07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

izatura<strong>na</strong> <strong>na</strong> bo, <strong>na</strong> bo bazaba abantu bayo, kandi Ima<strong>na</strong> ubwayo izaba<strong>na</strong> <strong>na</strong> bo ibe Ima<strong>na</strong><br />

yabo.” 751<br />

Muri uwo Murwa w’Ima<strong>na</strong> “nta joro rizabayo.” Nta n’uzakenera <strong>ku</strong>ruhuka. Ntawe<br />

uza<strong>na</strong>nizwa no gukora ibyo Ima<strong>na</strong> ishaka cyangwa ngo acogozwe no <strong>ku</strong>ramya izi<strong>na</strong> ryayo.<br />

Tuzahora<strong>na</strong> amahumbezi y’igitondo gihoraho. “Ntibazongera gukenera urumuri rw’itara<br />

cyangwa urw’izuba, <strong>ku</strong>ko Nyagasani Ima<strong>na</strong> azababera urumuri maze bime ingoma iteka<br />

ryose.” 752 Umucyo w’izuba uzasimburwa no <strong>ku</strong>rabagira<strong>na</strong> kw’ubwiza <strong>ku</strong>tabasha <strong>ku</strong>babaza<br />

amaso nk’ibikezikezi by’izuba risanzwe, nyamara umucyo w’uko <strong>ku</strong>rabagira<strong>na</strong> u<strong>ku</strong>bye<br />

incuro nyinshi uw’izuba risanzwe mu gihe cya <strong>ku</strong> manywa. Ubwiza bw’Ima<strong>na</strong><br />

n’ubw’Umwa<strong>na</strong> w’Intama bwuzuza imyambi y’umucyo utagabanuka muri urwo rurembo<br />

rwera. Abacunguwe bazagendagenda buri munsi mu mucyo w’ubwiza utagira icyokere<br />

cy’izuba.<br />

“Icyakora si<strong>na</strong>bonye urusengero muri urwo rurembo, <strong>ku</strong>ko Umwami Ima<strong>na</strong><br />

Ishoborabyose n’Umwa<strong>na</strong> w’intama aribo rusengero rwaho.” 753 Abantu b’Ima<strong>na</strong> bafite<br />

amahirwe yo <strong>ku</strong>gira<strong>na</strong> umushyikirano weruye n’Ima<strong>na</strong> Data hamwe n’Umwa<strong>na</strong> wayo.<br />

“Icyakora none ubu turebera mu ndorerwamo ibirorirori.” 754 Tubonera mu bikezikezi<br />

ishusho y’Ima<strong>na</strong> nko mu ndorerwamo mu byaremwe no mu by’Ima<strong>na</strong> ikorera abantu; ariko<br />

icyo gihe tuzareba<strong>na</strong> mu maso duhanganye, ari nta nyegamo hagati yacu. Tuzahagarara<br />

imbere ye twitegereze ubwiza bwo mu maso ye.<br />

Icyo gihe abacunguwe bazamenya nk’uko <strong>na</strong>bo bamenywe. Uru<strong>ku</strong>ndo n’impuhwe Ima<strong>na</strong><br />

ubwayo yateye mu mitima y’abantu ruzaba rubonye igihe gikwiriye kandi cyiza cyo<br />

gukoreshwa. Kugira<strong>na</strong> umushyikirano utaziguye n’ibiremwa byera, uguhuriza hamwe<br />

imibereho rusange n’abamarayika bahiriwe hamwe n’abakiranukiye Ima<strong>na</strong> mu myaka yose<br />

bameshe amakanzu yabo, bakayejesha amaraso y’umwa<strong>na</strong> w’intama, ipfundo ryera<br />

rifatanyiriza hamwe “umuryango wose wo mu ijuru n’uwo mu isi.”<br />

Aho mu isi nshya, abacunguwe mu bwenge bwabo butajijwa bazanezererwa ibitangaza<br />

by’imbaraga yo <strong>ku</strong>rema n’amabanga y’uru<strong>ku</strong>ndo rw’Umucunguzi. Nta mugizi wa <strong>na</strong>bi uzaba<br />

ahari, nta mwanzi wo kwoshya abantu kwibagirwa Ima<strong>na</strong>. Ubwenge n’impano zose<br />

bizakomeza gu<strong>ku</strong>ra. Ubumenyi bushya buzajya bwungukwa ntibuza<strong>na</strong>niza imitima yacu<br />

kandi ntibuzacogoza imbaraga zacu. Umugambi mwiza watekerejwe uzagerwaho, kandi<br />

icyifuzo cyatangiwe kizashimisha abantu, n’icy’umuntu yifuje <strong>ku</strong>geraho kizashoboka. Ariko<br />

bazahora batera intambwe zo <strong>ku</strong>zamuka mu rwego rw’ubumenyi, bazahora bunguka ibishya<br />

byo <strong>ku</strong>batangaza, u<strong>ku</strong>ri gushya bazaba bagomba <strong>ku</strong>menya, kandi imbaraga z’ubwenge,<br />

umutima, n’umubiri, bizahora bivugururwa.<br />

Ubutunzi bwose bwo mu ijuru n’ubwo mu isi buzagaragazwa bube ibyigisho<br />

by’abacunguwe. Bazajya bagurukisha amababa nk’ibisiga bajye gusura ayandi masi,<br />

yahindishijwe umushyitsi no <strong>ku</strong>mva amahano yagwiriye isi yacu, maze bahanike indirimbo<br />

y’umunezero w’ubutumwa bwacunguye abo bantu. Mu byishimo bitavugwa, aba<strong>na</strong> b’iyo si,<br />

488

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!