07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

b’Ima<strong>na</strong> by’u<strong>ku</strong>ri bashyizwe mu rujijo bituma nubwo bubahirizaga Isabato bareka no <strong>ku</strong>gira<br />

umurimo bakora <strong>ku</strong> cyumweru. Ntibategetse abantu <strong>ku</strong>bahiriza umunsi wo Kucyumweru<br />

gusa, ahubwo ba<strong>na</strong>basabye gutesha Isabato agaciro, kandi mu mvugo ikakaye bakarega<br />

abatinyukaga <strong>ku</strong>yubahiriza. Uburyo bumwe ru<strong>ku</strong>mbi abantu bari basigaranye bwo gushobora<br />

<strong>ku</strong>baha amategeko y’Ima<strong>na</strong> bwari mu guhunga ubutegetsi bw’i Roma.<br />

Abawalidense bari mu moko ya mbere y’i Burayi yagize Inyandiko z’Ibyanditswe Byera<br />

zisobanuye mu ndimi zayo. Mu myaka amaga<strong>na</strong> menshi yabanjirije ubugorozi bw’itorero bari<br />

bafite inyandiko ya Bibiliya yo mu rurimi rwabo kavukire yandikishijwe intoke. Bari bafite<br />

u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>tavanzemo ubuyobe <strong>na</strong> buke, maze ibyo bigatuma bangwa kandi bakarenganywa<br />

by’umwihariko. Bavuze ko itorero ry’i Roma ari ryo Babuloni yayobye ivugwa mu gitabo<br />

cy’Ibyahishuwe, maze bahanga<strong>na</strong> n’ubuyobe bwayo bashikamye biyemeje guhara ubugingo<br />

bwabo. Nubwo <strong>ku</strong>bera kotswa igitutu n’akarengane bamwe badohotse <strong>ku</strong> kwizera kandi<br />

buhoro buhoro bakareka amahame yako, abandi bagumye mu <strong>ku</strong>ri. Mu gihe cy’umwijima<br />

n’ubuhakanyi byabaye mu myaka ibinyeja<strong>na</strong> byinshi, habayeho Abawalidense bahakanye<br />

ubutegetsi bw’i Roma. Bamaganye gusenga ibishushanyo bavuga ko ibyo ari u<strong>ku</strong>ramya<br />

ibigirwama<strong>na</strong>, kandi bubahirizaga Isabato nya<strong>ku</strong>ri. Muri iyo miraba ikomeye yo<br />

<strong>ku</strong>renganywa, bashikamye <strong>ku</strong> kwizera kwabo. Nubwo babicishaga amacumu babashungera<br />

kandi bakabatwikira <strong>ku</strong> muriro w’imbago z’Abanyaroma, bashikamye <strong>ku</strong> gushyigikira<br />

Ijambo ry’Ima<strong>na</strong> n’icyubahiro cyayo.<br />

Mu misozi miremire, ari ho mu bihe byose abarenganywaga n’abatotezwaga bahungiraga,<br />

ni ho Abawalidense bihishe. Aho ni ho urumuri rw’u<strong>ku</strong>ri rwakomereje <strong>ku</strong>murika mu mwijima<br />

wariho mu bihe bya kera. Aho ni ho, mu myaka ibihumbi byinshi, abo bahamyaga u<strong>ku</strong>ri<br />

bakomereje kwizera barazwe n’aba<strong>ku</strong>rambere ba kera.<br />

Ima<strong>na</strong> yari yarateganyirije ubwoko bwayo ahantu ho <strong>ku</strong>yisengera hafite ubwiza butangaje<br />

cyane hari haberanye n’u<strong>ku</strong>ri gukomeye yababikije. Kuri abo bizera b’indahemuka bari mu<br />

buhungiro, iyo misozi yashushanyaga ubutungane budahinduka bwa Yehova. Berekaga aba<strong>na</strong><br />

babo impinga z’imisozi zabaga zibatwikiriye zifite ubwiza butagira impinduka, maze<br />

bakabigisha Ima<strong>na</strong> itajya ihinduka cyangwa ngo ishobore <strong>ku</strong>ba yahinduka, Ijambo ryayo<br />

rikaba rihoraho nk’uko iyo misozi itimuka. Ima<strong>na</strong> ni yo yashyize imisozi <strong>ku</strong> isi<br />

irayishimangira kandi iyiha gukomera. Nta cyashobora <strong>ku</strong>yi<strong>ku</strong>ra mu myanya yayo usibye<br />

u<strong>ku</strong>boko kw’Ima<strong>na</strong> ifite imbaraga zitagerwa. Uko ni ko yashyizeho amategeko yayo, akaba<br />

ari yo rufatiro rw’ubutegetsi bwayo mu ijuru no <strong>ku</strong> isi. U<strong>ku</strong>boko k’umuntu gushobora <strong>ku</strong>gira<br />

icyo gukora <strong>ku</strong>ri bagenzi be ndetse <strong>ku</strong>kabavutsa ubuzima; ariko uko <strong>ku</strong>boko gushobora no<br />

<strong>ku</strong>va<strong>na</strong> imisozi <strong>ku</strong> mfatiro zayo <strong>ku</strong>kayiroha mu nyanja iyo gushoboye guhindura rimwe mu<br />

mategeko ya Yehova, cyangwa <strong>ku</strong>gasiba rimwe mu masezerano Yehova yasezeraniye<br />

abakora ibyo ashaka. Abagaragu b’Ima<strong>na</strong> bakwiriye gushikama mu <strong>ku</strong>mvira amategeko yayo<br />

batajegajega nk’uko imisozi itajya iva mu myanya yayo.<br />

43

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!