Itorero na Leta ku Rugamba
Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...
Itorero na Leta ku Rugamba bakoze n’urubanza bazacirwaho. Noneho habaho gutaka nk’uk’ugiye gupfa. Urwo rwamo rwarutaga rwa rundi bavuzaga bavuga ngo “Mubambe, Mubambe” rwumvikaniraga mu mihanda y’i Yerusalemu, rugira ruti: “Ni Umwana w’Imana, ni ukuri ni Messiya! Bashaka guhunga mu maso h’Umwami w’abami. Mu buvumo bwo mu misozi no mu bihanamanga, bashakashaka aho bihisha barahabura. Mu mibereho y’abirengagije ukuri bose, hari ibihe umutimanama wabo ukanguka, igihe ubwenge bugarura bimwe mu byababaje umuntu ababo mu buryarya, maze umutima ukagira kwicuza by’imfabusa. Ariko se ibyo bimeze bite ubigereranyije no kwicuza ko kuri uwo munsi “igihe bazatungurwa n’ubwoba nk’umugaru’‘, igihe kurimbuka kukaza nka serwakira!” 19 Abashatse kurimbura Kristo n’abamwizera, ubu noneho barahamya ubwabo ikuzo bababonanye. Muri icyo gihe cy’ubwoba bwinshi, bumva amajwi y’intungane batangarana umunezero bati: “Iyi niyo Mana yacu twategerezaga, niyo izadukiza.” 20 Hagati muri ubwo bwihebe isi izaba irimo, imirabyo izarabya, habeho guhinda kw’inkuba, ijwi ry’Umwana w’Imana rihamagare abaziranenge basinziririye mu bituro. Yitegereza ibituro by’intungane binyanyagiriye hose ku isi, arambura amaboko areba mu ijuru avuga ijwi rirenga ati: “Nimukanguke, nimukanguke, nimukanguke, yemwe abasinziririye mu mukungugu, nimubyuke!” Mu mpande zose z’isi, abasinziririye mu bituro bazumva iryo jwi, kandi abazaryumva bazongera kubaho. Isi yose izatigiswa n’imirindi y’ingabo nyinshi kandi zikomeye ziturutse mu bihugu byose, mu moko yose, mu ndimi zose, no mu bantu bose. Basohoka muri gereza y’urupfu, bambaye ubwiza n’icyubahiro byo kudapfa, batera hejuru bati: “Wa rupfu we urubori rwawe ruri he ? Wa rupfu we ukunesha kwawe kuri he?” 21 Nuko intungane zizaba ziriho n’izizaba zivuye mu bituro, zihuriza amajwi yazo hamwe, ziririmbana ibyishimo byinshi indirimbo yo kunesha. Bose bava mu bituro bafite igihagararo babyinjiranyemo. Adamu ahagaze hagati y’iteraniro rinini ry’abazutse, abasumba bose kandi abaruta ubunini, icyakora ari mugufi ho gato k’Umwana w’Imana. Agaragaza itandukaniro riri hagati y’abantu babayeho uko ibinyejana byagiye bikurikirana; n’uko abantu bakomeje gusigingira mu buzima. Ariko noneho bose bazuka bafite itoto n’imbaraga za gisore kandi zihoraho. Mbere na mbere, umuntu yari yaremwe asa n’Imana, atari ku mico gusa, ahubwo no ku ishusho no mu miterere. Icyaha ni cyo cyahanaguye ndetse cyenda guhindura burundu ya shusho y’Imana umuntu yaremanywe; ariko Yesu yazanywe no kutugarurira ya shusho y’Imana twambuwe n’icyaha. Azahindura imibiri yacu y’ibisenzegeri maze ayihwanye n’umubiri w’ubwiza bwe. Umubiri upfa, umubiri ubora, wangiritse, wahindanyijwe n’icyaha, azawutunganya, uhinduke agahozo kandi uhabwe ukudapfa. Inenge yose n’ubumuga bwose bizasigara mu gituro. Abacunguwe bazahora bakura kugeza ubwo bazagera ku gihagararo cy’ubwiza bwe, kuko bazaba bagaruwe ku mbuto z’igiti cy’ubugingo cyo muri Edeni bari bamaze imyaka myinshi baranyazwe. Ibisigisigi by’umuvumo w’icyaha bizakurwaho, kandi indahemuka za Kristo zizarabagirana ‘’ubwiza bw’Umwami Imana yacu, ari mu bwenge, mu bitekerezo no ku mibiri yabo, bigaragaza ishusho nyakuri y’Imana yabo izira inenge. Mbega ugucungurwa gutangaje! 466
Itorero na Leta ku Rugamba kwavuzwe igihe kirekire, gutegerezwa igihe kirekire! Bakakureba bakakwishimira, ariko ntibasobanukirwe neza uko kuzaba kumeze. Abakiranutsi bakiri bazima bahindurwa “mu kanya gato nk’ako guhumbya kw’ijisho”. Ku bw’ijwi ry’Imana gusa bahawe ubwiza; bambikwa ukudapfa, maze hamwe n’abaziranenge bazutse, barazamurwa, bajya gusanganira Umwami wabo mu kirere. Abamarayika bakoranya intore ze ziturutse mu birere bine, uhereye impera y’ijuru ukageza iyindi mpera yaryo. Abamarayika bera bazatwaza ababyeyi abana babo bato mu maboko yabo. Inshuti zatandukanyijwe n’urupfu bazabonana ubutazongera gutandukana, ubwo bazaba bazamuka bagana mu Murwa w’Imana, baririmba indirimbo z’ibyishimo. Ku igare ryose riremwe n’ibicu hari amababa impande zose, kandi munsi rifite inziga zihoraho. Mu gihe igare ryose ritangiye urugendo, inziga zaryo ziba zivuga ziti: Uri ‘Umuziranenge,’ maze amababa yatangira kuguruka agatera hejuru cyane ati: ” Uri Umuziranenge, noneho inteko y’Abamarayika nayo igakomeza iririmba iti: Umuziranenge, Umuziranenge, Umuziranenge Uhoraho Nyiringabo. Ubwo igare rizaba riri hafi kwinjira muri Yerusalemu nshya, abacunguwe nabo bazatera hejuru bikiriza bati: ” HALELLUYA !” Mbere yo kwinjira mu Murwa w’Imana, Umukiza azagabira abamwizera bose urwibutso rw’insinzi, kandi abambike n’ikimenyetso cyo gukiranuka. Imitwe y’Abamarayika barabagirana yiremamo imirongo y’impande enye zingana bakikije Umwami wabo, usumbya icyubahiro abamarayika bose n’abera bose, kandi ufite mu maso herekana urukundo rutarondoreka abafitiye. Muri iryo koraniro ry’abacunguwe batabarika, buri wese ahanga Umukiza amaso, ijisho ryose ryitegereza ikuzo ry’Uwahoranye mu ‘’maso hahindanyijwe n’imibabaro kuruta undi muntu wese wabayeho n’ishusho yangijwe kuruta iz’abandi bose babayeho ku isi.’‘ Akoresheje ukuboko kwe kw’iburyo, Yesu yambika abanesheje bose amakamba y’icyubahiro ku mitwe yabo. Ku mutwe wa buri wese hariho ikamba ryanditseho ‘’izina rye rishya’‘ hamwe n’aya magambo ngo “Yerejwe Uhoraho.” Yesu Buri wese yari afashe mu kuboko kwe ishami ry’umukindo n’inanga y’izahabu byerekana gutsinda. Noneho abamarayika bari imbere bafungura indirimbo, maze abacunguwe bose bafata inanga zabo, bacurangana ubuhanga buhanitse indirimbo nziza yakanguye imitima yabo kandi ifite injyana itazibagirana. Iyo ndirimbo yakoze ku mitima bitavugwa, maze ijwi ryose rishima Imana rigira riti, “Udukunda kandi wejesheje ibyaha byacu amaraso ye, akaduhindura abami n’abatambyi b’Imana ye ariyo na Se, icyubahiro n’ubutware bibe ibye iteka ryose. Amen”22 Imbere y’iyo mbaga y’abacunguwe hari Umurwa Muziranenge. Yesu afungura amarembo yawo y’imaragarita, maze ishyanga ryagendeye mu kuri riwinjiramo. Bakigeramo babona Paradiso y’Imana, ariho Adamu yari atuye akiri inziramakemwa. Nuko rya jwi rimeze nk’indirimbo nziza ritarigera ryumvikana mu matwi y’abana b’abantu ryongera kumvikana rivuga riti: “Intambara mwarwanaga irarangiye” “Nimuze abo Data yahaye umugisha, muragwe ubwami bwabatunganyirijwe uhereye ku kuremwa kw’isi.” 467
- Page 423 and 424: Itorero na Leta ku Rugamba imyaka i
- Page 425 and 426: Itorero na Leta ku Rugamba igiteker
- Page 427 and 428: Itorero na Leta ku Rugamba Nyamara
- Page 429 and 430: Itorero na Leta ku Rugamba byose by
- Page 431 and 432: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 433 and 434: Itorero na Leta ku Rugamba ituma ba
- Page 435 and 436: Itorero na Leta ku Rugamba yabo bag
- Page 437 and 438: Itorero na Leta ku Rugamba Imikorer
- Page 439 and 440: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 441 and 442: Itorero na Leta ku Rugamba kumenyek
- Page 443 and 444: Itorero na Leta ku Rugamba Imvugo y
- Page 445 and 446: Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo igi
- Page 447 and 448: Itorero na Leta ku Rugamba rwo gupf
- Page 449 and 450: Itorero na Leta ku Rugamba murimo,
- Page 451 and 452: Itorero na Leta ku Rugamba bazunga
- Page 453 and 454: Itorero na Leta ku Rugamba Igice Cy
- Page 455 and 456: Itorero na Leta ku Rugamba Ijoro Ya
- Page 457 and 458: Itorero na Leta ku Rugamba umutima
- Page 459 and 460: Itorero na Leta ku Rugamba nyakujya
- Page 461 and 462: Itorero na Leta ku Rugamba kare uko
- Page 463 and 464: Itorero na Leta ku Rugamba ubutaber
- Page 465 and 466: Itorero na Leta ku Rugamba vuba.”
- Page 467 and 468: Itorero na Leta ku Rugamba cyangwa
- Page 469 and 470: Itorero na Leta ku Rugamba nyamara
- Page 471 and 472: Itorero na Leta ku Rugamba rusaku r
- Page 473: Itorero na Leta ku Rugamba ijwi rit
- Page 477 and 478: Itorero na Leta ku Rugamba Asabwe n
- Page 479 and 480: Itorero na Leta ku Rugamba bareba n
- Page 481 and 482: Itorero na Leta ku Rugamba Abanyaby
- Page 483 and 484: Itorero na Leta ku Rugamba Ubwo Kri
- Page 485 and 486: Itorero na Leta ku Rugamba Ku ruhan
- Page 487 and 488: Itorero na Leta ku Rugamba wari uwe
- Page 489 and 490: Itorero na Leta ku Rugamba byabatey
- Page 491 and 492: Itorero na Leta ku Rugamba w’amah
- Page 493 and 494: Itorero na Leta ku Rugamba urugamba
- Page 495 and 496: Itorero na Leta ku Rugamba mutima w
- Page 497: Itorero na Leta ku Rugamba binjire
<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />
bakoze n’urubanza bazacirwaho. Noneho habaho gutaka nk’uk’ugiye gupfa. Urwo rwamo<br />
rwarutaga rwa rundi bavuzaga bavuga ngo “Mubambe, Mubambe” rwumvikaniraga mu<br />
mihanda y’i Yerusalemu, rugira ruti: “Ni Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong>, ni u<strong>ku</strong>ri ni Messiya! Bashaka<br />
guhunga mu maso h’Umwami w’abami. Mu buvumo bwo mu misozi no mu biha<strong>na</strong>manga,<br />
bashakashaka aho bihisha barahabura.<br />
Mu mibereho y’abirengagije u<strong>ku</strong>ri bose, hari ibihe umutima<strong>na</strong>ma wabo ukanguka, igihe<br />
ubwenge bugarura bimwe mu byababaje umuntu ababo mu buryarya, maze umutima ukagira<br />
kwicuza by’imfabusa. Ariko se ibyo bimeze bite ubigereranyije no kwicuza ko <strong>ku</strong>ri uwo<br />
munsi “igihe bazatungurwa n’ubwoba nk’umugaru’‘, igihe <strong>ku</strong>rimbuka <strong>ku</strong>kaza nka<br />
serwakira!” 19 Abashatse <strong>ku</strong>rimbura Kristo n’abamwizera, ubu noneho barahamya ubwabo<br />
i<strong>ku</strong>zo bababo<strong>na</strong>nye. Muri icyo gihe cy’ubwoba bwinshi, bumva amajwi y’intungane<br />
batangara<strong>na</strong> umunezero bati: “Iyi niyo Ma<strong>na</strong> yacu twategerezaga, niyo izadukiza.” 20<br />
Hagati muri ubwo bwihebe isi izaba irimo, imirabyo izarabya, habeho guhinda kw’in<strong>ku</strong>ba,<br />
ijwi ry’Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> rihamagare abaziranenge basinziririye mu bituro. Yitegereza<br />
ibituro by’intungane binyanyagiriye hose <strong>ku</strong> isi, arambura amaboko areba mu ijuru avuga ijwi<br />
rirenga ati: “Nimukanguke, nimukanguke, nimukanguke, yemwe abasinziririye mu<br />
mu<strong>ku</strong>ngugu, nimubyuke!” Mu mpande zose z’isi, abasinziririye mu bituro bazumva iryo jwi,<br />
kandi abazaryumva bazongera <strong>ku</strong>baho. Isi yose izatigiswa n’imirindi y’ingabo nyinshi kandi<br />
zikomeye ziturutse mu bihugu byose, mu moko yose, mu ndimi zose, no mu bantu bose.<br />
Basohoka muri gereza y’urupfu, bambaye ubwiza n’icyubahiro byo <strong>ku</strong>dapfa, batera hejuru<br />
bati: “Wa rupfu we urubori rwawe ruri he ? Wa rupfu we u<strong>ku</strong>nesha kwawe <strong>ku</strong>ri he?” 21 Nuko<br />
intungane zizaba ziriho n’izizaba zivuye mu bituro, zihuriza amajwi yazo hamwe, ziririmba<strong>na</strong><br />
ibyishimo byinshi indirimbo yo <strong>ku</strong>nesha.<br />
Bose bava mu bituro bafite igihagararo babyinjiranyemo. Adamu ahagaze hagati<br />
y’iteraniro rinini ry’abazutse, abasumba bose kandi abaruta ubunini, icyakora ari mugufi ho<br />
gato k’Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong>. Agaragaza itandukaniro riri hagati y’abantu babayeho uko<br />
ibinyeja<strong>na</strong> byagiye bi<strong>ku</strong>rikira<strong>na</strong>; n’uko abantu bakomeje gusigingira mu buzima. Ariko<br />
noneho bose bazuka bafite itoto n’imbaraga za gisore kandi zihoraho. Mbere <strong>na</strong> mbere,<br />
umuntu yari yaremwe asa n’Ima<strong>na</strong>, atari <strong>ku</strong> mico gusa, ahubwo no <strong>ku</strong> ishusho no mu miterere.<br />
Icyaha ni cyo cyaha<strong>na</strong>guye ndetse cyenda guhindura burundu ya shusho y’Ima<strong>na</strong> umuntu<br />
yaremanywe; ariko Yesu yazanywe no <strong>ku</strong>tugarurira ya shusho y’Ima<strong>na</strong> twambuwe n’icyaha.<br />
Azahindura imibiri yacu y’ibisenzegeri maze ayihwanye n’umubiri w’ubwiza bwe. Umubiri<br />
upfa, umubiri ubora, wangiritse, wahindanyijwe n’icyaha, azawutunganya, uhinduke agahozo<br />
kandi uhabwe u<strong>ku</strong>dapfa. Inenge yose n’ubumuga bwose bizasigara mu gituro. Abacunguwe<br />
bazahora ba<strong>ku</strong>ra <strong>ku</strong>geza ubwo bazagera <strong>ku</strong> gihagararo cy’ubwiza bwe, <strong>ku</strong>ko bazaba bagaruwe<br />
<strong>ku</strong> mbuto z’igiti cy’ubugingo cyo muri Edeni bari bamaze imyaka myinshi baranyazwe.<br />
Ibisigisigi by’umuvumo w’icyaha biza<strong>ku</strong>rwaho, kandi indahemuka za Kristo zizarabagira<strong>na</strong><br />
‘’ubwiza bw’Umwami Ima<strong>na</strong> yacu, ari mu bwenge, mu bitekerezo no <strong>ku</strong> mibiri yabo,<br />
bigaragaza ishusho nya<strong>ku</strong>ri y’Ima<strong>na</strong> yabo izira inenge. Mbega ugucungurwa gutangaje!<br />
466