07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

urugamba ruheruka no <strong>ku</strong>gaba ibitero k’Umwami w’ijuru. Yiroha mu ngabo ze hagati :<br />

abaroha mo umwuka w’uburakari bwe, abahwiturira guhita bashoza intambara ako kanya.<br />

Ariko mu ngabo miliyoni nyinshi z’abanyabibi, abo yari yarinjijemo umwuka w’ubugome,<br />

nta n’umwe wari ucyemera i<strong>ku</strong>zo rye. Ububasha bwe bwari bugeze <strong>ku</strong> iherezo. Abanyabyaha<br />

<strong>na</strong>bo buzura umwuka wo kwanga Ima<strong>na</strong> babitewe <strong>na</strong> Satani; ariko bareba amaherezo yabo<br />

bagacika intege, bagasanga ko ari iby’ubusa kongera gushotora Yehova. Noneho uburakari<br />

bwabo bugaruka <strong>ku</strong>ri Satani n’abafatanyije <strong>na</strong>we <strong>ku</strong>bayobya, barabahinduka bafite umwuka<br />

nk’uw’abadayimoni.<br />

Uwiteka aravuga ati: “Kuko wagereranyije umutima wawe n’umutima w’Ima<strong>na</strong> ni cyo<br />

gituma ngiye <strong>ku</strong>guteza inzaduka z’abanyamahanga bateye ubwoba, <strong>na</strong> bo baza<strong>ku</strong>hira inkota<br />

zabo zi<strong>ku</strong>mareho ubwiza bw’ubwenge bwawe, banduze no <strong>ku</strong>bengera<strong>na</strong> kwawe.<br />

Baza<strong>ku</strong>manura ba<strong>ku</strong>rohe mu rwobo”. “Nza<strong>ku</strong>rimbura wa mukerubi utwikira we, ngu<strong>ku</strong>re<br />

hagati y’amabuye yaka umuriro. Na<strong>ku</strong>jugunye hasi ngutangariza imbere y’abami <strong>ku</strong>gira ngo<br />

bakwitegereze. Nzaguhindura ivu imbere y’aba<strong>ku</strong>reba bose, aba<strong>ku</strong>zi bose bazagutangarire<br />

kandi ntabwo uzongera <strong>ku</strong>baho u<strong>ku</strong>ndi. “Ibyuma abafite intwaro bari bifurebye mu ntambara<br />

byose n’imyenda igaraguwe mu maraso, bizaba ibyo gutwikwa bibe nk’inkwi zo mu muriro.”<br />

“Kuko Uwiteka arakariye amahanga yose, akaba afitiye ingabo zayo zose umujinya,<br />

yarabarimbuye rwose arabatanga ngo bapfe.” “Azavubira abanyabyaha ibigoyi, umuriro<br />

n’amazu<strong>ku</strong> n’umuyaga wotsa, bizaba umugabane wabo bawunywere mu gikombe. “Umuriro<br />

uzava mu ijuru <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong>. Isi izaturagurika. Ibirimi by’umuriro ukongora bikwire impande<br />

zose. Ibitare byose biraguruma<strong>na</strong>. Umunsi urasohoye uzaba utwika nk’itanura riguruma<strong>na</strong><br />

umuriro. Ibyo byose biremeshwa bizashongeshwa no gushya cyane, isi n’ibiyikorerwamo<br />

bizashirira. Isi yose izaba isa n’inyanja y’ubutare buvanze n’umuriro. Kizaba ari igihe cyo<br />

guca urubanza no <strong>ku</strong>rimbura inkozi z’ibibi, “umunsi wo guhora k’Uwiteka, n’umwaka wo<br />

<strong>ku</strong>bitura i<strong>na</strong>bi bagiriye i Siyoni. ” 736<br />

Abanyabyaha bazaherwa ingororano zabo <strong>ku</strong> isi. 737 “Bazaba ibishingwe: kandi umunsi<br />

ugiye <strong>ku</strong>za uzabakongora. Niko Uwiteka Nyiringabo avuga.” 738 Bamwe bazarimbuka mu<br />

gihe ru<strong>na</strong>ka, <strong>na</strong>ho abandi bamare iminsi myinshi bababazwa. Bose bazahanwa “ha<strong>ku</strong>rikijwe<br />

ibyo bakoze. “Ibyaha by’abakiranutsi byageretswe <strong>ku</strong>ri nyirabyo Satani, ni cyo gituma<br />

atazababarizwa ubugome bwe gusa, ahubwo azababarizwa n’ibyaha byose yakoresheje<br />

abantu b’Ima<strong>na</strong>. Igihano cye kizaba kiremereye cyane <strong>ku</strong>renza <strong>ku</strong>re igihano cy’abo yoheje<br />

gukora ibyaha. Nyuma y’uko abo yoheje bose bazaba bamaze gushiraho, Satani azakomeza<br />

<strong>ku</strong>baho asigare wenyine ababarizwa ibyaha byose yokoje isi. Mu muriro wo kweza,<br />

abanyabyaha nibo bazarimburwa ubuheruka, umuzi n’ishami - Satani niwe muzi, <strong>na</strong>ho<br />

abayoboke be ni amashami. Igihano cy’abishe amategeko y’Ima<strong>na</strong> kizaba kimaze gutangwa;<br />

ibisabwa mu butabera bizaba byashohojwe, kandi ijuru n’isi bibireba bizatangaza<br />

ugukiranuka kwa Yehova.<br />

Ibikorwa bya Satani byo <strong>ku</strong>rimbura bizaba birangiye ubutazongera <strong>ku</strong>baho u<strong>ku</strong>ndi. Mu<br />

gihe cy’imyaka ibihumbi bitandatu, Satani yashohoje ibyo yifuzaga byose, isi yose<br />

485

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!