07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

humvika<strong>na</strong> amajwi adasanzwe kandi ateye ubwoba atangaza irimbuka ry’abanyabyaha.<br />

Abantu bose ntibabashije gusobanukirwa amagambo yavuzwe; ariko yumviswe n’abigisha<br />

b’ibinyoma mu buryo bwihariye. Abantu bigeze gusuzugura, bibo<strong>na</strong> kandi bakirata ubugome<br />

bagirira <strong>na</strong>bi abakomeza amategeko y’Ima<strong>na</strong>, bazaba bumiwe, bihebye kandi bahinda<br />

umushyitsi <strong>ku</strong>bera ubwoba. Imiborogo yabo izumvika<strong>na</strong> cyane <strong>ku</strong>renza amajwi yo guhinda<br />

kw’in<strong>ku</strong>ba. Abadayimoni bazemera Ubuma<strong>na</strong> bwa Kristo maze bahindire umushyitsi imbere<br />

y’ububasha bwe bukomeye, mu gihe abantu banze u<strong>ku</strong>ri bazaba basaba imbabazi bigaragura<br />

mu mu<strong>ku</strong>ngugu bafite ubwoba.<br />

Abahanuzi ba kera ubwo baboneraga umunsi w’Umwami mu iyerekwa baravuze bati:<br />

“Nimucure umuborogo <strong>ku</strong>ko umunsi w’Uhoraho wegereje. Uzaza umeze nka kirimbuzi<br />

uturutse <strong>ku</strong>ri Nyiringabo.” 6 “Nimwinjire mu masenga yo mu bitare, nimwihishe mu myobo,<br />

nimuhunge umujinya w’Uhoraho, nimuhunge ububasha bwe n’i<strong>ku</strong>zo rye.<br />

Umunyagasuzuguro wese azakozwa isoni, abirasi bazacishwa bugufi, uwo munsi i<strong>ku</strong>zo<br />

rizahabwa Uhoraho wenyine. Uhoraho Nyiringabo yashyizeho umunsi, yashyizeho umunsi<br />

wo gucira imanza abirasi n’abibone, abishyira hejuru bazacishwa bugufi.’‘ ‘’Uwo munsi<br />

ibigirwama<strong>na</strong> by’ifeza n’izahabu bakoreye <strong>ku</strong>ramya bazabijugunyira imbeba n’ubucurama.<br />

Bazihisha mu masenga yo mu bitare bahunga uburakari bw’Uhoraho, n’ububasha n’i<strong>ku</strong>zo bye<br />

ubwo azaba aje guhindisha isi umushyitsi.<br />

Mu cyezi cy’ibyo bicu, hari inyenyeri ifite umucyo wakomezaga kwiyongera incuro enye<br />

ugereranyije n’umwijima uyizengurutse. Yasobanuraga ibyiringiro n’umunezero <strong>ku</strong><br />

ndahemuka, ariko igasobanura umujinya n’uburakari <strong>ku</strong> bagomera amategeko y’Ima<strong>na</strong>.<br />

Abahaze ibyabo bose <strong>ku</strong>bwa Kristo bararinzwe, bahishwe nk’uko amabanga y’Ima<strong>na</strong><br />

ashyinguwe ahatavogerwa. Barageragejwe, kandi imbere y’ab’isi n’imbere y’abakerensa<br />

u<strong>ku</strong>ri, bagaragara ko ari indahemuka <strong>ku</strong> wabapfiriye. Uguhinduka gutangaje kwabaye mu<br />

mibereho y’abo bantu bakomeje <strong>ku</strong>gundira ubunyangamugayo bwabo igihe bari biteguye<br />

gupfa. Ako kanya bazatabarwa ba<strong>ku</strong>rwe mu mwijima w’ikandamiza riteye ubwoba rikorwa<br />

n’abantu bahindutse abadayimoni. Mu maso habo hahoze hasuherewe, bihebye, batentebutse,<br />

icyo gihe hazaba hakeye <strong>ku</strong>bera umunezero, kwizera n’uru<strong>ku</strong>ndo. Amajwi yabo ahanika mu<br />

ndirimbo yo <strong>ku</strong>nesha bagira bati: ” Ima<strong>na</strong> niyo buhungiro bwacu ni yo itwongerera imbaraga,<br />

ni umutabazi uduhora hafi ngo atuvane mu ma<strong>ku</strong>ba. Nicyo gituma tutagira icyo dutinya,<br />

nubwo isi yatigiswa n’imitingito, nubwo imisozi yose yakwiroha mu nyanja, nubwo inyanja<br />

yakwibirindura igahorera, nubwo imihengeri yayo yatigisa imisozi.” 8<br />

Muri icyo gihe aya magambo yo kwiringira kandi atunganye rwose azazamuka imbere<br />

y’Ima<strong>na</strong>, ibicu byeyuke, maze haboneke ijuru ritatse inyenyeri n’i<strong>ku</strong>zo ritarondoreka<br />

bihabanye cyane n’umwijima w’icuraburindi wari <strong>ku</strong> rundi ruhande. I<strong>ku</strong>zo ry’ Umurwa<br />

mu<strong>ku</strong>ru w’ijuru ryigaragarizaga mu marembo yawo. Mu isanzure ry’ijuru haboneka ikiganza<br />

gifashe ibisate bibiri by’amabuye bigerekeranye. Umuhanuzi abivuga atya ati: “Abo mu ijuru<br />

bahamya ubutungane bw’Ima<strong>na</strong> bati,’‘Koko Ima<strong>na</strong> ni umucamanza utabera.” 9 Ayo<br />

mategeko azira inenge, agaragaza gukiranuka kw’Ima<strong>na</strong>, yatangarijwe <strong>ku</strong> musozi Si<strong>na</strong>yi mu<br />

462

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!