br />

gukorerwa, ahubwo wazanywe no gukorera abandi. Matayo 20:28 . Abo bayobozi<br />

bagabuririraga umu<strong>ku</strong>mbi w’Ima<strong>na</strong> mu bwatsi butoshye baka<strong>na</strong>wuhira amasoko afutse byo<br />

mu Ijambo ryayo riziranenge. Abo bantu batera<strong>na</strong>ga mu buryo butarimo kwiyereka<strong>na</strong><br />

n’ubwirasi bya kimuntu. Ntibateraniraga mu nsengero zirimbishijwe cyane cyangwa muri za<br />

katederali nini cyane, ahubwo bateraniraga ahikinze izuba ho munsi y’imisozi, mu bibaya bya<br />

Alpine, cyangwa baba bari mu gihe cy’akaga bagateranira mu bihome byo mu rutare,<br />

bateranyijwe no <strong>ku</strong>mva amagambo y’u<strong>ku</strong>ri yavugwaga n’abagaragu ba Kristo.<br />

Ntabwo icyo abo bayobozi bakoraga ari ukwigisha ubutumwa bwiza gusa, ahubwo<br />

ba<strong>na</strong>suraga abarwayi, bigishaga aba<strong>na</strong>, bakeburaga abari mu buyobe, kandi bihatiraga<br />

gukemura impaka abantu bagira<strong>na</strong>ga no <strong>ku</strong>bumvikanisha no <strong>ku</strong>baza<strong>na</strong>mo uru<strong>ku</strong>ndo rwa<br />

kivandimwe. Mu bihe by’amahoro, abo bayobozi b’umu<strong>ku</strong>mbi w’Ima<strong>na</strong> batungwaga<br />

n’amaturo rubanda rwatangaga <strong>ku</strong> bushake; nyamara, nk’uko Pawulo yari umuboshyi<br />

w’amahema, buri wese muri bo yigaga ubukorikori cyangwa umwuga ru<strong>na</strong>ka wamutunga<br />

biramutse bibaye ngombwa.<br />

Urubyiruko rwigishwaga n’abayobozi babo. Nubwo bitaga <strong>ku</strong> masomo agendanye<br />

n’ubumenyi rusange, Bibiliya ni yo yari icyigwa nyamu<strong>ku</strong>ru. Bafataga mu mutwe ubutumwa<br />

bwiza bwanditswe <strong>na</strong> Matayo <strong>na</strong> Yoha<strong>na</strong> ndetse <strong>na</strong> nyinshi mu nzandiko zo muri Bibiliya.<br />

Babakoreshaga mu kwandu<strong>ku</strong>ra Ibyanditswe byera. Zimwe mu nyandiko zabo zandikishijwe<br />

intoki zabaga zigizwe <strong>na</strong> Bibiliya yose, izindi zigizwe n’imigabane yayo ru<strong>na</strong>ka banditse mu<br />

ncamake <strong>ku</strong> buryo ubusobanuro bumwe <strong>na</strong> bumwe bwayo bworoheje bwongerwagaho<br />

n’ababaga bashoboye gusobanura Ibyanditswe Byera mu buryo bwimbitse. Uko ni ko<br />

hashyizwe ahagaragara ubutunzi bw’u<strong>ku</strong>ri kwari kwaramaze igihe kinini kwarapfukiranywe<br />

n’abashakaga kwishyira hejuru y’Ima<strong>na</strong>.<br />

Ibyanditswe byarandu<strong>ku</strong>we, umurongo <strong>ku</strong> murongo, igice <strong>ku</strong> gice, <strong>ku</strong>bw’uwo murimo abo<br />

bantu bakoze badacogora. Rimwe <strong>na</strong> rimwe bawukoreraga mu buvumo burebure kandi<br />

bucuze umwijima cyane bakamurikirwa n’imuri z’ibiti. Uko ni ko umurimo wakomeje<br />

gukorwa maze ubushake bw’Ima<strong>na</strong> bwahishuwe bugaragara bumeze nk’izahabu itunganye.<br />

45

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!