07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

kwavuzwe igihe kirekire, gutegerezwa igihe kirekire! Baka<strong>ku</strong>reba bakakwishimira, ariko<br />

ntibasobanukirwe neza uko <strong>ku</strong>zaba <strong>ku</strong>meze.<br />

Abakiranutsi bakiri bazima bahindurwa “mu kanya gato nk’ako guhumbya kw’ijisho”. Ku<br />

bw’ijwi ry’Ima<strong>na</strong> gusa bahawe ubwiza; bambikwa u<strong>ku</strong>dapfa, maze hamwe n’abaziranenge<br />

bazutse, barazamurwa, bajya gusanganira Umwami wabo mu kirere. Abamarayika bakoranya<br />

intore ze ziturutse mu birere bine, uhereye impera y’ijuru ukageza iyindi mpera yaryo.<br />

Abamarayika bera bazatwaza ababyeyi aba<strong>na</strong> babo bato mu maboko yabo. Inshuti<br />

zatandukanyijwe n’urupfu bazabo<strong>na</strong><strong>na</strong> ubutazongera gutanduka<strong>na</strong>, ubwo bazaba bazamuka<br />

baga<strong>na</strong> mu Murwa w’Ima<strong>na</strong>, baririmba indirimbo z’ibyishimo.<br />

Ku igare ryose riremwe n’ibicu hari amababa impande zose, kandi munsi rifite inziga<br />

zihoraho. Mu gihe igare ryose ritangiye urugendo, inziga zaryo ziba zivuga ziti: Uri<br />

‘Umuziranenge,’ maze amababa yatangira <strong>ku</strong>guruka agatera hejuru cyane ati: ” Uri<br />

Umuziranenge, noneho inteko y’Abamarayika <strong>na</strong>yo igakomeza iririmba iti: Umuziranenge,<br />

Umuziranenge, Umuziranenge Uhoraho Nyiringabo. Ubwo igare rizaba riri hafi kwinjira muri<br />

Yerusalemu nshya, abacunguwe <strong>na</strong>bo bazatera hejuru bikiriza bati: ” HALELLUYA !”<br />

Mbere yo kwinjira mu Murwa w’Ima<strong>na</strong>, Umukiza azagabira abamwizera bose urwibutso<br />

rw’insinzi, kandi abambike n’ikimenyetso cyo gukiranuka. Imitwe y’Abamarayika<br />

barabagira<strong>na</strong> yiremamo imirongo y’impande enye zinga<strong>na</strong> bakikije Umwami wabo, usumbya<br />

icyubahiro abamarayika bose n’abera bose, kandi ufite mu maso hereka<strong>na</strong> uru<strong>ku</strong>ndo<br />

rutarondoreka abafitiye. Muri iryo koraniro ry’abacunguwe batabarika, buri wese ahanga<br />

Umukiza amaso, ijisho ryose ryitegereza i<strong>ku</strong>zo ry’Uwahoranye mu ‘’maso hahindanyijwe<br />

n’imibabaro <strong>ku</strong>ruta undi muntu wese wabayeho n’ishusho yangijwe <strong>ku</strong>ruta iz’abandi bose<br />

babayeho <strong>ku</strong> isi.’‘ Akoresheje u<strong>ku</strong>boko kwe kw’iburyo, Yesu yambika abanesheje bose<br />

amakamba y’icyubahiro <strong>ku</strong> mitwe yabo. Ku mutwe wa buri wese hariho ikamba ryanditseho<br />

‘’izi<strong>na</strong> rye rishya’‘ hamwe n’aya magambo ngo “Yerejwe Uhoraho.” Yesu Buri wese yari<br />

afashe mu <strong>ku</strong>boko kwe ishami ry’umukindo n’i<strong>na</strong>nga y’izahabu byereka<strong>na</strong> gutsinda. Noneho<br />

abamarayika bari imbere bafungura indirimbo, maze abacunguwe bose bafata i<strong>na</strong>nga zabo,<br />

bacuranga<strong>na</strong> ubuhanga buhanitse indirimbo nziza yakanguye imitima yabo kandi ifite injya<strong>na</strong><br />

itazibagira<strong>na</strong>. Iyo ndirimbo yakoze <strong>ku</strong> mitima bitavugwa, maze ijwi ryose rishima Ima<strong>na</strong><br />

rigira riti, “Udu<strong>ku</strong>nda kandi wejesheje ibyaha byacu amaraso ye, akaduhindura abami<br />

n’abatambyi b’Ima<strong>na</strong> ye ariyo <strong>na</strong> Se, icyubahiro n’ubutware bibe ibye iteka ryose. Amen”22<br />

Imbere y’iyo mbaga y’abacunguwe hari Umurwa Muziranenge. Yesu afungura amarembo<br />

yawo y’imaragarita, maze ishyanga ryagendeye mu <strong>ku</strong>ri riwinjiramo. Bakigeramo babo<strong>na</strong><br />

Paradiso y’Ima<strong>na</strong>, ariho Adamu yari atuye akiri inziramakemwa. Nuko rya jwi rimeze<br />

nk’indirimbo nziza ritarigera ryumvika<strong>na</strong> mu matwi y’aba<strong>na</strong> b’abantu ryongera <strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong><br />

rivuga riti: “Intambara mwarwa<strong>na</strong>ga irarangiye” “Nimuze abo Data yahaye umugisha,<br />

muragwe ubwami bwabatunganyirijwe uhereye <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>remwa kw’isi.”<br />

467

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!