07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Isengesho Yesu yasabiye abigishwa be rirasohora: “Ndashaka ko n’abo wampaye Data<br />

baba<strong>na</strong> <strong>na</strong>njye aho ndi.” Badafite inenge kandi buzuye umunezero utangaje n’i<strong>ku</strong>zo rihebuje,<br />

Yesu amurikira Se abo yaguze amaraso ye agira ati: “Dore ndi hano hamwe n’abo wampaye.”<br />

“Abo wampaye <strong>na</strong>rabarinze” Mbega ibitangaza by’uru<strong>ku</strong>ndo twacungujwe! Muri icyo gihe<br />

Ima<strong>na</strong> Data izaba yitegereza abacunguwe bavuye mu bise by’urupfu rw’umwa<strong>na</strong> wayo,<br />

izababo<strong>na</strong><strong>na</strong> ishusho yayo, amaca<strong>ku</strong>biri yazanywe n’icyaha ya<strong>ku</strong>weho, ububi bwose<br />

bw’icyaha bwatsembweho, abantu bongeye gushyikira<strong>na</strong> n’ijuru!<br />

NukoYesu yakira<strong>na</strong> abacunguwe uru<strong>ku</strong>ndo rutangaje ati nimuze mwinjire mu munezero<br />

wa Shobuja. Umukiza azanezezwa no <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> abantu mu bwami bw’icyubahiro, bakijijwe<br />

binyuze mu mibabaro ye no kwicisha bugufi kwe <strong>ku</strong>geza <strong>ku</strong> rupfu. Abacunguwe<br />

bazanezeranwa <strong>na</strong> we ubwo bazabo<strong>na</strong> abo bakirije Kristo binyuze mu masengesho yabo,<br />

imirimo yabo ndetse n’uru<strong>ku</strong>ndo rwabo rwitanga. Ubwo bazaba bagose intebe Yera<br />

y’Ubwami ikomeye, imitima yabo izasabwa n’ibyishimo bitavugwa, nibabo<strong>na</strong> abo bakirije<br />

Kristo, kandi <strong>na</strong>bo bagahindukira bakamukiriza abandi, bose bateraniye hamwe mu<br />

buruhukiro bw’ijuru, aho bazarambika amakamba yabo <strong>ku</strong> birenge bya Yesu, maze<br />

bagasimbura<strong>na</strong> <strong>ku</strong>musingiza ubuzira herezo.<br />

Ubwo abacunguwe bazaba bahawe ikaze mu Murwa w’Ima<strong>na</strong>, amajwi y’ishimwe no<br />

<strong>ku</strong>ramya azumvikanira mu kirere. Ba Adamu babiri bazaba bari hafi guhura. Umwa<strong>na</strong><br />

w’Ima<strong>na</strong> azaba ahagaze ateze ibiganza bye <strong>ku</strong>gira ngo yakire Se<strong>ku</strong>ruza w’inyokomuntu —<br />

ikiremwa yiremeye, hanyuma agacumura k’Umuremyi we, kandi Umukiza akaba afite inkovu<br />

<strong>ku</strong> mubiri we <strong>ku</strong>bera ibyaha by’uwo byamubambishije <strong>ku</strong> musaraba. Adamu wa mbere<br />

arabutswe inkovu z’imisumari mu biganza bya Adamu wa kabiri ntiyatinyuka <strong>ku</strong>gwa mu<br />

gituza cy’Umwami we ngo bahoberane, ahubwo yicisha bugufi agwa <strong>ku</strong> birenge bye,<br />

ararangurura ati : “Umwa<strong>na</strong> w’intama watambwe niwe ukwiriye i<strong>ku</strong>zo. ” Mu ru<strong>ku</strong>ndo<br />

rwinshi, Umukiza aramuhagurutsa amusaba <strong>ku</strong>bura amaso ngo yongere arebe Edeni yahoze<br />

ari iye, hakaba hashize igihe kirekire yarayi<strong>ku</strong>wemo.<br />

Nyuma yo kwirukanwa mu murima wa Edeni, Adamu yagize imibereho yuzuyemo<br />

imibabaro n’agahinda <strong>ku</strong> isi. Ikibabi cyose cyahungukaga kikagwa hasi, igitambo cyose<br />

cyavushwaga amaraso, guhinduka kose kwabaga <strong>ku</strong> kiremwa cyose, inenge yose yabonekaga<br />

<strong>ku</strong> butungane bw’umuntu, ibyo byose byajyaga bimwibutsa icyaha yakoze. Yihebeshweje<br />

cyane no <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> gukiranirwa <strong>ku</strong>mukomokaho gukomeza kwiyongera, maze nk’igisubizo<br />

cy’imiburo yari yahawe, agahora yumva ibyaremwe byose bimushinja <strong>ku</strong>ba ari we<br />

nyirabayaza<strong>na</strong>. Yicishije bugufi kandi yihanganye, uwo mutwaro w’igihano cyo gukiranirwa<br />

yawumaranye imyaka hafi igihumbi. Hanyuma yihannye icyaha cye abi<strong>ku</strong>ye <strong>ku</strong> mutima,<br />

asigara yiringiye gusa Umukiza wasezeranijwe, maze apfa<strong>na</strong> ibyiringiro byo <strong>ku</strong>zuka.<br />

Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> yacunguye umuntu amuva<strong>na</strong> mu buhenebere bwe no gucumura kwe; none<br />

ubu <strong>ku</strong>bwo impongano Yesu yatanze, Adamu yasubijwe mu mwanya yahozemo mbere.<br />

468

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!