07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

byabateye <strong>ku</strong>gomera amategeko y’Ima<strong>na</strong>. Ibishuko bemeye k’ubushake bwabo bitwaje ko<br />

bazagura imbabazi z’ibyaha byabo, imigisha y’Ima<strong>na</strong> bafashe uko itari, intumwa z’Ima<strong>na</strong><br />

basuzuguye, amagambo y’imbuzi bakomeje gukerensa, imbabazi nyinshi imitima yabo<br />

i<strong>na</strong>ngiye yanze kwakira, ibyo byose byari imbere yabo bimeze nk’ibyandikishijwe inyuguti<br />

z’umuriro.<br />

Hejuru y’intebe ya Cyami haboneka Umusaraba; kandi haboneka ibisa n’amashusho<br />

y’uruhererekane yereka<strong>na</strong> u<strong>ku</strong>geragezwa kwa Adamu no <strong>ku</strong>gwa kwe, ndetse n’uru<strong>ku</strong>rikirane<br />

rwo gusohora kw’i<strong>na</strong>ma ikomeye y’agakiza. Haboneka amashusho y’Umukiza avukira mu<br />

muryango wa gikene, imibereho ye yo kwicisha bugufi no <strong>ku</strong>mvira, <strong>ku</strong>batizwa kwe mu ruzi<br />

rwa Yorodani; kwigomwa <strong>ku</strong>rya no <strong>ku</strong>geragezwa kwe ari mu butayu; Umurimo we wo<br />

<strong>ku</strong>bwiriza ubutumwa no guha abantu imigisha ikomeye ituruka mu ijuru; iminsi yamaze akora<br />

imirimo y’uru<strong>ku</strong>ndo n’imbabazi; ndetse n’amajoro yaraye wenyine atagoheka asenga Ima<strong>na</strong><br />

mu mpinga z’imisozi. Imigambi n’ishyari bamugiriye, urwango n’ubugome bamugororeye<br />

<strong>ku</strong> neza yabagiriraga, agahinda gakomeye yagiriye mu gashyamba ka Getsemani ashengurwa<br />

n’uburemere bw’umutwaro w’ibyaha by’abari mu isi; <strong>ku</strong>gambanirwa kwe agatangwa mu<br />

maboko y’igico cy’abagome; guteraganwa ko mu ijoro riteye ubwoba; uko bamuboshye ariko<br />

ntiyirwaneho, abigishwa be ya<strong>ku</strong>ndaga bamutereranye, a<strong>ku</strong>bitwa agateraganirwa mu mihanda<br />

y’i Yerusalemu; Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> asuzugurirwa imbere ya A<strong>na</strong>; ajyanwa mu ngoro<br />

y’umutambyi; Pilato amucira urubanza, ajyanwa imbere y’umugira<strong>na</strong>bi Herode; bamukoba,<br />

bamutuka, bamwica urw’agashinyaguro, <strong>ku</strong> iherezo bamucira urwo gupfa. Ibyo byose<br />

bigaragara neza imbere ya bose.<br />

Hanyuma imbere y’iryo teraniro ryifashe impungenge, hahita andi mashusho ateye<br />

ubwoba n’agahinda, yo <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> uwo Munyamibabaro wamenyereye intimba agenda ateguza<br />

mu nzira iga<strong>na</strong> i Kaluvari; <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> Igikomangoma cyo mu ijuru amanitswe <strong>ku</strong> musaraba;<br />

abatambyi b’abanyagasuzuguro <strong>na</strong> rubanda bamukoba ariho asambira <strong>ku</strong> musaraba;<br />

umwijima utigeze <strong>ku</strong>baho; isi ihinda umushyitsi, ibitare bimeneka, ibituro bikinguka,<br />

bigaragaza umwanya wahise ubwo Umucunguzi w’isi yatangaga ubugingo bwe.<br />

Ibyo bintu biteye ubwoba bigaragara nk’uko byakozwe. Satani n’abamarayika be hamwe<br />

n’abayoboke be bose, nta bushobozi bagifite bwo guhindura ibikorwa byabo bibi bakoze.<br />

Ikibi cyose umuntu wese yakoze akibo<strong>na</strong> kimeze nk’uko yagikoze. Herode wishe aba<strong>na</strong><br />

b’abaziranenge b’i Betelehemu <strong>ku</strong>gira ngo yicemo n’Umwami wa Isiraheli; Herodiya<br />

aremerewe n’igicumuro cy’amaraso ya Yoha<strong>na</strong> Umubatiza; umunyantege nke Pilato<br />

wakoreraga gucungura igihe gusa; abasirikari b’abakobanyi, abatambyi n’abatware<br />

b’Abayuda n’iteraniro ry’abantu bari bashutswe bemera gusa<strong>ku</strong>za bavuga abati: “Amaraso ye<br />

azatubeho n’aba<strong>na</strong> bacu!’‘- bose bibonera ububi bw’ibyaha bakoze. Bashatse aho bihisha<br />

igitsure cy’Umwami w’ijuru n’ubwiza bwe burabagira<strong>na</strong> nk’izuba maze barahabura, mu gihe<br />

abacunguwe bo barambikaga amakamba yabo <strong>ku</strong> birenge by’Umukiza, buri wese atera hejuru<br />

ati: “Yaramfiriye!”<br />

481

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!