07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ayuzuzamo amahano atera ijuru n’isi agahinda. Ibyaremwe byose byakomeje <strong>ku</strong>niha no<br />

<strong>ku</strong>genda<strong>na</strong> umubabaro. None byose bibatuwe by’iteka ryose mu bishuko no mu bigeragezo<br />

bye. “Isi yose ihawe ihumure, iratuje: baraturagara bararirimba. Ijwi ry’abantu benshi risa<br />

n’iry’amazi menshi asuma, n’irisa n’iryo guhinda kw’in<strong>ku</strong>ba gukomeye kwinshi rivuga riti:<br />

“Haleluya ! Kuko Umwami Ima<strong>na</strong> yacu Ishobora byose iri <strong>ku</strong> ngoma.” 739<br />

Ubwo isi yari itwikiriwe n’ibirimi by’umuriro, abera bari barindiwe mu Murwa Wera.<br />

Kuko bari bafite umugabane mu muzuko wa mbere, urupfu rwa kabiri ntirwari rubafiteho<br />

ububasha. Mu gihe <strong>ku</strong> banyabyaha Ima<strong>na</strong> ari umuriro ukongora, <strong>ku</strong> bakiranutsi bo, ni izuba<br />

n’ingabo ibakingira. 740<br />

Nuko mbo<strong>na</strong> ijuru rishya n’isi nshya, <strong>ku</strong>ko ijuru rya mbere n’isi ya mbere byari byashize.<br />

741 Umuriro warimbuye abanyabyaha ni wo wejeje isi. Akamenyetso kose k’umuvumo<br />

w’icyaha kazaba gaha<strong>na</strong>guwe. Nta muriro wa gihenomu uzahora waka iteka ryose ngo uhore<br />

wibutsa ingaruka z’icyaha ziteye ubwoba.<br />

Urwibutso ruzahoraho ni rumwe gusa: Umucunguzi wacu azahora<strong>na</strong> inkovu zo <strong>ku</strong>bambwa<br />

Kwe. Ku mutwe we, mu rubavu, mu biganza, no <strong>ku</strong> birenge, niho gusa hazasigara ikimenyetso<br />

cy’igikorwa giteye ubwoba icyaha cyatuzaniye. Umuhanuzi yaravuze ati: “Dore Kristo mu<br />

cyubahiro cye, <strong>ku</strong>rabagira<strong>na</strong> kwe kwari <strong>ku</strong>meze nk’umucyo, aho niho ububasha bwe bwari<br />

bubitswe.” 742 Mu gikomere cyo mu rubavu hatembyemo isoko y’amazi avanze n’amaraso<br />

niho urufatiro rwahuje umuntu n’Ima<strong>na</strong>, niho icyubahiro cye gitangirira, niho “habitswe<br />

ububasha bwe.” Ububasha bukiza buboneka binyuze mu <strong>na</strong>ma y’agakiza, afite ububasha bwo<br />

gucira iteka abasuzugura ubuntu bw’Ima<strong>na</strong>. Ikimenyetso cye cyo gucishwa bugufi, nicyo<br />

cyahindutse icyubahiro cye; mu bihe by’iteka ryose, ibikomere by’i Kaluvari bizakomeza<br />

kwereka<strong>na</strong> ishimwe, kandi bitangaze imbaraga ze.<br />

“Nawe Mu<strong>na</strong>ra w’umu<strong>ku</strong>mbi, umusozi w’umukobwa w’i Siyoni, ubutware bwa mbere<br />

buza<strong>ku</strong>garukira.” 743Igihe kirageze, ubwo abera bategereje bafite amatsiko menshi, uhereye<br />

igihe inkota zakaga umuriro zabuzaga ababyeyi bacu ba mbere <strong>ku</strong>garuka muri Edeni, igihe<br />

cyo “gucungura burundu abo Ima<strong>na</strong> yagize abayo.” 744 Umuntu yahawe isi mu itangira ngo<br />

ayitegeke, maze umuntu ayitanga mu maboko ya Satani, yakomeje <strong>ku</strong>ba mu butware bw’uwo<br />

munyabugome, yongeye <strong>ku</strong>mugarurirwa n’i<strong>na</strong>ma ikomeye y’agakiza. Icyapfukiranwe<br />

n’icyaha cyose kirakomorerwa. I<strong>na</strong>ma y’Ima<strong>na</strong> ya mbere yari iyo <strong>ku</strong>rema isi ituwemo<br />

n’abacunguwe. “Kuko Uwiteka waremye ijuru ariwe Ma<strong>na</strong>, ariwe waremye isi akayibumba,<br />

akayikomeza, ntiyayiremye idafite ishusho ahubwo yayiremeye guturwamo.” 745<br />

Abakiranutsi bazaragwa igihugu, bakibemo iteka ryose. ” 746<br />

Impungenge z’uko ahazaza tuzaragwa umurage uzahoraho, zateye abantu benshi<br />

gushidikanya u<strong>ku</strong>ri kwatumaga dutegereza <strong>ku</strong>zabo<strong>na</strong> iwacu heza. Kristo yasezeraniye<br />

abigishwa be yuko agiye <strong>ku</strong>bategurira amazu meza mu rugo rwa Se. Abizera inyigisho zo mu<br />

ijambo ry’Ima<strong>na</strong> bose, ntibazabura gusobanukirwa n’ibyerekeye iwacu mu ijuru. “Kandi<br />

iby’ijisho ritigeze <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> cyangwa ngo byumvishwe amatwi, bikaba bitigeze kwinjira mu<br />

486

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!