Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba buhoro kegera isi, ni nako karushagaho kugira umucyo urabagirana n’ubwiza, kugeza igihe gahinduka igicu kinini, cy’umweru nk’amahindu, kandi aho gitangirira hasaga n’ibirimi by’umuriro, naho hejuru yacyo hari umukororombya w’isezerano. Yesu niwe wari imbere nk’Umugaba w’Umunyambaraga. Ubu bwo ntiyari wa “Muntu w’umunyamibabaro,“wo kunyweshwa cya gikombe gisharira kandi cy’urukozasoni n’amahano yose, aje ari Umuneshi mu ijuru no mu isi, kugira ngo acire imanza abazima n’abapfuye. “Indahemuka n’Umunyakuri”, ashingiye ku butabera, aca imanza kandi akajya ku rugamba. ‘’Kandi ingabo zo mu ijuru zari zimukurikiye.’‘ 11 Ashagawe n’iteraniro ry’Abamarayika bera batabarika, mu njyana yo mu ijuru, bahanika indirimbo y’ibyishimo. Ikirere cyose cyuzura urwo rwererane - Abamarayika ibihumbi cumi ka bihumbi cumi n’ibihumbi ka bihumbi. Nta karamu y’umwana w’umuntu yabasha gucishiriza ibyo bintu, nta bwenge bw’umuntu upfa bushobora gutekereza uko umucyo w’ubwiza bwabyo. “Ikuzo rye risesuye ijuru, kandi isi yuzuye ishimwe ry’abayisingiza. Irabagirana nk’urumuri.” 12 Ubwo igicu gihoraho kizaba kigeze hafi, ijisho ryose rizabona Umutware w’ubugingo. Noneho ntazaba yambaye ikamba ry’amahwa muri rwa ruhanga rwe ruziranenge; ahubwo azaba atamirijwe ikamba ry’ubwiza mu ruhanga ruziranenge. Mu maso he hazaba harabagirana umucyo nk’uw’izuba ryo ku manywa y’ihangu. ” Kandi ku mwambaro we no ku kibero cye handitse iri zina ngo: “ Umwami ugenga abami n’Umutegetsi ugenga abategetsi. ” 13 Imbere ye, “mu maso ha bose hari hasuherewe;” abahinyuye imbabazi z’Imana bafatwa n’ubwoba bwo kubura ibyiringiro by’iteka ryose. ‘’Imitima irakuka, kandi amavi yabo arakomangana..... kandi mu maso habo harasuherwa.’‘Abakiranutsi nabo bahinda umushyitsi batera hejuru bati: “Ninde ubasha guhagarara adatsinzwe?” Abamarayika bahagarika indirimbo zabo, habaho umwanya wo guceceka. Hanyuma bumva ijwi rya Yesu avuga ati: “Ubuntu bwanjye buraguhagije.” Maze mu maso h’abakiranutsi haramurikirwa, kandi ibyishimo bisaba umutima w’umuntu wese. Nuko abamarayika bongera guhanika indirimbo mu gihe bari hafi kugera ku isi. Umwami w’abami amanukira ku bicu, agoswe n’umuriro ugurumana. Ijuru rizingwa hamwe nk’umuzingo, isi yose ihindira umushyitsi imbere ye, kandi imisozi yose n’ibirwa bikurwa ahabyo. “Imana yacu iraje kandi ntije bucece, ibanjirijwe n’umuriro ukongora, ikikijwe n’inkubi y’umuyaga. Ihamagara abo mu ijuru n’abo ku isi, ibahamagarira gukurikirana urubanza icira ubwoko bwayo.” 14 ‘‘Abami batwara iyi si n’ibikomerezwa byayo, abagaba b’ingabo n’abakungu n’abanyambaraga, abakoreshwa agahato kimwe n’abigenga, bose biroha mu buvumo no mu bitare byo ku misozi ngo bihishe. Babwira imisozi n’ibitare bati: ” Nimutugweho muduhishe amaso y’Iyicaye kuri ya ntebe ya cyami, muduhishe n’uburakari bw’umwana w’intama. ” Uyu niwo munsi ukaze w’uburakari bwabo: ninde uzawurokoka?’‘ Ibishungero byabo biba birarangiye. Iminwa ivuga ibinyoma irazibwa. ‘’Urusaku rw’imbunda n’imivurungano y’intambara birahosha, inkweto zose z’abasirikari zateraga ubwoba, igishura cyose cyazirinzwe mu maraso, ibyo byose bizatwikwa bikongoke.’‘ Nta kindi cyumvikanaga uretsi 464

Itorero na Leta ku Rugamba ijwi ritakamba n’iryo kurira no kuboroga. Urwamo rukomeye ruvuye mu kanwa k’abahoze bakobana rugira ruti: ‘’Umunsi ukomeye w’umujinya w’Uwiteka uraje; ninde ubasha guhagarara adatsinzwe?’‘ Abanyabyaha basaba imisozi n’ibitare ngo bibagwe hejuru, bibahambe aho gusumirwa n’uwo banze bakanamusuzugura. Iryo jwi ryaracengeye rigera mu matwi y’abapfuye bararimenya. Mbega ukuntu ijwi ry’imbabazi n’urukundo ryahoraga ribahamagarira kwihana! Mbega ukuntu bahoraga bumva iryo jwi ribararika rivuye mu kanwa k’incuti, abavandimwe n’Umucunguzi! Ku banze kwakira ubuntu bw’Imana, nta rindi jwi ryashobora kubacira urubanza kuruta iryabahamagariraga kugarukira Imana, nka rya rindi ryamaze igihe kirekire cyane ribinginga riti: “Nimuhindukire mugaruke muve mu nzira zanyu mbi. Kuki mwarinda gupfa ?’‘ 15 Mbega ngo rirababera nk’iry’umuntu batigeze kumenya! Yesu aravuga ati:” Narabahamagaye muraninira, nabaramburiye ukuboko ntihagira ubyitaho; ahubwo mwahinyuye inama zanjye zose no gucyaha kwanjye ntimubyitaho.’‘ 16 Iryo jwi ribibutsa ibyo birengagije - imiburo bahawe bakayipfobya, irarika banze kwitaba, n’amahirwe bahawe bakayapfusha ubusa. Abo ni ba bandi bakobaga Kristo ubwo yicishaga bugufi. Binyuze mu mbaraga idasanzwe, bibukijwe amagambo y’Uwababajwe, igihe yarahizwaga n’Umutambyi mukuru, agasubiza akomeje ati: “Uhereye none muzabona umwana w’umuntu yicaye iburyo bw’Imana kandi muzamubona aje ku bicu byo mu ijuru.” 17 None dore bamubonye mu cyubahiro cye, kandi bazanamubona yicaye iburyo bw’Imana. Abahakanaga ko Kristo ari Umwana w’Imana babura icyo bavuga. Harimo Herode wishyiraga hejuru ahinyura Ubwami bwe, maze agategeka abasirikari be ngo bamwimikishe kumwambika ikamba ry’amahwa. Hari na ba bantu b’abagizi ba nabi, b’ibiganza byanduye, byahangaye kumwambika ikanzu y’umuhengeri, bakamutamiriza ikamba ry’amahwa mu ruhanga ruzira inenge, kandi bamupfumbatisha urubingo nk’inkoni y’ubwamimu mu kiganza cye kitagiraga uwo kirwanya, maze bamwikubita imbere bamukwena ngo baramuramye. Abantu bakubise kandi bagacira mu maso h’Igikomangoma gitanga ubugingo, babonye inkovu zirabagirana, bashaka guhunga kubera ubwiza bwe buhebuje. Ba bandi batoboje imisumari ibiganza bye n’ibirenge bye, umusirikari wamutoboje icumu mu rubavu, bitegereje izo nkovu bagira ubwoba bwinshi n’agahinda. Mu buryo bwihariye, abatambyi n’abatware bibuka ibyabereye i Kaluvari. Bahinda umushyitsi uvanze n’ubwoba bibutse uko bazunguzaga imitwe yabo, bayobowe na Satani n’ingabo ze bagatera hejuru bati:“Yakijije abandi none ananiwe kwikiza. Umva ko ari Umwami w’Abisiraheli, ngaho namanuke ku musaraba, nibwo tumwemera. Yiringiye Imana avuga ngo ‘Ndi Umwana wayo’, none reka turebe ko imurokora umva ko imukunda! “ 18 Bibuka neza umugani baciriwe n’Umukiza w’abantu banze guha Nyiri uruzabibu ku mbuto zo mu murima we, bagakubita abagaragu be ndetse bakica Umwana we. Bibuka kandi n’amagambo bivugiye ubwabo bati: Nyiruruzabibu ‘’azarimbura abo bagaragu babi. ” Mu cyaha no mu gihano cy’abo bantu b’abahemu, abatambyi n’abatware biboneye ubwabo ibyo 465

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

buhoro kegera isi, ni <strong>na</strong>ko karushagaho <strong>ku</strong>gira umucyo urabagira<strong>na</strong> n’ubwiza, <strong>ku</strong>geza igihe<br />

gahinduka igicu kinini, cy’umweru nk’amahindu, kandi aho gitangirira hasaga n’ibirimi<br />

by’umuriro, <strong>na</strong>ho hejuru yacyo hari umukororombya w’isezerano. Yesu niwe wari imbere<br />

nk’Umugaba w’Umunyambaraga. Ubu bwo ntiyari wa “Muntu w’umunyamibabaro,“wo<br />

<strong>ku</strong>nyweshwa cya gikombe gisharira kandi cy’urukozasoni n’amahano yose, aje ari Umuneshi<br />

mu ijuru no mu isi, <strong>ku</strong>gira ngo acire imanza abazima n’abapfuye. “Indahemuka<br />

n’Umunya<strong>ku</strong>ri”, ashingiye <strong>ku</strong> butabera, aca imanza kandi akajya <strong>ku</strong> rugamba. ‘’Kandi ingabo<br />

zo mu ijuru zari zimu<strong>ku</strong>rikiye.’‘ 11 Ashagawe n’iteraniro ry’Abamarayika bera batabarika,<br />

mu njya<strong>na</strong> yo mu ijuru, bahanika indirimbo y’ibyishimo. Ikirere cyose cyuzura urwo<br />

rwererane - Abamarayika ibihumbi cumi ka bihumbi cumi n’ibihumbi ka bihumbi. Nta<br />

karamu y’umwa<strong>na</strong> w’umuntu yabasha gucishiriza ibyo bintu, nta bwenge bw’umuntu upfa<br />

bushobora gutekereza uko umucyo w’ubwiza bwabyo. “I<strong>ku</strong>zo rye risesuye ijuru, kandi isi<br />

yuzuye ishimwe ry’abayisingiza. Irabagira<strong>na</strong> nk’urumuri.” 12 Ubwo igicu gihoraho kizaba<br />

kigeze hafi, ijisho ryose rizabo<strong>na</strong> Umutware w’ubugingo. Noneho ntazaba yambaye ikamba<br />

ry’amahwa muri rwa ruhanga rwe ruziranenge; ahubwo azaba atamirijwe ikamba ry’ubwiza<br />

mu ruhanga ruziranenge. Mu maso he hazaba harabagira<strong>na</strong> umucyo nk’uw’izuba ryo <strong>ku</strong><br />

manywa y’ihangu. ” Kandi <strong>ku</strong> mwambaro we no <strong>ku</strong> kibero cye handitse iri zi<strong>na</strong> ngo: “<br />

Umwami ugenga abami n’Umutegetsi ugenga abategetsi. ” 13<br />

Imbere ye, “mu maso ha bose hari hasuherewe;” abahinyuye imbabazi z’Ima<strong>na</strong> bafatwa<br />

n’ubwoba bwo <strong>ku</strong>bura ibyiringiro by’iteka ryose. ‘’Imitima ira<strong>ku</strong>ka, kandi amavi yabo<br />

arakomanga<strong>na</strong>..... kandi mu maso habo harasuherwa.’‘Abakiranutsi <strong>na</strong>bo bahinda umushyitsi<br />

batera hejuru bati: “Ninde ubasha guhagarara adatsinzwe?” Abamarayika bahagarika<br />

indirimbo zabo, habaho umwanya wo guceceka. Hanyuma bumva ijwi rya Yesu avuga ati:<br />

“Ubuntu bwanjye buraguhagije.” Maze mu maso h’abakiranutsi haramurikirwa, kandi<br />

ibyishimo bisaba umutima w’umuntu wese. Nuko abamarayika bongera guhanika indirimbo<br />

mu gihe bari hafi <strong>ku</strong>gera <strong>ku</strong> isi.<br />

Umwami w’abami amanukira <strong>ku</strong> bicu, agoswe n’umuriro uguruma<strong>na</strong>. Ijuru rizingwa<br />

hamwe nk’umuzingo, isi yose ihindira umushyitsi imbere ye, kandi imisozi yose n’ibirwa<br />

bi<strong>ku</strong>rwa ahabyo. “Ima<strong>na</strong> yacu iraje kandi ntije bucece, ibanjirijwe n’umuriro ukongora,<br />

ikikijwe n’in<strong>ku</strong>bi y’umuyaga. Ihamagara abo mu ijuru n’abo <strong>ku</strong> isi, ibahamagarira<br />

gu<strong>ku</strong>rikira<strong>na</strong> urubanza icira ubwoko bwayo.” 14<br />

‘‘Abami batwara iyi si n’ibikomerezwa byayo, abagaba b’ingabo n’aba<strong>ku</strong>ngu<br />

n’abanyambaraga, abakoreshwa agahato kimwe n’abigenga, bose biroha mu buvumo no mu<br />

bitare byo <strong>ku</strong> misozi ngo bihishe. Babwira imisozi n’ibitare bati: ” Nimutugweho muduhishe<br />

amaso y’Iyicaye <strong>ku</strong>ri ya ntebe ya cyami, muduhishe n’uburakari bw’umwa<strong>na</strong> w’intama. ”<br />

Uyu niwo munsi ukaze w’uburakari bwabo: ninde uzawurokoka?’‘ Ibishungero byabo biba<br />

birarangiye. Iminwa ivuga ibinyoma irazibwa. ‘’Urusa<strong>ku</strong> rw’imbunda n’imivurungano<br />

y’intambara birahosha, inkweto zose z’abasirikari zateraga ubwoba, igishura cyose<br />

cyazirinzwe mu maraso, ibyo byose bizatwikwa bikongoke.’‘ Nta kindi cyumvika<strong>na</strong>ga uretsi<br />

464

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!