07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Igice Cya 40 – Gutabarwa K’Ubwoko Bw’Ima<strong>na</strong><br />

Igihe amategeko ya <strong>Leta</strong> zo <strong>ku</strong> isi azaba atakibasha <strong>ku</strong>rinda abakomeza amategeko<br />

y’Ima<strong>na</strong>, mu bice byose by’isi hazaba umuvurungano wo gushaka <strong>ku</strong>rimbura ubwoko<br />

bw’Ima<strong>na</strong>. Ubwo igihe cyagenwe n’itegeko-teka kizaba cyegereje, abaturage bazagamba<strong>na</strong><br />

rwihishwa ngo babatsembe hakiri kare. Hazaba hagambiriwe ko mu ijoro rimwe gusa, hazaba<br />

ubwicanyi buzaba butababarira n’umwe.<br />

Bamwe mu bantu b’Ima<strong>na</strong> bazaba bafungiwe muri kasho zicuje umwijima, abandi bazaba<br />

bihishe mu mashyamba no mu biha<strong>na</strong>manga, bakomeje gutakambira Ima<strong>na</strong> ngo ibarinde, mu<br />

gihe <strong>ku</strong> mpande zose z’isi, abantu bitwaje intwaro z’intambara, kandi bayobowe<br />

n’abamarayika ba Satani, bazaba barimo kwitegura <strong>ku</strong>bamarira <strong>ku</strong> icumu. Icyo gihe ni bwo<br />

Ima<strong>na</strong> ya Isirayeli izarogoya imigambi yabo, ikarengera ubwoko bwayo yatoranyije. Uhoraho<br />

aravuga ati:“Icyo gihe muzaririmba nk’abari mugitaramo cy’umunsi mu<strong>ku</strong>ru, muzanezerwa<br />

nk’abayobowe n’ijwi ry’umwirongi bagiye mu ngoro y’Uhoraho, muzanezerwa nk’abaga<strong>na</strong><br />

Ima<strong>na</strong> urutare rwa Isiraheli. Uhoraho azumvikanisha ijwi rye riteye ubwoba, azereka<strong>na</strong> ko<br />

abangukira guha<strong>na</strong> arakaye, azabigaragariza mu mirabyo , azabigaragariza mu mvura<br />

y’umugaru n’amahindu.’‘ 1<br />

Ababi bazavuza urwamo rw’insinzi, bakwe<strong>na</strong> kandi babaki<strong>na</strong> <strong>ku</strong> mubyimba, icyo gihiriri<br />

cy’inkozi z’ibibi kizaba kiri hafi <strong>ku</strong>basimbukira ngo kibarimbure, maze umwijima<br />

w’icuraburindi uzaba ukomeye <strong>ku</strong>ruta uwa mu gicu<strong>ku</strong> uzatwikira isi yose. Noneho<br />

umukororombya urabagiranishwa n’i<strong>ku</strong>zo riturutse <strong>ku</strong> ntebe y’Ima<strong>na</strong> uzakwira ikirere cyose<br />

cy’ijuru, umere nk’uzengurutse iyo nteko yose y’abizera batabaza Ima<strong>na</strong>. Cya kivunge<br />

cy’abagizi ba <strong>na</strong>bi kizatungurwa gifatirwe aho ako kanya. Rwa rwamo ntiruzumvika<strong>na</strong><br />

u<strong>ku</strong>ndi. Bazibagirwa umugambi w’ubwicanyi bari bafite. Kubera ubwoba, bazatumbira icyo<br />

kimenyetso cy’isezerano y’Ima<strong>na</strong>, bifuza gusa icyabarinda umucyo w’Ima<strong>na</strong> ubahuma<br />

amaso.<br />

Naho <strong>ku</strong> ruhande rw’abantu b’Ima<strong>na</strong>, humvikane ijwi rituje kandi rinogeye amatwi rivuga<br />

riti:“Nimwubure imitwe yanyu”, maze bubuye amaso yabo barebye mu ijuru, babo<strong>na</strong><br />

ikimenyetso cy’isezerano. Bya bicu bya rukokoma bicuze umwijima byari bitwikiriye ikirere<br />

bireyuka, kandi nk’uko byagendekeye Setefano, batumbiriye mu ijuru babo<strong>na</strong> i<strong>ku</strong>zo ry’Ima<strong>na</strong><br />

n’iry’Umwa<strong>na</strong> w’Umuntu bicaye <strong>ku</strong> ntebe ya cyami. Bitegereje ishusho ye y’Ubuma<strong>na</strong>,<br />

babo<strong>na</strong> ibimenyetso byo kwicisha bugufi kwe; maze bumva asaba Se imbere y’abamarayika<br />

bera ati: “Data, ni wowe wabampaye none ndashaka <strong>ku</strong>zaba<strong>na</strong> <strong>na</strong>bo aho nzaba ndi, <strong>ku</strong>gira<br />

ngo bitegereze i<strong>ku</strong>zo wampaye <strong>ku</strong>ko wa<strong>ku</strong>nze isi itararemwa.” 2 Hongera <strong>ku</strong>mvika<strong>na</strong> ijwi<br />

ry’indirimbo yo <strong>ku</strong>nesha rivuga riti: Baraje! baraje ! Ni intungane, inziramakemwa<br />

n’abaziranenge. “Bakomeje ijambo ryo kwihanga<strong>na</strong> kwanjye, bazajya bagendera hagati<br />

y’abamarayika;’‘ maze ba bandi bari bafite mu maso hasuherewe kandi badidimanga,<br />

460

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!