07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

w’amahanga inzira zawe ni izo gukiranuka n’u<strong>ku</strong>ri. ” 732 Maze bi<strong>ku</strong>bita hasi baramya<br />

Umwami utanga ubugingo.<br />

Ubwo Satani yabo<strong>na</strong>ga i<strong>ku</strong>zo no gukomera bya Kristo, yabaye nk’ufashwe n’ikinya. Wa<br />

wundi wahoze ari umwe mu bakerubi batwikira yibuka aho yaguye. Umuserafi urabagira<strong>na</strong>,<br />

“umwa<strong>na</strong> wo mu museke;” mbega u<strong>ku</strong>ntu yahindutse, mbega u<strong>ku</strong>ntu yambuwe icyubahiro!<br />

Ya<strong>ku</strong>we mu <strong>na</strong>ma yari afitemo icyubahiro ubutazayigarukamo u<strong>ku</strong>ndi. Noneho abo<strong>na</strong> undi<br />

mu Marayika uhagaze iruhande rw’Ima<strong>na</strong> Data, arabagira<strong>na</strong>ho ishusho Ye. Satani yari abonye<br />

Marayika yasumbaga kera afata ikamba aritamiriza uruhanga rwa Yesu, ubwo asobanukirwa<br />

n’uko uwo mwanya ukomeye utyo wakagombye <strong>ku</strong>ba uwe.<br />

Satani yibuka igihe yari akiri iwabo atunganye kandi ari umuziranenge, amahoro<br />

n’umunezero yahoranye <strong>ku</strong>geza igihe yatangiriye kwivovotera Ima<strong>na</strong> no <strong>ku</strong>girira Yesu<br />

ishyari. Yibuka ibirego bye, ubugome bwe n’uko yibeshye agashaka kwi<strong>ku</strong>ruriraho<br />

abamarayika, yibuka uburyo yanze kwisubiraho agakomeza kwizirika <strong>ku</strong> <strong>na</strong>ma ze<br />

z’ubugome, ubwo Ima<strong>na</strong> yamusezeraniraga <strong>ku</strong>mubabarira — ibyo byose bimugaruka mu<br />

bwenge biri <strong>ku</strong> murongo. Yibuka amarorerwa yakoreye abantu n’ingaruka zayo, yibuka<br />

urwango yabibye mu bantu, yibuka ibyorezo biteye ubwoba yazanye <strong>ku</strong> isi, kwimikwa no<br />

guhanguka kw’ingoma zo <strong>ku</strong> isi, gusimbura<strong>na</strong> kw’intebe za cyami, impagarara, intambara,<br />

n’ubugome bihora byiyongera <strong>ku</strong> isi. Yibuka uko yihatiye <strong>ku</strong>rwanya umurimo Kristo no<br />

<strong>ku</strong>roha abantu mu mworera. Yabonye ko i<strong>na</strong>ma ze z’ubwicanyi zitagize imbaraga yo<br />

gutsemba abashyize ibyiringiro byabo muri Kristo. Ubwo Satani yasubizaga amaso inyuma<br />

akareba ingoma ye, akareba ingaruka y’umurimo we, yabo<strong>na</strong>ga gutsindwa n’irimbukiro gusa.<br />

Yibuka ko yijeje abantu be ko kwigarurira Umurwa w’Ima<strong>na</strong> byoroshye cyane; hanyuma aza<br />

<strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ko yababeshyaga. Nanone kandi,yibuka ko uko ibihe byagiye bisimbura<strong>na</strong>, uko<br />

intambara ikomeye yagiye i<strong>ku</strong>rikira<strong>na</strong>, yakomeje <strong>ku</strong>genda atsindwa ariko akanga <strong>ku</strong>virira<br />

urugamba. Yari azi neza ubwe imbaraga n’ububasha by’Uhoraho.<br />

Umugambi w’iki kigomeke ruharwa wari uwo kwitsindishiriza no guhamya ko ubutegetsi<br />

bw’Ima<strong>na</strong> ari bwo bwateye ubwigomeke. Muri icyo gihe giheruka ni ho, imbaraga n’ubwenge<br />

bye bikomeye bizaba bibogamiye cyane. Yari yarabikoresheje mu buryo bwose, kandi<br />

akabo<strong>na</strong> umusaruro umushimishije, yunguka abantu benshi cyane bemera gufatanya <strong>na</strong>we mu<br />

ntambara ikomeye imaze igihe kinini yaratangiye. Mu myaka ibihumbi uwo mutware<br />

w’abagome yihatiye <strong>ku</strong>goreka u<strong>ku</strong>ri. Ariko igihe cyari gisohoye, ngo ubugome butsindwe<br />

buheruka, maze amateka ya Satani n’imico ye, bishyirwe <strong>ku</strong> karubanda. Mu muhati we<br />

uheruka wo kwimura Kristo <strong>ku</strong> ntebe ya Cyami, kwica no gutsemba abamwizera no<br />

kwigarurira Umurwa w’Ima<strong>na</strong>, shebuja w’ibinyoma yari yiyambitse uburyarya. Abemeye<br />

gufatanya <strong>na</strong> we, <strong>na</strong> bo babonye ko atsinzwe burundu. Abayoboke ba Kristo hamwe<br />

n’abamarayika bera, bareba mu buryo bwose ubuhendanyi Satani yakoresheje arwanya <strong>Leta</strong><br />

y’Ima<strong>na</strong>. Ni we wari uteye impungenge isi n’ijuru.<br />

483

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!