07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Ubwo Kristo azagaruka, abanyabyaha bazarandurwa <strong>ku</strong> isi hose- bazakongorwa<br />

n’umwuka uvuye mu kanwa ke kandi batsembwe n’u<strong>ku</strong>rabagira<strong>na</strong> kw’ubwiza bwe. Nuko<br />

Kristo ajyane abantu be mu Murwa w’Ima<strong>na</strong>, kandi icyo gihe isi izasigara ari umwirare. “Dore<br />

Uwiteka arahindura isi umwirare, arayiraza, arayubika atatanya abaturage bayo.” “Isi<br />

izanyagwa ihinduke umwirare rwose, <strong>ku</strong>ko Uwiteka ariwe wabivuze.” “Kuko bagomeye<br />

amategeko, bagahindura ibyategetswe, bakica isezerano rida<strong>ku</strong>ka. Nicyo gituma umuvumo<br />

utsemba isi n’abayibamo, nicyo gitumye abaturage b’isi batwikwa hagasigara bake. ” 712<br />

Isi igaragara imeze nk’ubutayu. Imijyi ikomeye n’imidugudu birimburwa n’umutingito<br />

w’isi, ibiti birariduka, inyanja zijugunya ibitare hejuru birame<strong>na</strong>gurika bikwira <strong>ku</strong> isi hose,<br />

maze imyorera miremire isigara ariyo yereka<strong>na</strong> aho imisozi yahoze ihagaze.<br />

Ubu noneho igikorwa kiza<strong>ku</strong>rikiraho ni icyashushanywaga n’umurimo uheruka<br />

wakorwaga <strong>ku</strong> munsi w’impongano. Igihe umurimo ukorerwa ahera cyane wabaga urangiye,<br />

n’ibyaha byose by’Abisiraheli byamaze gu<strong>ku</strong>rwa mu buturo bwera mu muhango w’amaraso<br />

y’igitambo cy’icyaha, icyo gihe ihene ya Azazeli yerekanirwaga imbere y’Uwiteka ikiri<br />

nzima, maze umutambyi mu<strong>ku</strong>ru ari imbere y’iteraniro akayaturiraho “gukiranirwa<br />

kw’Abiraheli kose n’ibicumuro byabo byose, ibyaha bakoze byose akabishyira mu ruhanga<br />

rw’iyo hene.” 713 Niko bizamera ubwo umurimo wo guhongerera ibyaha uzaba urangiye mu<br />

buturo bwera bwo mu ijuru, imbere y’Ima<strong>na</strong> n’imbere y’abamarayika bera n’imbere y’ingabo<br />

z’abacunguwe, ibyaha byakozwe n’ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> bizashyirwa <strong>ku</strong>ri Satani; ahamywe ko<br />

ariwe Se w’ibibi byose yakoresheje abantu. Kandi n<strong>ku</strong>ko ihene ya Azazeli yoherwaga mu<br />

butayu butagira abantu, niko <strong>na</strong> Satani azoherwa mu isi yabaye umwirare, ikidaturwa<br />

n’ubutayu bucuze umwijima.<br />

Umuhishuzi yasobanuye iby’uko koherwa kwa Satani avuga n’uko isi y’umwirare izaba<br />

imeze, avuga n’uko izamara imyaka igihumbi imeze ityo. Nyuma yo gusobanura uko<br />

<strong>ku</strong>garuka kw’Umwami no <strong>ku</strong>rimbuka kw’inkozi z’ibibi <strong>ku</strong>zaba <strong>ku</strong>meze, umuhanuzi akomeza<br />

agira ati:” Mbo<strong>na</strong> marayika amanuka ava mu ijuru, afite urufunguzo rwo gufungura i<strong>ku</strong>zimu,<br />

afite n’umunyururu munini mu ntoki ze. Afata cya kiyoka ari cyo ya nzoka ya kera ari yo<br />

mwanzi <strong>na</strong> Satani, akibohera <strong>ku</strong>gira ngo kimare imyaka igihumbi akijugunya i<strong>ku</strong>zimu<br />

aragifungira<strong>na</strong>, agishyiraho ikimenyetso gifatanya <strong>ku</strong>gira ngo kitongera <strong>ku</strong>yobya amahanga<br />

<strong>ku</strong>geza aho iyo myaka igihumbi izashirira, icyakora iyo myaka nishira, gikwiriye <strong>ku</strong>bohorwa<br />

<strong>ku</strong>gira ngo kimare igihe gito. ” 714<br />

Ubusobanuro bw’ijambo “i<strong>ku</strong>zimu” bwereka<strong>na</strong> isi iri mu kayubi kandi itwikiriwe<br />

n’umwijima w’icuraburindi, buboneka n’o mu zindi nyandiko. Ibyerekeranye n’uko isi yari<br />

imeze ikiremwa, Bibiliya ivuga ko “mbere <strong>na</strong> mbere” isi “itagiraga ishusho kandi ko yariho<br />

ubusa busa, umwijima wari hejuru y’imuhengeri.” 715 Ubuhanuzi butwigisha ko isi izongera<br />

<strong>ku</strong>mera ityo. Turebye imbere <strong>ku</strong> munsi ukomeye w’Ima<strong>na</strong>, umuhanuzi Yeremiya aravuga ati:<br />

“Nitegereje isi, mbo<strong>na</strong> idafite ishusho kandi irimo ubusa, n’ijuru <strong>na</strong>ryo nta mucyo rifite.<br />

Nitegereje imisozi miremire mbo<strong>na</strong> itigita, ndetse n’iyindi yose <strong>na</strong>yo inyeganyega. Nitegereje<br />

475

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!