07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Nuko Yesu yongera kwiyereka abanzi be. Ahirengeye Umurwa <strong>ku</strong> rufatiro rurimbishijwe<br />

izahabu, hari intebe y’Ubwami ikomeye kandi ishyizwe hejuru. Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> yari<br />

ayicayeho, akikijwe n’ibikomangoma by’Ubwami bwe. Nta mvugo y’umuntu, nta karamu<br />

yashobora gusobanura no kwandika imbaraga n’igitinyiro by’ishusho Yesu yari afite icyo<br />

gihe. Icyubahiro cy’Ima<strong>na</strong> Data cyambitswe Umwa<strong>na</strong> we. Ubwiza bwe bwuzura Umurwa<br />

w’Ima<strong>na</strong>, burasira <strong>ku</strong> marembo y’Umurwa wose, burasohoka bumurika <strong>ku</strong> isi hose.<br />

Hafi y’intebe ya Cyami, hari ba bandi babanje gukorera Satani bafite umwete, hanyuma<br />

baga<strong>ku</strong>rwayo nk’umushimu u<strong>ku</strong>we mu muriro, baga<strong>ku</strong>rikira Umukiza bitanze burundu.<br />

Ha<strong>ku</strong>rikiyeho abashikamye mu <strong>ku</strong>ri kwa Kristo mu gihe cy’ubuhakanyi n’ubugome<br />

bukomeye, bakomeje amategeko y’Ima<strong>na</strong> mu gihe mu isi ya Gikristo batangazaga ko<br />

baya<strong>ku</strong>yeho, hamwe <strong>na</strong> za miliyoni nyinshi z’abarenganyirijwe kwizera kwabo bo mu bihe<br />

byose. Hirya hari “iteraniro ry’abantu umuntu atabasha <strong>ku</strong>bara bo mu mahanga yose, mu<br />

moko yose, imiryango yose, n’indimi zose, bari imbere y’intebe ya Cyami n’imbere<br />

y’Umwa<strong>na</strong> w’intama, bambaye ibishura byera, kandi bafite amashami y’imikindo mu ntoki<br />

zabo. ” 728 Intambara yabo yari yararangiye, baratsinze burundu. Barwanye intambara<br />

barangiza urugendo none bahawe ingororano zabo. Amashami y’imikindo ari mu ntoki zabo<br />

ni ikimenyetso cy’insinzi; imyambaro yera igaragaza ubutungane butagira inenge bwa Kristo,<br />

none bukaba bwarabaye ubwabo.<br />

Abacunguwe bose bahanika indirimbo y’ishimwe, maze amajwi yayo asakara mu birere<br />

by’ijuru: “Agakiza ni ak’Ima<strong>na</strong> yacu yicaye <strong>ku</strong> ntebe, n’ak’Umwa<strong>na</strong> w’intama.” 729 Nuko<br />

amajwi y’abamarayika n’abaserafi, ahurizwa hamwe n’ay’abacunguwe guhimbaza Ima<strong>na</strong>.<br />

Abacunguwe babonye imbaraga n’ubuca<strong>ku</strong>ra bya Satani, basobanukirwa <strong>ku</strong>ruta mbere hose<br />

ko Kristo ariwe ubaneshereje. Muri iryo teraniro rinini ry’abera, nta n’umwe wigeze atekereza<br />

ko ako gakiza bagahawe n’imbaraga zabo cyangwa n’ubugwaneza bwabo. Nta cyavuzwe<br />

cyerekeye <strong>ku</strong> byo bakoze cyangwa <strong>ku</strong> by’akarengane kabo, ariko icyari cyibanzweho cyane,<br />

ni indirimbo yaririmbwagwa gusa ari yo, “Agakiza ni ak’Ima<strong>na</strong> yacu n’Umwa<strong>na</strong> w’intama. ”<br />

Nuko Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> atamirizwa ikamba rya Cyami ubuheruka imbere y’ihuriro<br />

ry’abacunguwe n’ingabo zose zo mu ijuru. Amaze guhabwa iryo <strong>ku</strong>zo, icyubahiro n’imbaraga<br />

bisumba ibindi, Umwami w’abami atangaza igihano gikwiriye abigometse <strong>ku</strong> butegetsi bwe,<br />

kandi asohoza ubutabera <strong>ku</strong> bagomeye amategeko ye bakarenganya abamwizera. Umuhanuzi<br />

w’Ima<strong>na</strong> yaravuze ati: “Mbo<strong>na</strong> intebe y’Ubwami nini yera, mbo<strong>na</strong> n’Iyicayeho, isi n’ijuru<br />

bihunga mu maso hayo, ahabyo ntihaba hakiboneka. Mbo<strong>na</strong> abapfuye abakomeye<br />

n’aboroheje bahagaze imbere y’iyo ntebe, nuko ibitabo birabumburwa. Kandi n’ikindi gitabo<br />

kirabumburwa, ari cyo gitabo cy’ubugingo. Abapfuye bacirwa imanza z’ibyanditswe muri<br />

ibyo bitabo zikwiriye ibyo bakoze.” 730<br />

Ibitabo bikimara <strong>ku</strong>bumburwa, Yesu ahanga amaso <strong>ku</strong> bantu b’inkozi z’ibibi, bahita<br />

bibuka kandi bemera ibyaha bakoze. Babo<strong>na</strong> neza aho bagiye bateshuka bakava mu nzira<br />

y’ubutungane n’ubuziranenge; basobanukirwa ko ubwibone n’ubugome byabo ari byo<br />

480

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!