Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba bakoze n’urubanza bazacirwaho. Noneho habaho gutaka nk’uk’ugiye gupfa. Urwo rwamo rwarutaga rwa rundi bavuzaga bavuga ngo “Mubambe, Mubambe” rwumvikaniraga mu mihanda y’i Yerusalemu, rugira ruti: “Ni Umwana w’Imana, ni ukuri ni Messiya! Bashaka guhunga mu maso h’Umwami w’abami. Mu buvumo bwo mu misozi no mu bihanamanga, bashakashaka aho bihisha barahabura. Mu mibereho y’abirengagije ukuri bose, hari ibihe umutimanama wabo ukanguka, igihe ubwenge bugarura bimwe mu byababaje umuntu ababo mu buryarya, maze umutima ukagira kwicuza by’imfabusa. Ariko se ibyo bimeze bite ubigereranyije no kwicuza ko kuri uwo munsi “igihe bazatungurwa n’ubwoba nk’umugaru’‘, igihe kurimbuka kukaza nka serwakira!” 19 Abashatse kurimbura Kristo n’abamwizera, ubu noneho barahamya ubwabo ikuzo bababonanye. Muri icyo gihe cy’ubwoba bwinshi, bumva amajwi y’intungane batangarana umunezero bati: “Iyi niyo Mana yacu twategerezaga, niyo izadukiza.” 20 Hagati muri ubwo bwihebe isi izaba irimo, imirabyo izarabya, habeho guhinda kw’inkuba, ijwi ry’Umwana w’Imana rihamagare abaziranenge basinziririye mu bituro. Yitegereza ibituro by’intungane binyanyagiriye hose ku isi, arambura amaboko areba mu ijuru avuga ijwi rirenga ati: “Nimukanguke, nimukanguke, nimukanguke, yemwe abasinziririye mu mukungugu, nimubyuke!” Mu mpande zose z’isi, abasinziririye mu bituro bazumva iryo jwi, kandi abazaryumva bazongera kubaho. Isi yose izatigiswa n’imirindi y’ingabo nyinshi kandi zikomeye ziturutse mu bihugu byose, mu moko yose, mu ndimi zose, no mu bantu bose. Basohoka muri gereza y’urupfu, bambaye ubwiza n’icyubahiro byo kudapfa, batera hejuru bati: “Wa rupfu we urubori rwawe ruri he ? Wa rupfu we ukunesha kwawe kuri he?” 21 Nuko intungane zizaba ziriho n’izizaba zivuye mu bituro, zihuriza amajwi yazo hamwe, ziririmbana ibyishimo byinshi indirimbo yo kunesha. Bose bava mu bituro bafite igihagararo babyinjiranyemo. Adamu ahagaze hagati y’iteraniro rinini ry’abazutse, abasumba bose kandi abaruta ubunini, icyakora ari mugufi ho gato k’Umwana w’Imana. Agaragaza itandukaniro riri hagati y’abantu babayeho uko ibinyejana byagiye bikurikirana; n’uko abantu bakomeje gusigingira mu buzima. Ariko noneho bose bazuka bafite itoto n’imbaraga za gisore kandi zihoraho. Mbere na mbere, umuntu yari yaremwe asa n’Imana, atari ku mico gusa, ahubwo no ku ishusho no mu miterere. Icyaha ni cyo cyahanaguye ndetse cyenda guhindura burundu ya shusho y’Imana umuntu yaremanywe; ariko Yesu yazanywe no kutugarurira ya shusho y’Imana twambuwe n’icyaha. Azahindura imibiri yacu y’ibisenzegeri maze ayihwanye n’umubiri w’ubwiza bwe. Umubiri upfa, umubiri ubora, wangiritse, wahindanyijwe n’icyaha, azawutunganya, uhinduke agahozo kandi uhabwe ukudapfa. Inenge yose n’ubumuga bwose bizasigara mu gituro. Abacunguwe bazahora bakura kugeza ubwo bazagera ku gihagararo cy’ubwiza bwe, kuko bazaba bagaruwe ku mbuto z’igiti cy’ubugingo cyo muri Edeni bari bamaze imyaka myinshi baranyazwe. Ibisigisigi by’umuvumo w’icyaha bizakurwaho, kandi indahemuka za Kristo zizarabagirana ‘’ubwiza bw’Umwami Imana yacu, ari mu bwenge, mu bitekerezo no ku mibiri yabo, bigaragaza ishusho nyakuri y’Imana yabo izira inenge. Mbega ugucungurwa gutangaje! 466

Itorero na Leta ku Rugamba kwavuzwe igihe kirekire, gutegerezwa igihe kirekire! Bakakureba bakakwishimira, ariko ntibasobanukirwe neza uko kuzaba kumeze. Abakiranutsi bakiri bazima bahindurwa “mu kanya gato nk’ako guhumbya kw’ijisho”. Ku bw’ijwi ry’Imana gusa bahawe ubwiza; bambikwa ukudapfa, maze hamwe n’abaziranenge bazutse, barazamurwa, bajya gusanganira Umwami wabo mu kirere. Abamarayika bakoranya intore ze ziturutse mu birere bine, uhereye impera y’ijuru ukageza iyindi mpera yaryo. Abamarayika bera bazatwaza ababyeyi abana babo bato mu maboko yabo. Inshuti zatandukanyijwe n’urupfu bazabonana ubutazongera gutandukana, ubwo bazaba bazamuka bagana mu Murwa w’Imana, baririmba indirimbo z’ibyishimo. Ku igare ryose riremwe n’ibicu hari amababa impande zose, kandi munsi rifite inziga zihoraho. Mu gihe igare ryose ritangiye urugendo, inziga zaryo ziba zivuga ziti: Uri ‘Umuziranenge,’ maze amababa yatangira kuguruka agatera hejuru cyane ati: ” Uri Umuziranenge, noneho inteko y’Abamarayika nayo igakomeza iririmba iti: Umuziranenge, Umuziranenge, Umuziranenge Uhoraho Nyiringabo. Ubwo igare rizaba riri hafi kwinjira muri Yerusalemu nshya, abacunguwe nabo bazatera hejuru bikiriza bati: ” HALELLUYA !” Mbere yo kwinjira mu Murwa w’Imana, Umukiza azagabira abamwizera bose urwibutso rw’insinzi, kandi abambike n’ikimenyetso cyo gukiranuka. Imitwe y’Abamarayika barabagirana yiremamo imirongo y’impande enye zingana bakikije Umwami wabo, usumbya icyubahiro abamarayika bose n’abera bose, kandi ufite mu maso herekana urukundo rutarondoreka abafitiye. Muri iryo koraniro ry’abacunguwe batabarika, buri wese ahanga Umukiza amaso, ijisho ryose ryitegereza ikuzo ry’Uwahoranye mu ‘’maso hahindanyijwe n’imibabaro kuruta undi muntu wese wabayeho n’ishusho yangijwe kuruta iz’abandi bose babayeho ku isi.’‘ Akoresheje ukuboko kwe kw’iburyo, Yesu yambika abanesheje bose amakamba y’icyubahiro ku mitwe yabo. Ku mutwe wa buri wese hariho ikamba ryanditseho ‘’izina rye rishya’‘ hamwe n’aya magambo ngo “Yerejwe Uhoraho.” Yesu Buri wese yari afashe mu kuboko kwe ishami ry’umukindo n’inanga y’izahabu byerekana gutsinda. Noneho abamarayika bari imbere bafungura indirimbo, maze abacunguwe bose bafata inanga zabo, bacurangana ubuhanga buhanitse indirimbo nziza yakanguye imitima yabo kandi ifite injyana itazibagirana. Iyo ndirimbo yakoze ku mitima bitavugwa, maze ijwi ryose rishima Imana rigira riti, “Udukunda kandi wejesheje ibyaha byacu amaraso ye, akaduhindura abami n’abatambyi b’Imana ye ariyo na Se, icyubahiro n’ubutware bibe ibye iteka ryose. Amen”22 Imbere y’iyo mbaga y’abacunguwe hari Umurwa Muziranenge. Yesu afungura amarembo yawo y’imaragarita, maze ishyanga ryagendeye mu kuri riwinjiramo. Bakigeramo babona Paradiso y’Imana, ariho Adamu yari atuye akiri inziramakemwa. Nuko rya jwi rimeze nk’indirimbo nziza ritarigera ryumvikana mu matwi y’abana b’abantu ryongera kumvikana rivuga riti: “Intambara mwarwanaga irarangiye” “Nimuze abo Data yahaye umugisha, muragwe ubwami bwabatunganyirijwe uhereye ku kuremwa kw’isi.” 467

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

bakoze n’urubanza bazacirwaho. Noneho habaho gutaka nk’uk’ugiye gupfa. Urwo rwamo<br />

rwarutaga rwa rundi bavuzaga bavuga ngo “Mubambe, Mubambe” rwumvikaniraga mu<br />

mihanda y’i Yerusalemu, rugira ruti: “Ni Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong>, ni u<strong>ku</strong>ri ni Messiya! Bashaka<br />

guhunga mu maso h’Umwami w’abami. Mu buvumo bwo mu misozi no mu biha<strong>na</strong>manga,<br />

bashakashaka aho bihisha barahabura.<br />

Mu mibereho y’abirengagije u<strong>ku</strong>ri bose, hari ibihe umutima<strong>na</strong>ma wabo ukanguka, igihe<br />

ubwenge bugarura bimwe mu byababaje umuntu ababo mu buryarya, maze umutima ukagira<br />

kwicuza by’imfabusa. Ariko se ibyo bimeze bite ubigereranyije no kwicuza ko <strong>ku</strong>ri uwo<br />

munsi “igihe bazatungurwa n’ubwoba nk’umugaru’‘, igihe <strong>ku</strong>rimbuka <strong>ku</strong>kaza nka<br />

serwakira!” 19 Abashatse <strong>ku</strong>rimbura Kristo n’abamwizera, ubu noneho barahamya ubwabo<br />

i<strong>ku</strong>zo bababo<strong>na</strong>nye. Muri icyo gihe cy’ubwoba bwinshi, bumva amajwi y’intungane<br />

batangara<strong>na</strong> umunezero bati: “Iyi niyo Ma<strong>na</strong> yacu twategerezaga, niyo izadukiza.” 20<br />

Hagati muri ubwo bwihebe isi izaba irimo, imirabyo izarabya, habeho guhinda kw’in<strong>ku</strong>ba,<br />

ijwi ry’Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> rihamagare abaziranenge basinziririye mu bituro. Yitegereza<br />

ibituro by’intungane binyanyagiriye hose <strong>ku</strong> isi, arambura amaboko areba mu ijuru avuga ijwi<br />

rirenga ati: “Nimukanguke, nimukanguke, nimukanguke, yemwe abasinziririye mu<br />

mu<strong>ku</strong>ngugu, nimubyuke!” Mu mpande zose z’isi, abasinziririye mu bituro bazumva iryo jwi,<br />

kandi abazaryumva bazongera <strong>ku</strong>baho. Isi yose izatigiswa n’imirindi y’ingabo nyinshi kandi<br />

zikomeye ziturutse mu bihugu byose, mu moko yose, mu ndimi zose, no mu bantu bose.<br />

Basohoka muri gereza y’urupfu, bambaye ubwiza n’icyubahiro byo <strong>ku</strong>dapfa, batera hejuru<br />

bati: “Wa rupfu we urubori rwawe ruri he ? Wa rupfu we u<strong>ku</strong>nesha kwawe <strong>ku</strong>ri he?” 21 Nuko<br />

intungane zizaba ziriho n’izizaba zivuye mu bituro, zihuriza amajwi yazo hamwe, ziririmba<strong>na</strong><br />

ibyishimo byinshi indirimbo yo <strong>ku</strong>nesha.<br />

Bose bava mu bituro bafite igihagararo babyinjiranyemo. Adamu ahagaze hagati<br />

y’iteraniro rinini ry’abazutse, abasumba bose kandi abaruta ubunini, icyakora ari mugufi ho<br />

gato k’Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong>. Agaragaza itandukaniro riri hagati y’abantu babayeho uko<br />

ibinyeja<strong>na</strong> byagiye bi<strong>ku</strong>rikira<strong>na</strong>; n’uko abantu bakomeje gusigingira mu buzima. Ariko<br />

noneho bose bazuka bafite itoto n’imbaraga za gisore kandi zihoraho. Mbere <strong>na</strong> mbere,<br />

umuntu yari yaremwe asa n’Ima<strong>na</strong>, atari <strong>ku</strong> mico gusa, ahubwo no <strong>ku</strong> ishusho no mu miterere.<br />

Icyaha ni cyo cyaha<strong>na</strong>guye ndetse cyenda guhindura burundu ya shusho y’Ima<strong>na</strong> umuntu<br />

yaremanywe; ariko Yesu yazanywe no <strong>ku</strong>tugarurira ya shusho y’Ima<strong>na</strong> twambuwe n’icyaha.<br />

Azahindura imibiri yacu y’ibisenzegeri maze ayihwanye n’umubiri w’ubwiza bwe. Umubiri<br />

upfa, umubiri ubora, wangiritse, wahindanyijwe n’icyaha, azawutunganya, uhinduke agahozo<br />

kandi uhabwe u<strong>ku</strong>dapfa. Inenge yose n’ubumuga bwose bizasigara mu gituro. Abacunguwe<br />

bazahora ba<strong>ku</strong>ra <strong>ku</strong>geza ubwo bazagera <strong>ku</strong> gihagararo cy’ubwiza bwe, <strong>ku</strong>ko bazaba bagaruwe<br />

<strong>ku</strong> mbuto z’igiti cy’ubugingo cyo muri Edeni bari bamaze imyaka myinshi baranyazwe.<br />

Ibisigisigi by’umuvumo w’icyaha biza<strong>ku</strong>rwaho, kandi indahemuka za Kristo zizarabagira<strong>na</strong><br />

‘’ubwiza bw’Umwami Ima<strong>na</strong> yacu, ari mu bwenge, mu bitekerezo no <strong>ku</strong> mibiri yabo,<br />

bigaragaza ishusho nya<strong>ku</strong>ri y’Ima<strong>na</strong> yabo izira inenge. Mbega ugucungurwa gutangaje!<br />

466

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!