07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Abungeri gito bagiye babwiriza abantu ibyo <strong>ku</strong>banezeza gusa; batumye ababumva bahinyura<br />

amategeko y’Ima<strong>na</strong> kandi barenganya n’abashaka <strong>ku</strong>yakomeza. Mu kwiheba kw’abo bigisha,<br />

baturira imbere ya rubanda ko babayobeje. Nuko abantu bazabiranywa n’uburakari<br />

buguruma<strong>na</strong>. Batera hejuru n’ijwi rirenga bati: “Turarimbutse kandi nimwe tuzize.” Maze<br />

bahindukirira ba bigisha b’ibinyoma, abo bajyaga barata cyane, noneho babahundazaho<br />

imivumo iteye ubwoba. Amaboko yakoreshwaga mu <strong>ku</strong>bashiama, ni <strong>na</strong>yo bazayazamura<br />

<strong>ku</strong>barimbura. Inkota zakoreshejwe <strong>ku</strong>rimbura abizera Ima<strong>na</strong>, nizo zizakoreshwa <strong>ku</strong>rimbura<br />

abanzi babo. Ahantu hose hazaba ari imirwano no <strong>ku</strong>vusha y’amaraso.<br />

“Urusa<strong>ku</strong> ruzagera <strong>ku</strong> mpera y’isi <strong>ku</strong>ko Uwiteka afitanye urubanza n’amahanga,<br />

azaburanya umuntu wese <strong>na</strong> bo abanyabyaha azabagabiza inkota.” 707 Mu myaka ibihumbi<br />

bitandatu, hakomeje <strong>ku</strong>ba intambara ikomeye; umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> n’intumwa ze zo mu ijuru<br />

bari <strong>ku</strong> rugamba bahanganyemo n’imbaraga z’umwijima, <strong>ku</strong>gira ngo baburire, bamurikire<br />

kandi bakize aba<strong>na</strong> b’abantu. Ubu abantu bose bamaze kwihitiramo; ababi bifatanyije <strong>na</strong><br />

Satani mu mugambi wo <strong>ku</strong>rwanya Ima<strong>na</strong>. Igihe kirageze <strong>ku</strong>gira ngo Ima<strong>na</strong> igaragaze<br />

ububasha bw’amategeko yayo yaribatiwe hasi. Ntabwo iyo ntambara iri hagati y’Ima<strong>na</strong> <strong>na</strong><br />

Satani gusa, ahubwo iri no hagati y’abantu. “Uwiteka afitanye urubanza n’amahanga. “Na bo<br />

abanyabyaha azabagabiza inkota.”<br />

Ikimenyetso cyo gucungurwa cyamaze gushyirwa <strong>ku</strong> “baniha bagatakishwa n’ibizira<br />

bikorwa.’‘ Nuko marayika murimbuzi arakomeza n<strong>ku</strong>ko bivugwa mu iyerekwa ry’umuhanuzi<br />

Ezekiyeli, wabonye abantu bitwaje intwaro zica<strong>na</strong>, bahawe iri tegeko ngo: “mutsembe<br />

umusaza n’umusore, in<strong>ku</strong>mi n’aba<strong>na</strong> bato n’abagore, ariko mumenye ntimugire icyo mutwara<br />

umuntu wese ufite ikimenyetso. Ndetse muhere mu buturo bwanjye bwera.” Umuhanuzi<br />

akomeza agira ati: “Nuko bahera <strong>ku</strong>ri abo basaza bari imbere y’inzu,” 708 Umurimo wo<br />

<strong>ku</strong>rimbura utangiriye <strong>ku</strong> bantu biyitaga ko ari abarinzi b’iby’umwuka mu bantu. Abarinzi gito<br />

baguye rugi<strong>ku</strong>bita. Nta n’umwe uzagirirwa impuhwe cyangwa ngo arokoke. Abagabo<br />

n’abagore, abasore n’in<strong>ku</strong>mi n’aba<strong>na</strong> bato barimbukira rimwe.<br />

“Kuko Uwiteka asohotse mu buturo bwe, azanywe no guhanira abo mu isi gukiranirwa<br />

kwabo. Isi izagaragaza amaraso yayo, kandi ntabwo izongera gutwikira abapfuye bo muri<br />

yo.” 709 “Iki ni cyo cyago Uwiteka azateza amahanga yose yarwanyije Yerusalemu;<br />

bazashira bahagaze, amaso yabo azashirira mu bihenehene, kandi indimi zabo zizaborera mu<br />

kanwa. Uwo munsi imidugararo ikomeye iturutse <strong>ku</strong> Uwiteka izaba muri bo maze<br />

bazasubira<strong>na</strong>mo, umuntu wese azafata mugenzi we barwane.” 710 Muri iyo ntambara<br />

y’umwiryane, no mu gusukwa kw’umujinya w’Ima<strong>na</strong> utavanze n’imbabazi <strong>na</strong> mba uzasukwa<br />

<strong>ku</strong> batuye <strong>ku</strong> isi: abatambyi, abanyamategeko <strong>na</strong> rubanda, abakire n’abakene, abakomeye<br />

n’aboroheje. “Uwo munsi abishwe n’Uwiteka bazaba hose uhereye <strong>ku</strong> mpera y’isi ukageza<br />

<strong>ku</strong> yindi mpera, ntibazaririrwa cyangwa ngo bakoranywe habe no guhambwa, bazaba<br />

nk’amase ari <strong>ku</strong> gasozi.” 711<br />

474

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!