07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

mutima w’umuntu, ni byo Ima<strong>na</strong> yateguriye abayi<strong>ku</strong>nda.” 747 Imvugo ya mwene muntu<br />

ntishobora gusobanura agaciro k’ingororano izahabwa abakiranutsi. Uzayimenya wenyine ni<br />

uzayihabwa. Nta bwenge bw’umwa<strong>na</strong> w’umuntu bwabasha gusobanura ubwiza bwa Paradiso<br />

y’Ima<strong>na</strong>.<br />

Muri Bibiliya umurage w’abakiranutsi witwa “igihugu cyangwa gakondo.” Niho<br />

Umwungeri mwiza ayobora umu<strong>ku</strong>mbi we <strong>ku</strong> isoko y’amazi y’ubugingo. Niho hari igiti<br />

cy’ubugingo cyera imbuto zacyo uko ukwezi gutashye, maze ibibabi byacyo bigakiza<br />

amahanga. Niho hari n’imigezi idakama y’amazi y’urubogobogo abonera<strong>na</strong> nk’isarabwayi,<br />

iyo migezi ikikijwe n’ibiti bihora bitoshye biza<strong>na</strong> amahumbezi mu nzira zateguriwe<br />

abacunguwe b’Uhoraho. Hari n’ibibaya bigari bigiye bibamo udusozi dutatseho ubwiza<br />

n’imisozi itumburutse y’Ima<strong>na</strong>. Muri ibyo bibaya bituje, <strong>ku</strong> nkengero z’iyo migezi ihora<br />

itemba<strong>na</strong> ituze, niho iwabo w’abacunguwe, bamaze igihe kirekire babungera mu isi none ubu<br />

bazaba bageze imuhira.<br />

Abantu banjye bazatura ahantu h’amahoro, babe mu mazu akomeye no mu buruhukiro<br />

butuje.” “Urugomo ntiruzongera <strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong> mu gihugu cyawe, ntihazaba gusenya no<br />

<strong>ku</strong>rimbura, aho ingabano zawe zigera hose. Ahubwo inkike zawe uzazita Agakiza,<br />

n’amarembo yawe uzayita Ishimwe.” Bazubaka amazu bayabemo, kandi bazatera inzabibu<br />

barye imbuto zazo. Ntibazubaka amazu ngo abandi bayabemo, ntibazatera inzabibu ngo<br />

ziribwe n’abandi, kandi bazamara imyaka nk’ibiti, kandi abatoni banjye bazashyira kera<br />

bishimire imirimo y’intoki zabo. ” 748<br />

`Aho ngaho “Ubutayu n’agasi bizabanezererwa, igihugu cyumagaye kizishima kirabye<br />

indabyo, indabyo zizarabya nk’amalisi.” “Mu cyimbo cy’umufatangwe hazamera<br />

umuberoshi, mu cyimbo cy’umukeri hazamera umuhadasi”. “Isega rizaba<strong>na</strong> n’umwa<strong>na</strong><br />

w’intama, ingwe izaryama hamwe n’umwa<strong>na</strong> w’ihene, kandi umwa<strong>na</strong> muto azabiragira”.<br />

“Ibyo ntibizarya<strong>na</strong> kandi ntibizono<strong>na</strong> hose <strong>ku</strong> musozi wanjye Wera”. Niko Uwiteka avuga.<br />

749<br />

Nta mubabaro uzaba mu ijuru no mu isi nshya. Nta marira azabayo nta mirongo y’abajya<br />

guhamba izaharangwa, nta matangazo azumvika<strong>na</strong>yo kandi nta n’imyambaro y’abapfushije<br />

azumbarirwayo. “Nta rupfu ruzabaho u<strong>ku</strong>ndi, kandi umuborogo cyangwa gutaka cyangwa<br />

<strong>ku</strong>ribwa ntibizabaho u<strong>ku</strong>ndi <strong>ku</strong>ko ibya mbere bizaba bishize. ” “Nta muturage waho uzataka<br />

indwara, kandi abahatuye bazababarirwa gukiranirwa kwabo.” 750<br />

Hazaba Ururembo rwa Yerusalemu Nshya, Umurwa Mu<strong>ku</strong>ru w’isi y’ubwiza izaba<br />

yagizwe nshya, “ikamba ry’ubwiza riri mu ntoki z’Uhoraho, n’igisingo cy’Ubwami kiri mu<br />

ntoki z’Ima<strong>na</strong> yawe. “ruzaba rurabagira<strong>na</strong> umucyo nk’uwo amabuye y’igiciro cyinshi,<br />

rushashagira nk’ibuye rya Yasipi, ribonera<strong>na</strong> nk’isarabwayi. “Amahanga yarokotse,<br />

azagendera mu mucyo warwo, abami bo mu isi bazaneyo ubwiza bwabo. ” “Nzanezererwa i<br />

Yerusalemu nishimire abantu banjye. ” ” Dore ihema ry’Ima<strong>na</strong> riri hamwe n’abantu kandi<br />

487

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!