Itorero na Leta ku Rugamba
Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...
Itorero na Leta ku Rugamba Imisozi yari izengurutse ibyo bibaya bigufi yahoraga ibahamiriza ubushobozi bw’Imana bwo kurema, n’icyizere kidahungabana cy’uburinzi bwayo. Abo bagenzi bize gukunda ibimenyetso byabagaragarizaga bucece ko Imana iri kumwe nabo. Ntibigeze bivovotera ibirushya byabagezeho kuko batari bigunze muri iyo misozi barimo bonyine. Bashimiraga Imana ko yari yarabateguriye ahantu ho guhungira umujinya n’ubugome abantu babagiriraga. Banezezwaga n’umudendezo bari bafite wo kuyiramya. Kenshi iyo babaga bahigwa n’abanzi babo, gukomera kw’iyo misozi kwababeraga uburinzi bugaragara. Baririmbaga indirimbo zasingizaga Imana bari mu tununga tw’iyo misozi, kandi ingabo z’Abanyaroma ntizashoboraga gucecekesha izo ndirimbo zabo zo gushima Imana. Abo bayoboke ba Kristo bari bafite kwiyegurira Imana nyako, biyoroheje kandi bamaramaje. Babonaga ko amahame y’ukuri arusha agaciro amazu n’imirima, incuti, imiryango yabo, ndetse akarusha n’ubuzima bwabo. Bashakaga uko bacengeza ayo mahame mu bitekerezo by’urubyiruko. Kuva mu buto bwabo, abana bigishwaga Ibyanditswe Byera kandi bakigishwa gufata ibyo amategeko y’Imana asaba nk’ibitunganye. Bibiliya zari nke cyane; kubw’iyo mpamvu abantu bihatiraga gufata mu mutwe amagambo yayo. Abantu benshi bashoboraga kuvuga mu mutwe imigabane minini y’Isezerano rya Kera n’Irishya. Ibyo batekerezaga ku Mana babihuzaga n’ibyiza babonaga mu byaremwe ndetse n’imigisha yoroheje ya buri munsi. Abana bigaga gushimira Imana kuko ari yo itanga ibyiza byose n’ihumure ryose. Kubera impuhwe n’urugwiro ababyeyi babaga bafite, bakundaga abana babo ku buryo batabemereraga kwirundumurira mu byo bararikira. Bari kuzanyura mu buzima bw’ibigeragezo kandi bugoye, ndetse byanashoboka bakicwa bahowe kwizera Imana kwabo. Guhera mu buto bwabo, abana batozwaga kwihanganira ibirushya no kubaha ubutegetsi, ariko bakagomba no kumenya kwifatira ibyemezo. Bigishwaga bakiri bato kumenya gufata inshingano, kwitonda mu byo bavuga no gusobanukirwa ubwenge buri mu guceceka. Ijambo rimwe rivuzwe rititondewe rikumvwa n’abanzi babo ntiryashoboraga gushyira mu kaga urivuze gusa, ahubwo ryashoboraga no kwicisha abavandimwe be amagana menshi; kuko abanzi b’ukuri bakurikiranaga abatinyukaga guharanira umudendezo mu byo kwizera nkuko amasega ahiga umuhigo wayo. Abawalidense bari barasize imitungo yabo kubera gukunda ukuri, kandi biyuhaga akuya bashaka ibibatunga bafite kwihangana kudacogora. Buri murima babonaga muri iyo misozi bagasanga ushobora guhingwa bawitagaho bakawubyaza umusaruro. Mu bibaya ndetse n’ahakikije imisozi hatarumbukaga cyane barahatunganyije bituma umusaruro waho wiyongera. Gushakashaka ubukungu no kwitangira umurimo ni bimwe mu byari bigize uburere abana bahabwaga, bukaba ari bwo murage umwe rukumbi bahabwaga. Bigishwaga ko Imana ishaka ko ubuzima buba ishuri umuntu yigiramo kwitwara neza, kandi ko kwikorera ubwabo, guteganyiriza ahazaza, kugira amakenga no kwizera ari byo byonyine bizabashoboza kubona ibyo bakeneye. 44
Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo burere bwari ishuri ry’umuruho no kubabara ariko bwatumaga babaho neza, ibyo bikaba ari byo umuntu waguye mu cyaha akeneye. Ni ryo shuri Imana yamushyiriyeho kugira ngo rimwigishe kandi rimukuze. Nubwo urwo rubyiruko rwamenyerezwaga umuruho no gukora cyane, ntibirengagizaga no kubigisha iby’ubwenge. Babigishaga ko ubushobozi bwose bafite ari ubw’Imana kandi ko bwose bagomba kubwongera no kubuteza imbere ngo bukoreshwe umurimo wayo. Amatorero y’Abawalidense, mu butungane no kwiyoroshya kwayo, yasaga n’itorero ryo mu gihe cy’intumwa. Ayo matorero yamaganaga ubutware bw’ikirenga bwa papa ndetse n’abepisikopi, akizera ko Bibiliya ari yo muyobozi umwe rukumbi w’ikirenga kandi utabasha kwibeshya. Mu buryo buhabanye n’uko abapadiri b’abanyagitugu b’i Roma babigenzaga, abayobozi b’ayo matorero bakurikizaga icyitegererezo cy’Umwigisha wabo utarazanywe no gukorerwa, ahubwo wazanywe no gukorera abandi. Matayo 20:28 . Abo bayobozi bagabuririraga umukumbi w’Imana mu bwatsi butoshye bakanawuhira amasoko afutse byo mu Ijambo ryayo riziranenge. Abo bantu bateranaga mu buryo butarimo kwiyerekana n’ubwirasi bya kimuntu. Ntibateraniraga mu nsengero zirimbishijwe cyane cyangwa muri za katederali nini cyane, ahubwo bateraniraga ahikinze izuba ho munsi y’imisozi, mu bibaya bya Alpine, cyangwa baba bari mu gihe cy’akaga bagateranira mu bihome byo mu rutare, bateranyijwe no kumva amagambo y’ukuri yavugwaga n’abagaragu ba Kristo. Ntabwo icyo abo bayobozi bakoraga ari ukwigisha ubutumwa bwiza gusa, ahubwo banasuraga abarwayi, bigishaga abana, bakeburaga abari mu buyobe, kandi bihatiraga gukemura impaka abantu bagiranaga no kubumvikanisha no kubazanamo urukundo rwa kivandimwe. Mu bihe by’amahoro, abo bayobozi b’umukumbi w’Imana batungwaga n’amaturo rubanda rwatangaga ku bushake; nyamara, nk’uko Pawulo yari umuboshyi w’amahema, buri wese muri bo yigaga ubukorikori cyangwa umwuga runaka wamutunga biramutse bibaye ngombwa. Urubyiruko rwigishwaga n’abayobozi babo. Nubwo bitaga ku masomo agendanye n’ubumenyi rusange, Bibiliya ni yo yari icyigwa nyamukuru. Bafataga mu mutwe ubutumwa bwiza bwanditswe na Matayo na Yohana ndetse na nyinshi mu nzandiko zo muri Bibiliya. Babakoreshaga mu kwandukura Ibyanditswe byera. Zimwe mu nyandiko zabo zandikishijwe intoki zabaga zigizwe na Bibiliya yose, izindi zigizwe n’imigabane yayo runaka banditse mu ncamake ku buryo ubusobanuro bumwe na bumwe bwayo bworoheje bwongerwagaho n’ababaga bashoboye gusobanura Ibyanditswe Byera mu buryo bwimbitse. Uko ni ko hashyizwe ahagaragara ubutunzi bw’ukuri kwari kwaramaze igihe kinini kwarapfukiranywe n’abashakaga kwishyira hejuru y’Imana. Ibyanditswe byarandukuwe, umurongo ku murongo, igice ku gice, kubw’uwo murimo abo bantu bakoze badacogora. Rimwe na rimwe bawukoreraga mu buvumo burebure kandi bucuze umwijima cyane bakamurikirwa n’imuri z’ibiti. Uko ni ko umurimo wakomeje gukorwa maze ubushake bw’Imana bwahishuwe bugaragara bumeze nk’izahabu itunganye. 45
- Page 2: New Covenant Publications Internati
- Page 5 and 6: This page has been left intentional
- Page 7 and 8: GUSHIMIRA Yeguriwe Imana.
- Page 9 and 10: Itorero na Leta ku Rugamba 1
- Page 11 and 12: Itorero na Leta ku Rugamba Imbonera
- Page 13 and 14: Itorero na Leta ku Rugamba 5
- Page 15 and 16: Itorero na Leta ku Rugamba muri icy
- Page 17 and 18: Itorero na Leta ku Rugamba n’iyo
- Page 19 and 20: Itorero na Leta ku Rugamba n’ibyi
- Page 21 and 22: Itorero na Leta ku Rugamba kumanuka
- Page 23 and 24: Itorero na Leta ku Rugamba gusubira
- Page 25 and 26: Itorero na Leta ku Rugamba benshi b
- Page 27 and 28: Itorero na Leta ku Rugamba umusubiz
- Page 29 and 30: Itorero na Leta ku Rugamba Ariko nk
- Page 31 and 32: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 33 and 34: Itorero na Leta ku Rugamba kuducira
- Page 35 and 36: Itorero na Leta ku Rugamba n’akar
- Page 37 and 38: Itorero na Leta ku Rugamba cy’aka
- Page 39 and 40: Itorero na Leta ku Rugamba Imwe mu
- Page 41 and 42: Itorero na Leta ku Rugamba Icyakora
- Page 43 and 44: Itorero na Leta ku Rugamba igahoshw
- Page 45 and 46: Itorero na Leta ku Rugamba Nguko uk
- Page 47 and 48: Itorero na Leta ku Rugamba 39
- Page 49 and 50: Itorero na Leta ku Rugamba Igihe ab
- Page 51: Itorero na Leta ku Rugamba b’Iman
- Page 55 and 56: Itorero na Leta ku Rugamba Barazige
- Page 57 and 58: Itorero na Leta ku Rugamba Abawalid
- Page 59 and 60: Itorero na Leta ku Rugamba Igihe cy
- Page 61 and 62: Itorero na Leta ku Rugamba 53
- Page 63 and 64: Itorero na Leta ku Rugamba gihugu;
- Page 65 and 66: Itorero na Leta ku Rugamba gihugu.
- Page 67 and 68: Itorero na Leta ku Rugamba ni jye n
- Page 69 and 70: Itorero na Leta ku Rugamba murimo w
- Page 71 and 72: Itorero na Leta ku Rugamba “Nta m
- Page 73 and 74: Itorero na Leta ku Rugamba Ibyandit
- Page 75 and 76: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 77 and 78: Itorero na Leta ku Rugamba by’igi
- Page 79 and 80: Itorero na Leta ku Rugamba bwabo ha
- Page 81 and 82: Itorero na Leta ku Rugamba urupfu r
- Page 83 and 84: Itorero na Leta ku Rugamba Kristo i
- Page 85 and 86: Itorero na Leta ku Rugamba bwashege
- Page 87 and 88: Itorero na Leta ku Rugamba baranyeg
- Page 89 and 90: Itorero na Leta ku Rugamba kigabwa.
- Page 91 and 92: Itorero na Leta ku Rugamba Nk’uko
- Page 93 and 94: Itorero na Leta ku Rugamba n’iby
- Page 95 and 96: Itorero na Leta ku Rugamba Luteri y
- Page 97 and 98: Itorero na Leta ku Rugamba mahoro n
- Page 99 and 100: Itorero na Leta ku Rugamba icyo gih
- Page 101 and 102: Itorero na Leta ku Rugamba wiringir
<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />
Imisozi yari izengurutse ibyo bibaya bigufi yahoraga ibahamiriza ubushobozi bw’Ima<strong>na</strong><br />
bwo <strong>ku</strong>rema, n’icyizere kidahungaba<strong>na</strong> cy’uburinzi bwayo. Abo bagenzi bize gu<strong>ku</strong>nda<br />
ibimenyetso byabagaragarizaga bucece ko Ima<strong>na</strong> iri <strong>ku</strong>mwe <strong>na</strong>bo. Ntibigeze bivovotera<br />
ibirushya byabagezeho <strong>ku</strong>ko batari bigunze muri iyo misozi barimo bonyine. Bashimiraga<br />
Ima<strong>na</strong> ko yari yarabateguriye ahantu ho guhungira umujinya n’ubugome abantu babagiriraga.<br />
Banezezwaga n’umudendezo bari bafite wo <strong>ku</strong>yiramya. Kenshi iyo babaga bahigwa n’abanzi<br />
babo, gukomera kw’iyo misozi kwababeraga uburinzi bugaragara. Baririmbaga indirimbo<br />
zasingizaga Ima<strong>na</strong> bari mu tununga tw’iyo misozi, kandi ingabo z’Abanyaroma<br />
ntizashoboraga gucecekesha izo ndirimbo zabo zo gushima Ima<strong>na</strong>.<br />
Abo bayoboke ba Kristo bari bafite kwiyegurira Ima<strong>na</strong> nyako, biyoroheje kandi<br />
bamaramaje. Babo<strong>na</strong>ga ko amahame y’u<strong>ku</strong>ri arusha agaciro amazu n’imirima, incuti,<br />
imiryango yabo, ndetse akarusha n’ubuzima bwabo. Bashakaga uko bacengeza ayo mahame<br />
mu bitekerezo by’urubyiruko. Kuva mu buto bwabo, aba<strong>na</strong> bigishwaga Ibyanditswe Byera<br />
kandi bakigishwa gufata ibyo amategeko y’Ima<strong>na</strong> asaba nk’ibitunganye. Bibiliya zari nke<br />
cyane; <strong>ku</strong>bw’iyo mpamvu abantu bihatiraga gufata mu mutwe amagambo yayo. Abantu<br />
benshi bashoboraga <strong>ku</strong>vuga mu mutwe imigabane minini y’Isezerano rya Kera n’Irishya. Ibyo<br />
batekerezaga <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> babihuzaga n’ibyiza babo<strong>na</strong>ga mu byaremwe ndetse n’imigisha<br />
yoroheje ya buri munsi. Aba<strong>na</strong> bigaga gushimira Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>ko ari yo itanga ibyiza byose<br />
n’ihumure ryose.<br />
Kubera impuhwe n’urugwiro ababyeyi babaga bafite, ba<strong>ku</strong>ndaga aba<strong>na</strong> babo <strong>ku</strong> buryo<br />
batabemereraga kwirundumurira mu byo bararikira. Bari <strong>ku</strong>zanyura mu buzima<br />
bw’ibigeragezo kandi bugoye, ndetse bya<strong>na</strong>shoboka bakicwa bahowe kwizera Ima<strong>na</strong> kwabo.<br />
Guhera mu buto bwabo, aba<strong>na</strong> batozwaga kwihanganira ibirushya no <strong>ku</strong>baha ubutegetsi, ariko<br />
bakagomba no <strong>ku</strong>menya kwifatira ibyemezo. Bigishwaga bakiri bato <strong>ku</strong>menya gufata<br />
inshingano, kwitonda mu byo bavuga no gusobanukirwa ubwenge buri mu guceceka. Ijambo<br />
rimwe rivuzwe rititondewe ri<strong>ku</strong>mvwa n’abanzi babo ntiryashoboraga gushyira mu kaga<br />
urivuze gusa, ahubwo ryashoboraga no kwicisha abavandimwe be amaga<strong>na</strong> menshi; <strong>ku</strong>ko<br />
abanzi b’u<strong>ku</strong>ri ba<strong>ku</strong>rikira<strong>na</strong>ga abatinyukaga guharanira umudendezo mu byo kwizera n<strong>ku</strong>ko<br />
amasega ahiga umuhigo wayo.<br />
Abawalidense bari barasize imitungo yabo <strong>ku</strong>bera gu<strong>ku</strong>nda u<strong>ku</strong>ri, kandi biyuhaga a<strong>ku</strong>ya<br />
bashaka ibibatunga bafite kwihanga<strong>na</strong> <strong>ku</strong>dacogora. Buri murima babo<strong>na</strong>ga muri iyo misozi<br />
bagasanga ushobora guhingwa bawitagaho bakawubyaza umusaruro. Mu bibaya ndetse<br />
n’ahakikije imisozi hatarumbukaga cyane barahatunganyije bituma umusaruro waho<br />
wiyongera. Gushakashaka ubu<strong>ku</strong>ngu no kwitangira umurimo ni bimwe mu byari bigize<br />
uburere aba<strong>na</strong> bahabwaga, bukaba ari bwo murage umwe ru<strong>ku</strong>mbi bahabwaga. Bigishwaga<br />
ko Ima<strong>na</strong> ishaka ko ubuzima buba ishuri umuntu yigiramo kwitwara neza, kandi ko kwikorera<br />
ubwabo, guteganyiriza ahazaza, <strong>ku</strong>gira amakenga no kwizera ari byo byonyine bizabashoboza<br />
<strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ibyo bakeneye.<br />
44