07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Abanyabyaha bagira agahinda gakomeye, batabitewe n’uko bacumuye <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> no <strong>ku</strong>ri<br />

bagenzi babo, ahubwo bababajwe n’uko Ima<strong>na</strong> ari yo yanesheje. Baganyishwa n’izo ngaruka<br />

zimeze zityo; ariko ntibiha<strong>na</strong> ububi bwabo. Iyo baza <strong>ku</strong>gira ubushobozi, bari gukoresha<br />

uburyo bwose ngo bigarurire isi.<br />

Abo <strong>ku</strong> isi bitegereza ya nteko y’abantu bari barahinduye ibishungero, basuzuguye,<br />

bashakaga gutsemba mu mwanya muto, barokotse ibyorezo, imiraba n’imitingito y’isi. Wa<br />

wundi ubera abica amategeko ye umuriro ukongora, abera ubwoko bwe ubwugamo<br />

n’ubuhungiro.<br />

Umugabura ugurisha u<strong>ku</strong>ri <strong>ku</strong>gira ngo ashimwe n’abantu, ubu noneho asobanukiwe<br />

n’imiterere hamwe n’ingaruka z’inyigisho ze. Amenya neza ko ijisho ry’Uzibyose<br />

ryamu<strong>ku</strong>rikira<strong>na</strong>ga ari <strong>ku</strong> ruhimbi, ari mu nzira agenda, no mu gihe yabaga ari hamwe<br />

n’abantu mu bihe bitandukanye byo mu buzima bwe. Icyo umutima we utekereje cyose,<br />

umurongo wose w’amagambo yandika, ijambo ryose avuze, umurimo wose watuma abantu<br />

bashakira umutekano mu binyoma, byose binyanyagizwa ahantu hose nk’imbuto; none izo<br />

mpabe, abo bantu bamuzengurutse, bagiye <strong>ku</strong>rimbuka yirebera uwo musaruro.<br />

Uwiteka aravuga ati: “Uruguma rw’umukobwa w’ubwoko bwanjye barwomoye baruca<br />

hejuru bavuga bati: ni amahoro, ni amahoro, kandi ari nta mahoro ariho.’‘ ‘’Kuko ibinyoma<br />

byanyu ari byo mwateje umutima w’umukiranutsi agahinda, mugakomeza amaboko y’inkozi<br />

y’ibibi <strong>ku</strong>gira ngo idahindukira ikava mu nzira yayo mbi ikabaho.” 705<br />

“Abungeri barimbura kandi bagatatanya intama zo mu rwuri rwanjye, bazabo<strong>na</strong> ishyano.<br />

Dore ngiye <strong>ku</strong>bitura ibibi by’ibyo mwakoze.” “Nimuboroge mwa bungeri mwe, mutake cyane<br />

mwigaragure mu ivu yemwe batahiza b’umu<strong>ku</strong>mbi, <strong>ku</strong>ko iminsi y’icyorezo n’iyo gutata<strong>na</strong><br />

isohoye, kandi abungeri bazabura aho bahungira n’abatahiza b’imi<strong>ku</strong>mbi babure aho<br />

bacikira.” 706<br />

Abungeri <strong>na</strong> rubanda babonye ko batakomeje <strong>ku</strong>gira<strong>na</strong> isano nya<strong>ku</strong>ri n’Ima<strong>na</strong>.<br />

Basobanukirwa ko bagomeye Uwahanze amategeko y’intabera kandi yo gukiranuka.<br />

Bateshutse <strong>ku</strong> mabwiriza y’ijuru, ahubwo baha urwaho ibihumbi n’ibihumbi byo soko y’ibibi<br />

byose: amaca<strong>ku</strong>biri, inzangano, gukiranirwa <strong>ku</strong>geza ko isi yose ihindutse ikotaniro<br />

ry’intambara z’amagambo no kwononekara kw’uburyo bwose. Uko niko abanze u<strong>ku</strong>ri<br />

bagahitamo ibinyoma bameze muri iki gihe. Nta magambo ashobora gukoreshwa ngo<br />

asobanure umubabaro n’agahinda abagome banze Ima<strong>na</strong> bazagira babonye ko babuze<br />

ubugingo buhoraho by’iteka ryose. Abantu isi yaramyaga <strong>ku</strong>bera impano zabo n’imvugo zabo<br />

nziza, ubu noneho abatuye isi biboneye u<strong>ku</strong>ri kw’ibintu uko byakabaye. Babonye ko ibyo<br />

bakoraga byari ubugome, noneho bi<strong>ku</strong>bita <strong>ku</strong> birenge by’abizera basuzuguraga,<br />

bakabahindura urw’amenyo, bahamya uru<strong>ku</strong>ndo Ima<strong>na</strong> yaba<strong>ku</strong>nze.<br />

Abantu bamaze <strong>ku</strong>menya neza ko bayobye, basubiranyemo bamwe barega abandi ko<br />

babayoboye mu nzira yo <strong>ku</strong>rimbuka; ariko cyane cyane, bose babigereka <strong>ku</strong> bungeri babo.<br />

473

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!