07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

bareba n<strong>ku</strong>ko barebwa, bakamenya n<strong>ku</strong>ko bamenywe, ariko mu <strong>ku</strong>baho kw’iteka, u<strong>ku</strong>ri<br />

gushya <strong>ku</strong>zabahishurirwa, bagutangarire kandi <strong>ku</strong>nezeze imitima. N’aho imibabaro no<br />

<strong>ku</strong>ribwa, n’ibigeragezo by’isi hamwe n’impamvu zose zabiteraga bizaba bya<strong>ku</strong>weho, ubwoko<br />

bw’Ima<strong>na</strong> buzahora bunyuzwe kandi busobanukiwe n’agaciro k’agakiza kabo.<br />

Umusaraba wa Kristo uzahora ari icyigisho n’indirimbo by’abacunguwe mu <strong>ku</strong>baho<br />

kwabo kose. Mu bwiza bwa Kristo bazahora babo<strong>na</strong>mo Kristo wabambwe. Ntibazigera <strong>na</strong><br />

rimwe bibagirwa ko Ufite imbaraga zaremye kandi zigakomeza amasi atabarika ari mu kirere,<br />

U<strong>ku</strong>ndwa n’Ima<strong>na</strong>, Nyiricyubahiro gihebuje cyo mu ijuru, Uwo abakerubi n’abaserafi<br />

banezererwa bakamuramya, yicishirije bugufi <strong>ku</strong>gira ngo ashyire hejuru umuntu wacumuye;<br />

yikoreye ibicumuro n’ikimwaro <strong>ku</strong>bera icyaha, no guhishwa mu maso ha Se, <strong>ku</strong>geza ubwo<br />

amahano yo <strong>ku</strong> isi yacumuye, aturitsa umutima we, maze Umwami w’icyubahiro atangira <strong>ku</strong><br />

musaraba w’ i Kaluvari. Kuba Umuremyi w’amasi yose, Umugenga w’ibiriho byose,<br />

wiyambuye icyubahiro cye, akicisha bugufi <strong>ku</strong>bera uru<strong>ku</strong>ndo ya<strong>ku</strong>nze umuntu- kizahora ari<br />

icyigisho gitangaje kandi gitere bose <strong>ku</strong>ramya Umuremyi iteka ryose. Ubwo abacunguwe<br />

bazajya bitegereza Umucunguzi wabo, bakabo<strong>na</strong> mu maso he hahora harabagira<strong>na</strong> icyubahiro<br />

cya Se; ubwo bazitegereza intebe ye y’Ubwami buzahoraho uko ibihe bihaye ibindi, kandi<br />

bakamenya neza ko Ingoma ye itazagira iherezo, bazasabwa n’umunezero baririmbe bati:<br />

“Umwa<strong>na</strong> w’Intama watambwe, akaducunguza amaraso ye y’igiciro cyinshi ni we gusa<br />

ukwiriye icyubahiro!’‘ Ibanga ry’umusaraba riduhishurira andi mabanga yose. Mu mucyo<br />

warasiye i Kaluvari <strong>ku</strong> musaraba, imico y’Ima<strong>na</strong> yaduteraga ubwoba no gutinya, tuyibo<strong>na</strong><br />

itatse ubwiza no <strong>ku</strong>twireherezaho. Imbabazi, ubugwaneza n’uru<strong>ku</strong>ndo rwa kibyeyi<br />

bigaragarira kandi bigahurizwa mu buziranenge, mu butabera no mu bubasha. Iyo twitegereje<br />

gukomera kw’intebe y’Ubwami bwe, tukareba isumbwe n’i<strong>ku</strong>zo byayo, tubo<strong>na</strong> uko imico<br />

yayo ihebuje yigaragaje, tukarushaho <strong>ku</strong>menya ubusobanuro buhoraho bw’iri jambo ngo:<br />

“DATA WA TWESE ” <strong>ku</strong>ruta mbere hose.<br />

Bizagaragaza ko Ufite ubwenge butarondoreka, nta yindi mpano yagombaga gutanga <strong>ku</strong><br />

gakiza kacu, keretse kwemera igitambo cy’umwa<strong>na</strong> we. Inyiturano y’icyo gitambo ni<br />

umunezero wo <strong>ku</strong>reba isi izaba ituwemo n’abacunguwe gusa, abaziranenge, abataye<br />

umuruho, kandi bazabaho iteka ryose. Ingaruka z’intambara Umukiza yarwanye n’imbaraga<br />

z’umwijima ni umunezero w’abazaba bacunguwe, bambaye i<strong>ku</strong>zo ry’Ima<strong>na</strong> ibihe bidashira.<br />

Kandi ako niko gaciro k’‘umuntu Data wa twese azanyurwa <strong>na</strong>we <strong>ku</strong>bera igiciro cyatanzwe;<br />

<strong>na</strong> Kristo ubwe abonye imbuto zivuye mu gitambo cye gihebuje, aranyurwa.<br />

471

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!