07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Asabwe n’ibyishimo, arabukwa ibiti byamunezezaga — ari <strong>na</strong>byo ubwe yajyaga<br />

asoromaho amatunda igihe yari akiri umuziranenge kandi anezerewe. Abo<strong>na</strong> imizabibu<br />

yajyaga ahingira n’amaboko ye, abo<strong>na</strong> uburabyo bwiza ya<strong>ku</strong>ndaga <strong>ku</strong>bagarira. Ibitekerezo<br />

bye bigerageza kwiyibutsa u<strong>ku</strong>ri kwabyo; asobanukirwa ko iyo ari Edeni yongeye guhabwa,<br />

ifite ubwiza burenze ubwo yari ifite igihe yayirukanwagamo. Umukiza amujya<strong>na</strong> <strong>ku</strong> giti<br />

cy’ubugingo, maze asoroma <strong>ku</strong> mbuto zacyo zihebuje kandi amutegeka <strong>ku</strong>ziryaho. Adamu<br />

arebye ahazengurutse Umukiza abo<strong>na</strong> imiryango ye myinshi y’abacunguwe, bahagaze muri<br />

Paradiso y’Ima<strong>na</strong>. Nuko arambika ikamba rye rirabagira<strong>na</strong> <strong>ku</strong> birenge bya Yesu, amugwa mu<br />

gituza ahobera<strong>na</strong> n’Umucunguzi. Afata i<strong>na</strong>nga y’izahabu, maze umurya w’i<strong>na</strong>nga<br />

w’indirimbo zo <strong>ku</strong>nesha urangira ijuru ryose:“Umwa<strong>na</strong> w’intama watambwe kandi uriho,<br />

niwe ukwiriye icyubahiro!” Abo mu muryango wa Adamu bose biyambura amakamba yabo<br />

bayarambika <strong>ku</strong> birenge by’Umukiza, barapfukama maze baramuramya<br />

Iryo huriro ryahamijwe <strong>na</strong> ba bamarayika bacuraga umuborogo ubwo Adamu yacumuraga<br />

kandi bakongera <strong>ku</strong>nezerwa igihe Yesu yazamukaga mu ijuru amaze <strong>ku</strong>zuka, agasiga<br />

akinguriye umuntu wese uzizera izi<strong>na</strong> rye umuryango w’igituro ngo atazaheramo. Noneho<br />

ubu biboneye uko umurimo wo gucungura urangizwa, maze bahanikira icyarimwe indirimbo<br />

z’ishimwe.<br />

Ku nyanja irabagira<strong>na</strong> iri imbere y’intebe y’ubwami, iyo nyanja y’ibirahuri bivanze<br />

n’umuriro — irabagira<strong>na</strong>ho icyubahiro cy’Ima<strong>na</strong>, niho hari hateraniye abanesheje ya<br />

nyamaswa n’igishushanyo cyayo, n’ikimenyetso cyayo, ndetse n’umubare w’izi<strong>na</strong> ryayo.<br />

Hamwe n’Umwa<strong>na</strong> w’intama, uhagaze <strong>ku</strong> musozi Siyoni, bafite i<strong>na</strong>nga z’Ima<strong>na</strong>, abantu<br />

ibihumbi ija<strong>na</strong> <strong>na</strong> mirongo ine <strong>na</strong> bine, bacunguwe ba<strong>ku</strong>we mu bantu; humvika<strong>na</strong> ijwi rimeze<br />

nk’iry’amazi menshi asuma, n’irimeze nk’iryo guhinda kw’in<strong>ku</strong>ba, “ijwi nk’iry’abacuranzi<br />

bacuraranga i<strong>na</strong>nga zabo.” Baririmbira indirimbo nshya imbere y’intebe y’Ubwami, nta<br />

muntu wabashije kwiga iyo ndirimbo keretse ba bantu ibihumbi ija<strong>na</strong> <strong>na</strong> mirongwo ine <strong>na</strong><br />

bine. ” Iyo ni indirimbo ya Mose n’iy’Umwa<strong>na</strong> w’Intama, indirimbo yo gucungurwa. Nta<br />

muntu n’umwe wigeze <strong>ku</strong>meya iyo ndirimbo uretse bya bihumbi ija<strong>na</strong> <strong>na</strong> mirongo ine <strong>na</strong> bine;<br />

<strong>ku</strong>ko ari indirimbo y’ibyo banyuzemo- kandi iyo mibereho ni iyabo ubwabo. “Abo nibo<br />

ba<strong>ku</strong>rikira Umwa<strong>na</strong> w’Intama aho ajya hose.” Bacunguriwe mu bantu <strong>ku</strong>gira ngo babe<br />

umuganura <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong> no <strong>ku</strong> Mwa<strong>na</strong> w’Intama.’‘ 23 Abo nibo bavuye muri wa mu babaro<br />

mwinshi, banyuze mu bihe by’akaga katigeze <strong>ku</strong>baho uhereye igihe amahanga yabereyeho;<br />

banyuze mu mubabaro n’agahinda nk’ibyo mu gihe cya Yakobo; bahagaze bonyine batagira<br />

kirengera mu gihe yasukaga uburakari bwayo <strong>ku</strong> isi. Ariko bararinzwe <strong>ku</strong>ko bari barameshe<br />

amakanzu yabo bayejesha amaraso y’Umwa<strong>na</strong> w’Intama. “Mu kanwa kabo ntihabonetsemo<br />

ibinyoma <strong>ku</strong>ko bari abaziranenge mu maso y’Ima<strong>na</strong>. Nicyo gituma bahora imbere y’Ima<strong>na</strong>,<br />

bayikorera <strong>ku</strong> manywa <strong>na</strong> nijoro mu Rusengero rwayo: Iyicaye <strong>ku</strong> ntebe y’Ubwami izaba<strong>na</strong><br />

<strong>na</strong>bo.” Biboneye uko inzara n’ibyorezo byayogoje isi, babonye uko izuba ryokeje abantu<br />

n’icyokere gikomeye, kandi <strong>na</strong>bo ubwabo bishwe n’inzara n’inyota. Ariko ntibazongera<br />

<strong>ku</strong>gira inzara n’inyota u<strong>ku</strong>ndi, ntibazongera <strong>ku</strong>babazwa n’izuba cyangwa icyokere cyaryo.<br />

469

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!