07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Muri iryo teraniro ry’Abacunguwe harimo intumwa za Yesu, intwari Pawulo, Petero<br />

w’umunyabwira, Yoha<strong>na</strong> u<strong>ku</strong>ndwa kandi aga<strong>ku</strong>nda, ndetse <strong>na</strong> bagenzi babo, bari hamwe<br />

n’imbaga nini y’abapfuye bazira kwizera kwabo; mu gihe hanze y’umurwa hazaba hari ibibi<br />

n’ikintu cyose kizira, hazaba abarenganyirije abandi kwizera kwabo, ababashyize mu mazu<br />

y’imbohe, n’ababaciye imitwe. Hazaba hari Nero wa mwami uteye ubwoba w’imico ya<br />

kinyamaswa n’umugizi wa <strong>na</strong>bi, azaba areba umunezero no gushyirwa hejuru kw’abo yajyaga<br />

yica urubozo, <strong>ku</strong>gira ngo anezeze Satani. Nyi<strong>na</strong> wa Nero azaba ahari yirebera ingaruka<br />

z’ibikorwa by’umuhungu we; areba ikimenyetso cy’imico mibi yarazwe <strong>na</strong> Nyi<strong>na</strong>, irari<br />

yashyigikiye kandi akarifasha <strong>ku</strong>jya mbere a<strong>na</strong>tanga icyitegererezo; ibyo byeze imbuto<br />

z’ubugome bwahindishije isi yose umushyitsi.<br />

Aho kandi hazaba hari abapapa n’ibyegera byabo bihamiriza ubwabo ko ari bo basimbura<br />

Kristo <strong>ku</strong> isi, nyamara bagakoresha inyundo, gereza n’ibibando <strong>ku</strong>gira ngo babashe <strong>ku</strong>yobora<br />

umutima<strong>na</strong>ma w’ubwoko bwe. Hari abapapa bi<strong>ku</strong>jije, bishyira hejuru y’Ima<strong>na</strong> ndetse<br />

bakabigaragarisha guhindura amategeko y’Isumbabyose. Bamwe biyitaga urufatiro<br />

rw’itorero, bafite urubanza bagomba kwisobanuraho imbere y’Ima<strong>na</strong>. Bakererewe <strong>ku</strong>menya<br />

ko Umenya byose afuhira amategeko ye kandi azashyira igicumuro cyose <strong>ku</strong> mugaragaro.<br />

Noneho basobanukirwa ko Kristo yita cyane <strong>ku</strong> bamubabarijwe, bakiyumvam imbaraga y’aya<br />

magambo:“Ubwo mwabikoreye umwe muri bene Data aba boroheje bari hanyuma y’abandi<br />

nijye mwabikoreye. ” 731<br />

Abanyabyaha banze kwiha<strong>na</strong> bose barindirijwe urubanza rukomeye mu rukiko rw’Ima<strong>na</strong><br />

<strong>ku</strong>ko bagomeye ubutegetsi bwo mu ijuru. Ntawe ubaburanira muri urwo rubanza, nta<br />

n’impamvu bafite bashobora kwereka<strong>na</strong>, maze bacirwa urwo gupfa by’iteka ryose.<br />

Noneho bigaragara ko ibihembo by’ibyaha atari umudendezo, atari ubugingo buhoraho,<br />

ahubwo ari ububata, u<strong>ku</strong>rimbuka, n’urupfu rw’iteka ryose. Abanyabyaha babonye ibyo<br />

bakoze mu <strong>ku</strong>baho kwabo bagomera Ima<strong>na</strong>. Bahinyuye cyane agaciro k’ibyiza bitarondoreka<br />

ubwo bajyaga babibwirwa, ariko mbega ngo ubu baraba babifitiye inyota, “umuntu wese muri<br />

bo atera hejuru ati: “Ibi byose <strong>na</strong>gombaga <strong>ku</strong>bikora, ariko <strong>na</strong>hisemo kwitandukanya <strong>na</strong> byo,<br />

mbega ngo birantungura ! amahoro, umunezero n’icyubahiro, <strong>na</strong>biguranye ubugome,<br />

umuvumo n’ubwihebe.” Bose basobanukirwa n’uko igihano cyo <strong>ku</strong>bura ijuru ari icy’u<strong>ku</strong>ri<br />

kibakwiriye. Mu <strong>ku</strong>baho kwabo baravugaga bati:“Ntidushaka ko uyu muntu aba Umwami<br />

wacu.”<br />

Maze nk’aho abanyabyaha babaye nk’abafunguriwe umuryango ngo barebe, babo<strong>na</strong><br />

Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> yimikwa. Bamubo<strong>na</strong><strong>na</strong> mu biganza bye, ibisate by’amabuye bibiri<br />

byanditsweho amategeko y’Ima<strong>na</strong>, babo<strong>na</strong> amabwiriza yose bahinyuye, bakayagomera.<br />

Babo<strong>na</strong> uko abacunguwe basimbagizwa n’ibyishimo baramya Ima<strong>na</strong>, kandi ubwo amajwi<br />

yabo meza yarangiriraga mu Murwa no hanze yawo, bose batangarira mu ijwi rihuje bati:<br />

“Mwami Ima<strong>na</strong> Ishobora byose, imirimo yawe irakomeye kandi iratangaza, Mugabe<br />

482

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!