07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Mu bihugu bitategekwaga n’Abanyaroma, hashize ibinyeja<strong>na</strong> byinshi hariho amatsinda<br />

y’abakristo batigeze bagerwaho n’inyigisho zipfuye z’ubupapa. Bari bakikijwe n’ubupagani,<br />

ndetse uko ibihe byahitaga bakagerwaho n’ingaruka z’amakosa yabwo. Nyamara<br />

bakomezaga gushikama <strong>ku</strong>ri Bibiliya bakayifata nk’umuyobozi wo kwizera kwabo kandi<br />

baga<strong>ku</strong>rikiza kwinshi mu <strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>yanditswemo. Abo bakristo bemeraga ko amategeko<br />

y’Ima<strong>na</strong> adahinduka kandi ahoraho ndetse bagakomeza Isabato ivugwa mu itegeko rya kane.<br />

Amatorero yashikamye muri uko kwizera kandi yabonekaga muri Afurika yo hagati no mu<br />

baturage b’Abanyarumeniya bo muri Aziya.<br />

Nyamara abitwa Abawalidense (Abavoduwa) ni bo bari <strong>ku</strong> isonga mu bantu bose banze<br />

kwemera kwishyira hejuru k’ubutegetsi bw’ubupapa. Mu gihugu ubupapa bwari bufitemo<br />

icyicaro, abantu baho barwanyije bashikamye ibinyoma byabwo ndetse no kwangiza<br />

kwabwo. Amatorero menshi yo muri Piedmont yamaze imyaka amaga<strong>na</strong> menshi ari mu<br />

mudendezo, ariko igihe cyaje <strong>ku</strong>gera Roma iyasaba <strong>ku</strong>yiyoboka ishyizeho umwete. Nyuma<br />

yo guhanga<strong>na</strong> n’ubwo butegetsi bw’igitugu bikaba iby’ubusa, abayobozi b’ayo matorero<br />

bemeye ariko badashaka ububasha bw’ubwo butegetsi isi yose yasaga nk’aho yayobotse.<br />

Nyamara hari bamwe muri bo banze <strong>ku</strong>yoboka ubutegetsi bwa papa cyangwa abapadiri.<br />

Biyemeje <strong>ku</strong>ba indahemuka <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> yabo no <strong>ku</strong>rinda ubusugi bwabo no kwiyoroshya byo<br />

kwizera kwabo. Ubwo habayeho kwitandukanya. Bamwe bahoze bagendera mu kwizera kwa<br />

kera bara<strong>ku</strong>retse; bamwe basize imisozi ya Alps yari kavukire kabo bajya kwamamaza u<strong>ku</strong>ri<br />

mu bindi bihugu; abandi bagiye kwihisha mu bibaya no mu bitare byiherereye byo mu misozi<br />

maze bahakomereza umudendezo wabo wo <strong>ku</strong>ramya Ima<strong>na</strong>.<br />

Ukwizera Abakristo b’Abawalidense bari bafite kandi bigishaga kwari guhabanye mu<br />

buryo bugaragara n’inyigisho z’ibinyoma Roma yigishaga. Imyemerere yabo mu<br />

by’iyobokama<strong>na</strong> yari ishingiye <strong>ku</strong> ijambo Ima<strong>na</strong> yandikishije, ari ryo gahunda nya<strong>ku</strong>ri yo<br />

kwemera kwa Gikristo. Nyamara abo bahinzi bicishaga bugufi, aho bari barihishe bitaruye<br />

ab’isi kandi babaga bomatanye n’imirimo yabo ya buri munsi yo kwita <strong>ku</strong> mi<strong>ku</strong>mbi yabo no<br />

guhingira imizabibu yabo, si bo bari barigejeje <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>menya u<strong>ku</strong>ri guhabanye n’amahame<br />

n’ubuyobe by’itorero ry’i Roma ryayobye. Ntabwo kwari ukwizera gushya bari bakiriye.<br />

Imyemerere yabo mu by’iyobokama<strong>na</strong> yari umurage barazwe n’ababyeyi babo.<br />

Barwaniriraga ukwizera abo mu itorero ry’intumwa. Bari bafite, “kwizera abera bahawe<br />

rimwe, bakageza iteka ryose.” Yuda 3. <strong>Itorero</strong> ryo mu butayu, ritari iryarangwaga no kwibo<strong>na</strong><br />

ryabaga mu murwa mu<strong>ku</strong>ri w’isi icyo gihe, ni ryo ryari itorero nya<strong>ku</strong>ri rya Kristo, ni ryo<br />

ryarindaga ubutunzi bw’u<strong>ku</strong>ri Ima<strong>na</strong> yabikije abantu bayo ngo babugeze <strong>ku</strong> batuye isi.<br />

Imwe mu mpamvu z’ingenzi zari zaratumye itorero nya<strong>ku</strong>ri ryitandukanya <strong>na</strong> Roma ni<br />

urwango Roma yagiriraga Isabato ivugwa muri Bibiliya. Nk’uko byari byarahanuwe,<br />

ubutegetsi bw’ubupapa bwasiribanze u<strong>ku</strong>ri. Bwasuzuguye bikabije amategeko y’Ima<strong>na</strong> maze<br />

bushyira hejuru imigenzo yahimbwe n’abantu. Amatorero yayoborwaga n’ubutegetsi bwa<br />

Papa yahatiwe hakiri kare <strong>ku</strong>bahiriza umunsi wa mbere (Kucyumweru) nk’umunsi wera. Mu<br />

gihe ikinyoma no <strong>ku</strong>gendera <strong>ku</strong> migenzo byari byarahawe intebe, benshi barimo n’abantu<br />

42

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!