07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Ku ruhande rw’aba<strong>na</strong> b’Ima<strong>na</strong>, ukoherwa kwa Satani <strong>ku</strong>zabatera umunezero n’ibyishimo.<br />

Umuhanuzi aragira ati, “Uwo munsi Uwiteka <strong>na</strong>mara <strong>ku</strong><strong>ku</strong>ruhura umubabaro n’umuruho<br />

n’agahato bagukoreshaga, umwami w’i Babuloni (ushushanya hano Satani) uzamuki<strong>na</strong> <strong>ku</strong><br />

mubyimba uti: “Erega umunyagahato ashizeho! Umurwa w’izahabu <strong>na</strong> wo ushizeho, Uwiteka<br />

avunnye inkoni y’abanyabyaha, niyo nkoni y’abategeka, ba<strong>ku</strong>bitishaga amahanga umujinya<br />

badahwema, bagategekesha amahanga uburakari, bakarenganya ntihagire ubabuza. ” 719<br />

Mu gihe cy’imyaka igihumbi, hagati y’umuzuko wa mbere n’uwa kabiri, nibwo<br />

abanyabyaha bazacirwa imanza. Intumwa Pawulo avuga ko uru rubanza ari igikorwa<br />

kiza<strong>ku</strong>rikira <strong>ku</strong>garuka kwa Yesu. “Nicyo gituma mudakwiriye guca urubanza rw’ikintu<br />

cyose, igihe cyarwo kitarasohora, <strong>ku</strong>geza ubwo Umwami wacu azaza agatangaza ibyari<br />

byahishwe mu mwijima, kandi akagaragaza n’imigambi yo mu mutima.” 720 Umuhanuzi<br />

Daniyeli ahamya ko igihe Umu<strong>ku</strong>ru Nyiribihe byose yazaga, “igihe cyarageze intore<br />

z’Ishoborabyose zirarenganurwa.” 721 Muri icyo gihe, abakiranutsi bazaba ari abami<br />

n’abatambyi b’Ima<strong>na</strong>. Mu Byahishuwe, Yoha<strong>na</strong> aravuga ati: “Mbo<strong>na</strong> intebe z’Ubwami<br />

mbo<strong>na</strong> bazicaraho bahabwa ubucamanza.” “Bazaba abatambyi b’Ima<strong>na</strong> <strong>na</strong> Kristo kandi<br />

bazima<strong>na</strong> <strong>na</strong> We imyaka igihumbi.” 722Nk’uko intumwa Pawulo abivuga, ni muri icyo gihe<br />

“abera bazacira isi urubanza. ” 723 Hamwe <strong>na</strong> Kristo, abakiranutsi bazacira abakiranirwa<br />

imanza, ha<strong>ku</strong>rikijwe amahame ya Bibiliya, urubanza rucibwe ha<strong>ku</strong>rikijwe iby’umuntu wese<br />

yakoze akiriho. Kandi <strong>na</strong> none bazagenera igihano kibabaje umuntu wese ha<strong>ku</strong>rikijwe ibyo<br />

yakoze; maze byandikwe imbere y’amazi<strong>na</strong> yabo aboneka mu gitabo cy’urupfu.<br />

Satani n’abamarayika be <strong>na</strong> bo bazacirwa urubanza <strong>na</strong> Kristo hamwe n’abera: Intumwa<br />

Pawulo abivuga yeruye ati, “Ntimuzi ndetse yuko tuzacira abamarayika urubanza? ” Yuda <strong>na</strong><br />

we avuga ko “Abamarayika batarinze ubutware bwabo, ahubwo bakareka ubuturo bwabo,<br />

ibarindira mu minyururu idashira no mu mwijima w’icuraburindi <strong>ku</strong>gira ngo bacirwe ho iteka<br />

<strong>ku</strong> munsi ukomeye.” 724<br />

Ku iherezo ry’imyaka igihumbi, hazabaho umuzuko wa kabiri. Abanyabyaha bazazuka,<br />

bahagarare imbere y’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>gira ngo harangizwe urubanza rwaciriwe mu ijuru. Nyuma yo<br />

gusobanura iby’umuzuko w’abakiranutsi, umuhishuzi yaravuze ati: “Abapfuye basigaye<br />

ntibazuka iyo myaka igihumbi itarashira.” Umuhanuzi Yesaya <strong>na</strong> we yanditse ibizaba <strong>ku</strong><br />

banyabyaha agira ati: “Bazateranyirizwa hamwe nk’uko imbohe ziteranyirizwa mu rwobo,<br />

bazakingiranirwa mu nzu y’imbohe, kandi iminsi myinshi nishira bazagendererwa. ” 726<br />

477

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!