07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 41 – Isi Ihinduka Umusaka<br />

“Erega ibyaha byayo byarenze ihaniro, kandi Ima<strong>na</strong> ntiyibagiwe ubugome bwa Babiloni.<br />

… Inzoga ikaze yabahaye muyiyihe irushijeho gukara incuro ebyiri. Aho Babiloni iyo yageze<br />

yiha i<strong>ku</strong>zo n’umurengwe, muhageze <strong>ku</strong>yiteza ububabare n’icyu<strong>na</strong>mo. Dore iribwira iti,<br />

‘Ndimakajwe, ndi umwamikazi, sindi umupfakazi kandi sinteze <strong>ku</strong>gira uwo ngira mu<br />

cyu<strong>na</strong>mo bibaho! Ni yo mpamvu ibyorezo biyigenewe, ari byo ndwara zica no gupfusha<br />

n’inzara bizayigwira icyarimwe. Izashya ikongoke, <strong>ku</strong>ko Nyagasani Ima<strong>na</strong> yayiciriye urwo<br />

rubanza igira amaboko. Abami b’isi bihaye gusamba<strong>na</strong> n’icyo cyatwa Babiloni bakarengwa,<br />

bazarira baboroge … bagire bati, ‘Mbega ishyano! Mbega ishyano ri<strong>ku</strong>gwiriye, wowe<br />

Babiloni mujyi w’icyatwa w’igihangange! Isaha imwe irahagije <strong>ku</strong>gira ngo akawe kabe<br />

gashobotse!” 703<br />

“Abacuruzi bo <strong>ku</strong> isi,” ‘’ba<strong>ku</strong>ngahajwe n’umurengwe wayo utagira akagero’‘, bazayitaza<br />

babonye inkongi y’umwotsi wayo <strong>ku</strong>bera gutinya ububabare bwayo, bayiririre baboroga<br />

bagira bati: mbega Babuloni, Umujyi ukomeye ngo uragusha ishyano! Yambaye imyenda<br />

itu<strong>ku</strong>ra kandi y’agaciro, yirimbishishije amabuye n’ibintu by’igiciro gihanitse bikozwe mu<br />

izahabu y’agaciro n’amabuye y’agahebuzo. Bazayiririra bayiraburire, <strong>ku</strong>ko mu isaha imwe<br />

gusa, ubutunzi bwayo buhindutse umuyonga”. 704<br />

Uko niko Babiloni izacirwaho iteka <strong>ku</strong> munsi ukomeye w’umujinya w’Ima<strong>na</strong>. Yamaze<br />

gusendereza urugero rwo gukiranirwa kwayo, igihe cyayo kirasohoye, igiye gusarura<br />

<strong>ku</strong>rimbuka.<br />

Ubwo ijwi ry’Ima<strong>na</strong> rizatangaza gucungurwa kw’ubwoko bwayo, hazaba ububyutse<br />

bukomeye <strong>ku</strong>ri ba bandi batakaje byose mu ntambara y’ubuzima bwabo. Mu gihe imbabazi<br />

zari zikiriho, Satani yakomeje <strong>ku</strong>barindagiza, bakomeza gushishikazwa no kwitsindishiriza.<br />

Abakire birata<strong>na</strong>ga icyubahiro cy’ubutunzi bwabo, bagasuzugura abakene, kandi ubutunzi<br />

bwabo barabubonye banyuze mu nzira yo <strong>ku</strong>gomera amategeko y’Ima<strong>na</strong>. Ntibagaburiye<br />

abashonji, ntibambitse imyambaro abambaye ubusa, ntiba<strong>ku</strong>rikije u<strong>ku</strong>ri ngo bagire uru<strong>ku</strong>ndo<br />

n’imbabazi. Baharaniye kwishyira hejuru ngo bahabwe i<strong>ku</strong>zo n’abantu baremwe nka bo.<br />

None banyazwe ubutunzi bwabo bwose bwabaheshaga icyubahiro, basigaye batakigira<br />

kirengera, barareba<strong>na</strong> agahinda kenshi <strong>ku</strong>rimbuka kw’ibigirwama<strong>na</strong> byabo bari barasimbuje<br />

Umuremyi wabo. Bagurishije ubugingo bwabo <strong>ku</strong>gira ngo babone ubutunzi bw’isi<br />

n’ibinezeza byayo, ntibigeze batekereza ibyo <strong>ku</strong>ba abatunzi mu by’Ima<strong>na</strong>. Ingaruka yabaye<br />

<strong>ku</strong>bura ubugingo bwabo, ubutunzi bwabo burabora, ibinezeza by’isi bibahindukira umwa<strong>ku</strong>,<br />

umunezero wabo uhinduka umubabaro, maze ibyo bungutse mu buzima bwabo byose,<br />

biyoyoka mu mwanya muto. Abakire bitegereje <strong>ku</strong>rimbuka kw’amazu yabo y’ibitabashwa,<br />

izahabu n’ifeza byabo bitumurwa n’umuyaga. Ariko imiborogo yabo ihoshwa n’ubwoba<br />

bw’uko <strong>na</strong>bo ubwabo bagiye <strong>ku</strong>rimburanwa n’ibishushanyo byabo basengaga.<br />

472

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!