07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

nyamara bakaba bakomeje <strong>ku</strong>gundira kwizera kwabo, batera hejuru bavuza impundu zo<br />

<strong>ku</strong>nesha.<br />

Mu gicu<strong>ku</strong> hagati nibwo Ima<strong>na</strong> izereka<strong>na</strong> imbaraga zayo zo <strong>ku</strong>rokora ubwoko bwayo.<br />

Izuba rizarasa rimurikishe umucyo w’imbaraga zaryo. Ibimenyetso n’ibitangaza bizakomeza<br />

gusimbura<strong>na</strong> vuba vuba. Inkozi z’ibibi nizibo<strong>na</strong> ibibaye zizarushaho gu<strong>ku</strong>ka imitima no<br />

gutangara, nyamara intungane zo zizanezezwa n’ibyo bimenyetso byo gutabarwa kwabo.<br />

Ibyaremwe byose bizaba bimeze nk’ibyahagaritse gahunda bisanganywe. Imigezi yatembaga<br />

izahagarara. Ibicu bya rukokoma kandi bicuze umwijima bizanyura<strong>na</strong>mo. Hagati mu kirere<br />

cy’ijuru gicuze umwijima, hazaboneka umwanya urabagira<strong>na</strong>mo i<strong>ku</strong>zo ritarondoreka,<br />

ahazumvika<strong>na</strong> ijwi ry’Ima<strong>na</strong> rimeze nk’iry’amazi menshi asuma rigira riti: “Karabaye. ”<br />

Iryo jwi ritigisa ijuru n’isi. Habaho umutingito ukomeye, ” <strong>ku</strong>va abantu baba <strong>ku</strong> isi,<br />

ntihigeze habaho umutingito w’isi ukaze nk’uwo.’‘ 3 Ijuru rigaragara nk’iryikinga<br />

rinikingura. I<strong>ku</strong>zo rivuye <strong>ku</strong> ntebe y’Ima<strong>na</strong> risa nirishashagira<strong>na</strong>. Imisozi irahubanga<strong>na</strong><br />

nk’urubingo ruhushywe n’umuyaga, maze ibitare biremereye kandi binini birameneka<br />

bikwira ahantu hose. Habaho gusuma nk’uguteguriza umuraba uteye ubwoba. Inyanja<br />

izi<strong>ku</strong>ka<strong>na</strong> umuraba ukaze. Humvika<strong>na</strong> guhinda gukomeye <strong>ku</strong>meze nk’ijwi ry’abadayimoni<br />

bahawe inshingano yo <strong>ku</strong>rimbura isi. Isi yose iradandabira<strong>na</strong>, yibira ikanuburuka nk’umuraba<br />

wo mu nyanja. Ubutaka bwayo bwiyasa imitutu. Imfatiro z’isi ziranyeganyega. Impinga<br />

z’imisozi zirarigita. Ibirwa bituwe n’abantu birazika. Ibyambu byo <strong>ku</strong> nyanja byari<br />

byarahindutse nka Sodomu <strong>ku</strong>bera ubugome bimirwa n’amazi yivumbagatanyije. Babuloni<br />

ikomeye yibukwa imbere y’Ima<strong>na</strong> “<strong>ku</strong>gira ngo yuhirwe inzoga ibirira mu gikombe, ariyo<br />

burakari bwayo bukaze.” Nuko amahindu manini ava mu ijuru agwira abantu, rimwe rifite<br />

uburemere bwaba nk’ibiro mirongo ine. Imirwa yuzuye ubwibone yo <strong>ku</strong> isi irasenyuka.<br />

Imidugudu ikomeye cyane n’ingoro z’abami, aho abakomeye bo mu isi barundanyirije<br />

ubutunzi bwabo <strong>ku</strong>gira ngo bishyire hejuru, ibanza <strong>ku</strong>rimbukira imbere y’amaso yabo<br />

babyirebera. In<strong>ku</strong>ta za gereza zirarindimuka, abantu b’Ima<strong>na</strong> bari barafungiwemo <strong>ku</strong>bera<br />

kwizera kwabo barasohoka.<br />

Ibituro bizakinguka, kandi ‘’benshi mu bapfuye bagahambwa bazazuka, bamwe<br />

bazahabwa ubugingo buhoraho, abandi bazakozwa isoni bacirwe ho iteka burundu.’‘ 4<br />

Abapfuye bizera ubutumwa bwa marayika wa gatatu bose, bazasohoka mu bituro bafite<br />

ubwiza, <strong>ku</strong>gira ngo bumve isezerano ry’amahoro Ima<strong>na</strong> yagiranye n’abakomeza amategeko<br />

yayo bose. “Ndetse n’abatoboye umubiri we” 5, ba bandi bakwennye kandi bagashinyagurira<br />

Kristo asamba, ndetse n’abarwanyije u<strong>ku</strong>ri kwe, bakarenganya ubwoko bwe, bazazukira<br />

<strong>ku</strong>mubo<strong>na</strong> aje mu i<strong>ku</strong>zo rye kandi banirebere uko aba<strong>na</strong>mbye <strong>ku</strong>ri Kristo kandi<br />

bakamwumvira bazahabwa icyubahiro.<br />

Ibicu biremereye bizaba bigitwikiriye isanzure ry’ijuru; nyamara izuba rizabinyuramo,<br />

rigaragare rimeze nk’ijisho rya Yehova rizanywe no guhora inzigo. Imirabyo ikaze iturutse<br />

mu ijuru itwikiriza isi ibirimi by’umuriro. Muri uko guhinda kw’in<strong>ku</strong>ba guteye ubwoba,<br />

461

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!