07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Kuko Umwa<strong>na</strong> w’Intama uri hagati y’intebe y’Ubwami azabaragira akabuhira <strong>ku</strong> isoko<br />

y’amazi y’ubugingo: kandi Ima<strong>na</strong> izaha<strong>na</strong>gura amarira yose <strong>ku</strong> maso yabo.’‘ 24<br />

Mu bihe byose, abo Umukiza yatoranyije bagiye bigira kandi bagatorezwa mu ishuri<br />

ry’ibigeragezo. Mu isi banyuraga mu nzira zifunganye; bagatunganyirizwa mu itanura<br />

ry’imibabaro. Kubwo kwizera Yesu, ab’isi barabarwanyije; banzwe urunuka, bashinjwe<br />

ibinyoma. Bamu<strong>ku</strong>rikiye mu nzira z’umubabaro ukomeye yanyuzemo; bahaze amagara yabo<br />

mu bihe by’umubabaro ukomeye kandi bagirirwa <strong>na</strong>bi. Muri iyo mibabaro ikaze bahuye <strong>na</strong>yo,<br />

bahigiye ububi bw’icyaha, imbaraga zacyo, ubuhendanyi bwacyo, n’ishyano kigusha <strong>ku</strong><br />

bagi<strong>ku</strong>nda; ibyo bikabatera <strong>ku</strong>kigendera <strong>ku</strong>re. Ubusobanuro bw’igitambo gihoraho<br />

cyatanzwe <strong>ku</strong>ba umuti wo <strong>ku</strong>vura icyaha, bwacishije bugufi imitima yabo, maze isabwa<br />

n’ishimwe no guhimbaza Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong> buryo abataracumuye batashobora gushyikira. Ba<strong>ku</strong>nda<br />

cyane <strong>ku</strong>ko bababariwe byinshi. Kuko basangiye imibabaro <strong>na</strong> Kristo, bafite uburenganzira<br />

bwo gusangira <strong>na</strong> we i<strong>ku</strong>zo rye.<br />

Abaragwa b’Ima<strong>na</strong> bavuye mu masenga, mu buvumo, muri kasho, muri gereza, <strong>ku</strong> biti<br />

babamanikagaho, mu misozi, mu butayu, mu biha<strong>na</strong>manga n’imuhengeri mu nyanja. Mu isi<br />

bari abatindi, ibicibwa, n’abo <strong>ku</strong>girirwa <strong>na</strong>bi. “Miliyoni nyinshi bahambwe nk’abagome <strong>ku</strong>ko<br />

bahagaze bashikamye bakanga <strong>ku</strong>mvira ibishuko bya Satani. Mu nkiko zo <strong>ku</strong> isi, baciriweho<br />

iteka ko ari abagome ruharwa. “Ariko noneho Ima<strong>na</strong> ubwayo niyo Mucamanza.” Ibyemezo<br />

bafatiwe n’ab’isi birahindutse.” Bazabita ubwoko buziranenge, abacunguwe n’Uhoraho.”<br />

Yabageneye <strong>ku</strong>bambika ikamba mu cyimbo cy’ivu n’amavuta yo <strong>ku</strong>nezerwa mu cyimbo<br />

cy’ubwirabure, n’umwambaro w’ibyishimo mu cyimbo cy’umutima wihebye.’‘ 25<br />

Ntibazongera guteguza u<strong>ku</strong>ndi, ntibazongera <strong>ku</strong>babara u<strong>ku</strong>ndi, ntibazongera gutata<strong>na</strong> u<strong>ku</strong>ndi<br />

kandi ntibazongera gukoreshwa uburetwa u<strong>ku</strong>ndi. Uhereye ubwo bazahora<strong>na</strong> n’Umwami<br />

wabo iteka ryose. Bazaba bari imbere y’intebe y’Ubwami bambaye amakanzu y’icyubahiro,<br />

ayo nta munyacyubahiro wo <strong>ku</strong> isi wigeze <strong>ku</strong>yambara. Bazatamirizwa amakamba y’ubwiza<br />

atarigera yambarwa n’abami b’icyubahiro bakomeye <strong>ku</strong> isi. Iminsi y’uburibwe no <strong>ku</strong>boroga<br />

izaba irangiye. Umwami w’icyubahiro azaba yamaze guha<strong>na</strong>gura amarira yose <strong>ku</strong> maso yabo;<br />

ibibabaza byose bizaba bya<strong>ku</strong>weho. Bazaba bazunguza amashami y’imikindo, baririmba<br />

indirimbo yo guhimbaza, yumvika<strong>na</strong>, iryoheye amatwi, kandi amajwi ahuye; buri jwi<br />

ryikiranya n’irindi, <strong>ku</strong>geza ubwo ijuru ryose rizarangurrura riti: “Agakiza ni ak’Ima<strong>na</strong> yacu,<br />

yicara <strong>ku</strong>ri ya ntebe y’Ubwami, kandi ni ak’Umwa<strong>na</strong> w’Intama. ” Nuko abari mu ijuru bose<br />

barikiriza bati: “Ami<strong>na</strong>: Ugusingizwa n’i<strong>ku</strong>zo, ubwenge n’ugushimirwa, icyubahiro<br />

n’ububasha, n’imbaraga n ‘iby’Ima<strong>na</strong> yacu iteka ryose! Ami<strong>na</strong>! ‘’ 26<br />

Muri ubu buzima, dushobora gutangira gusobanukirwa n’insanganyamatsiko itangaje yo<br />

gucungurwa. Mu bwenge bwacu buke, dushobora kwita cyane <strong>ku</strong> isoni n’icyubahiro,<br />

ubugingo n’urupfu, ubutabera n’imbabazi, byose bihurira <strong>ku</strong> musaraba; nyamara umwete<br />

wose twakora<strong>na</strong>, ibitekerezo byacu ntibishobora <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> busobanuro bwuzuye. Uburebure<br />

n’umurambararo, ubugari, ubuhagarike by’uru<strong>ku</strong>ndo rwaducunguye, tubimenyaho agace.<br />

I<strong>na</strong>ma y’agakiza ntizasobanukira abacunguwe mu buryo bwuzuye, ndetse no mu gihe bazaba<br />

470

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!