07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

rusa<strong>ku</strong> rw’in<strong>ku</strong>ba no mu birimi by’umuriro, <strong>ku</strong>gira ngo abe umuyobozi w’imibereho, muri iki<br />

gihe yahishuriwe abantu nk’itegeko rica urubanza. Ikiganza gifungura bya bisate<br />

by’amabuye, haboneka amabwiriza yose ari mu mategeko cumi y’Ima<strong>na</strong> yandikishijwe<br />

ikaramu y’umuriro. Amagambo yayo yari mu nyuguti zigaragara cyane <strong>ku</strong> buryo umuntu<br />

wese ashobora <strong>ku</strong>yisomera bitamugoye. Nuko ubwenge bw’abantu burakanguka, umwijima<br />

w’imigenzo y’abantu n’ubuhakanyi, uha<strong>na</strong>gurika mu bitekerezo by’abantu bose, maze<br />

amagambo cumi y’Ima<strong>na</strong>, ari mu ncamake, yumvika<strong>na</strong> kandi afite ububasha bukomeye<br />

yerekwa abatuye <strong>ku</strong> isi.<br />

Ntibishoboka <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> amagambo yasobanura ubwoba n’ubwihebe bw’abasuzuguye<br />

amabwiriza yera y’Ima<strong>na</strong>. Uhoraho yabahaye amategeko ye; bagombaga <strong>ku</strong>gereranya imico<br />

yabo n’ayo mategeko maze bakimenyaho ubusembwa bwabo hari hakiri igihe cyo kwiha<strong>na</strong><br />

no kwivugurura; nyamara <strong>ku</strong>bwo gushaka guto<strong>na</strong> mu b’isi, bayashyize <strong>ku</strong> ruhande, maze<br />

bigisha abantu <strong>ku</strong>yagomera. Biyemeje guhatira abantu b’Ima<strong>na</strong> guhumanya Isabato yayo.<br />

None dore amategeko basuzuguye niyo abaciriye ho iteka. Muri uko kwitandukanya gukabije,<br />

basobanukiwe neza ko nta rwitwazo bafite. Bihitiyemo uwo bagomba gukorera no <strong>ku</strong>ramya.<br />

Malaki aravuga ati: “Bityo muzongera mumenye itandukaniro riri hagati y’intungane<br />

n’abagome, n’iriri hagati y’abankorera n’abatankorera.’‘ 10<br />

Abanzi b’amategeko y’Ima<strong>na</strong>, uhereye <strong>ku</strong> babwiriza bakomeye ukageza <strong>ku</strong> boroheje bo<br />

muri bo, bafite imyumvire mishya <strong>ku</strong> <strong>ku</strong>ri n’inshingano. Bazaba baratinze <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> ko Isabato<br />

ari ryo tegeko rya kane ari ikimenyetso cy’Ima<strong>na</strong> Ihoraho. Baje <strong>ku</strong>menya u<strong>ku</strong>ri kw’isabato<br />

yabo y’impimbano barakererewe kandi basobanukirwa n’urufatiro bubatseho ko rudakomeye.<br />

Basanze ibyo bakoraga ari u<strong>ku</strong>rwanya Ima<strong>na</strong>. Abayobozi b’idini bigishije abantu babayobora<br />

mu irimbukiro, nyamara bavuga ko babayobora <strong>ku</strong> marembo ya Paradizo. Ku munsi ukomeye<br />

w’ingororano nibwo bazasobanukirwa n’uko abantu bakora imirimo yo mu buturo bwera<br />

bafite inshingano ikomeye, kandi ko hari ingaruka ziteye ubwoba z’abadasohoza inshingano<br />

zabo. Mu bihe bidashira, nibwo tuzashobora gucishiriza gusa tukamenya ko <strong>ku</strong>zimiza umuntu<br />

umwe, ari ububi buteye ubwoba. Habonye ishyano uzabwirwa aya magambo ngo:” Mva<br />

imbere wa mugaragu mubi we.’‘ Ijwi ry’Ima<strong>na</strong> ryumvikanira mu ijuru ritangaza umunsi<br />

n’isaha byo <strong>ku</strong>garuka kwa Yesu no guha abantu bayo isezerano rihoraho. Ayo magambo<br />

yumvika<strong>na</strong> <strong>ku</strong> isi ameze nko <strong>ku</strong>bomboreka<strong>na</strong> kw’in<strong>ku</strong>ba n’imirabyo. Maze Ubwoko<br />

b’wIma<strong>na</strong> burahagarara butegera amatwi ayo magambo kandi butumbiriye mu ijuru. Mu<br />

maso habo harabagira<strong>na</strong> umucyo w’ubwiza bwe, harabagira<strong>na</strong> nko mu maso ha Mose ubwo<br />

yamanukaga <strong>ku</strong> musozi Si<strong>na</strong>yi. Abanyabyaha ntibashoboraga guhangara <strong>ku</strong>bareba. Kandi<br />

ubwo imigisha yahabwaga abubashye Ima<strong>na</strong> bakomeza Isabato yayo yera, nibwo humvikanye<br />

amajwiy’indirimbo zo <strong>ku</strong>nesha.<br />

Bidatinze iburasirazuba haboneka agacu gato kirabura, kajya <strong>ku</strong>nga<strong>na</strong> <strong>na</strong> kimwe cya kabiri<br />

cy’ikiganza cy’umuntu. Ako gacu kari kazengurutse Umukiza kandi kasaga n’agakikijwe<br />

n’umwijima impande zose. Ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> bumenya ko icyo ari ikimenyetso cy’Umwa<strong>na</strong><br />

w’umuntu. Bakomeza gutumbira ako gacu mu ituze ryinshi, uko gakomeza <strong>ku</strong>za buhoro<br />

463

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!