07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Nuko Satani <strong>na</strong> we ubwe anyurwa n’ubutabera bw’Ima<strong>na</strong> ko <strong>ku</strong>gomera Ima<strong>na</strong> k’ubushake<br />

koko bikwiriye <strong>ku</strong>mubuza ijuru. Yari yaramenyereje imbaraga ze <strong>ku</strong>rwanya Ima<strong>na</strong>;<br />

ubutungane, amahoro n’ubumwe birangwa mu ijuru byajyaga <strong>ku</strong>mubuza umutekano. Noneho<br />

ibirego bye birwanya imbabazi n’ubutabera by’Ima<strong>na</strong> byari byacecekeshejwe. Ibirego byose<br />

yari yashyize <strong>ku</strong>ri Yehova ngo amurwanye biba ari we bigaruka <strong>ku</strong> mutwe uko byakabaye.<br />

Noneho Satani arapfukama kandi yemera ko urubanza yaciriwe rutabera.<br />

“Mwami ni nde utaza<strong>ku</strong>baha cyangwa ngo ye guhimbaza izi<strong>na</strong> ryawe ko ari wowe<br />

wenyine wera? Amahanga yose azaza akwi<strong>ku</strong>bite imbere a<strong>ku</strong>ramye, <strong>ku</strong>ko imirimo yawe yo<br />

gukiranuka igaragajwe. ” 733 Ikibazo cyose cy’u<strong>ku</strong>ri n’ibinyoma muri iyo ntambara<br />

cyashyizwe ahagaragara. Ingaruka z’ubugome, imbuto zo kwirengagiza amabwiriza y’ijuru,<br />

byagaragarijwe abaremwe bose. Ibikorwa bya Satani n’amategeko ye arwanya ubutegetsi<br />

bw’Ima<strong>na</strong> byagaragarijwe abaturage b’isi n’abo mu ijuru. Ibyo Satani yakoze biramugarutse,<br />

bimuciraho iteka. Ubwenge, ubutabera no <strong>ku</strong>gira neza by’Ima<strong>na</strong> bizahoraho iteka ryose.<br />

Birumvika<strong>na</strong> ko muri iyo ntambara ikomeye, ibyo Ima<strong>na</strong> yashatse byose bigezweho hamwe<br />

n’u<strong>ku</strong>baho neza kw’ubwoko bwayo no <strong>ku</strong>gubwa neza kw’amasi yose Ima<strong>na</strong> yaremye.<br />

“Uhoraho, ibyo waremye byose nibigushimire, indahemuka zawe zigusingize.” 734 Amateka<br />

y’icyaha azahora yereka<strong>na</strong> ko gukomeza amategeko y’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>datanduka<strong>na</strong> n’umunezero<br />

w’ibyo yaremye byose. Ibyabaye mu gihe cyose cy’intambara ikomeye byongeye<br />

<strong>ku</strong>garagarizwa isi n’ijuru, ari abakiranutsi n’ibyigomeke, baterere hejuru icyarimwe bati: ”<br />

Mugabe w’amahanga inzira zawe ni izo gukiranuka n’u<strong>ku</strong>ri. ”<br />

Mbere hose, isi yose yari yareretswe igitambo gihebuje Ima<strong>na</strong> Data n’Umwa<strong>na</strong> batambiye<br />

abantu. Igihe cyari kigeze <strong>ku</strong>gira ngo Kristo ajye mu mwanya we w’icyubahiro wamugenewe,<br />

kandi ashyirwe hejuru asumbe ibinyabubasha byose n’ubutware bwose n’izi<strong>na</strong> ryose<br />

ryabayeho. Kubwo ibyishimo byamushyizwe imbere byo <strong>ku</strong>geza abantu be mu cyubahiro,<br />

yihanganiye umusaraba ntiyita <strong>ku</strong> isoni zawo. Umubabaro we no gukozwa isoni birenze<br />

ibitekerezo byose, ariko ikinejeje <strong>ku</strong>rutaho ni uko ibyo byasimbuwe n’ibyishimo<br />

n’icyubahiro. Yitegereza abacunguwe bari bamaze <strong>ku</strong>garurirwa ishusho ye bari baranyazwe,<br />

umuntu wese muri bo yambitswe ubwiza bugaragaza ishusho y’abaturajuru, mu maso ha buri<br />

wese harabagira<strong>na</strong> ishusho y’Umwami we. Abo<strong>na</strong> <strong>ku</strong>ri bo imbuto z’umurimo we, abibonye<br />

atyo aranyurwa. Nuko mu ijwi rikomeye ryumvikanye mu matwi y’abacunguwe<br />

n’abanyabyaha aratangaza ati: “Aba ni ikiguzi cy’amaraso yanjye! Aba nibo <strong>na</strong>babarijwe, aba<br />

ni bo <strong>na</strong>pfiriye <strong>ku</strong>gira ngo bazahore imbere yanjye uko ibihe bihaye ibindi.” Maze abambaye<br />

amakazu yera bazengurutse intebe ya Cyami, bahanika indirimbo yo gushima bagira bati:<br />

“Umwa<strong>na</strong> w’intama watambwe ni We ukwiriye ubutware n’ubutunzi, ubwenge n’imbaraga<br />

no guhimbazwa n’icyubahiro n’ishimwe!’‘ 735<br />

Nubwo Satani yabonye ko ari ngombwa kwemera ubutabera bw’Ima<strong>na</strong> n’isumbwe rya<br />

Kristo no kwemera <strong>ku</strong>mupfukamira, nyamara imico ye ntiyahindutse. Umwuka w’ubugome,<br />

umeze nk’umugezi uhurura cyane, wongera kwigaragaza. Azabiranyijwe n’uburakari, Satani<br />

ntiyabasha kwemera ko atsinzwe mu ntambara ikomeye. Igihe cyari kigeze cyo gushoza<br />

484

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!