07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

mbo<strong>na</strong> nta muntu uhari, inyoni zo mu kirere zose zahunze. Nongeye kwitegereza mbo<strong>na</strong><br />

ibibaya birumbuka byarahindutse ubutayu, kandi imidugudu yose yarahindutse amatongo. ”<br />

716<br />

Icyo gihe isi izaba yahindutse ubuturo bwa Satani n’abamarayika be, aho bazatura<br />

bakahamara imyaka igihumbi. Azaba azitiriwe muri uwo mwijima <strong>ku</strong>ko azaba aboshywe<br />

adashobora <strong>ku</strong>gera mu yandi masi ngo abe yashuka n’abandi batigeze gukora icyaha. Ibyo<br />

bigaragaza neza ko azaba afungishijwe iminyururu: nta muntu n’umwe uzaba asigaye ngo<br />

amwerekanireho ububasha bwe. Azaba yarambuwe rwose umurimo w’ubuhendanyi n’uwo<br />

<strong>ku</strong>rimbura yamaze imyaka myinshi ashimishwa no guteza mu bantu.<br />

Umuhanuzi Yesaya asubije amaso inyuma mu gihe Satani yacibwaga mu ijuru, aratangara<br />

ati: “Mbese waha<strong>na</strong>ntutse ute mu ijuru, Lusiferi wowe nyenyeri irabagira<strong>na</strong> mu rukerera?<br />

Wajugunywe ute <strong>ku</strong> isi, wowe wigeze gutsinda amahanga? … Waribwiraga uti ‘Nzazamuka<br />

ngere mu ijuru, intebe yanjye nzayishyira hejuru y’inyenyeri z’Ima<strong>na</strong>. … Nzareshya n’Ima<strong>na</strong><br />

Isumbabyose.’ Nyamara dore waha<strong>na</strong>nturiwe i<strong>ku</strong>zimu, washyizwe mu rwobo hasi cyane.<br />

Aba<strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> barakwitegereza cyane, baguhanze amaso ubudahumbya bibaza bati ‘Mbese uyu<br />

ni wa muntu wahindishaga ab’isi umushyitsi, wa wundi wateraga ubwoba ibihugu, wa muntu<br />

wahinduye isi ubutayu, wa wundi warimbuye imijyi, wanze <strong>ku</strong>re<strong>ku</strong>ra imfungwa <strong>ku</strong>gira ngo<br />

zisubire iwabo?’ ” 717<br />

Mu myaka ibihumbi bitandatu, umurimo wa Satani w’ubwigomeke “wahindishije ab’isi<br />

umushyitsi.” Yari “yarahinduye isi ubutayu, arimbura imijyi y’aho.” Ndetse ni we “wanze<br />

<strong>ku</strong>re<strong>ku</strong>ra imfungwa <strong>ku</strong>gira ngo zisubire iwabo.” Mu myaka ibihumbi bitandatu, iyi gereza<br />

afungiwemo, niyo yari yarafungiyemo ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> kandi we yari yaragambiriye<br />

<strong>ku</strong>bafungiramo ubuzira herezo; ariko Kristo yaciye izo ngoyi maze afungura izo mfungwa.<br />

Ndetse <strong>na</strong> bugingo n’ubu ababi ntibakiri munsi y’ubutware bwa Satani, ubwe ni we wari<br />

usigaranye n’abamarayika be babi <strong>ku</strong>gira ngo barebe ingaruka z’umuvumo icyaha cyazanye<br />

mu isi. “Koko rero, abami bose b’amahanga bahambanwa icyubahiro, buri wese ashyingurwa<br />

mu mva ye. Nyamara wowe wajugunywe hanze y’imva yawe, wajugunywe nk’ishami riteye<br />

ishozi. … Ntuzahambwa nk’abandi bami, koko rero washenye igihugu cyawe, wishe kandi<br />

abantu bawe. ” 718<br />

Mu gihe cy’imyaka igihumbi, Satani azaba abuyera <strong>ku</strong> isi y’umwirare yitegereza ingaruka<br />

zo <strong>ku</strong>gomera amategeko y’Ima<strong>na</strong> kwe. Muri icyo gihe, umubabaro we uzaba ukomeye.<br />

Guhera igihe yagomeraga Ima<strong>na</strong>, umuhati we wo gukora ubutaruhuka watumaga atihugiraho<br />

ngo atekereze amaherezo y’ibizamubaho; ariko noneho yari yambuwe imbaraga ze zose,<br />

asigirwa gusa umurimo wo kwitegereza umugabane w’ibyo yari yaramaze gukora ubwo ariwe<br />

wabaye nyambere mu <strong>ku</strong>gomera ubutegetsi bw’ijuru, no <strong>ku</strong>reba umubabaro umutegereje<br />

<strong>ku</strong>bw’ibyo bibi byose yakoze, n’igihano cy’ibyaha bigwiriye <strong>ku</strong> isi yose ari we bikomotseho,<br />

ibyo bigatuma agira ubwoba bwinshi maze agahinda umushyitsi.<br />

476

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!