07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

Ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> butegerejanyije amatsiko bwihanganye, ibimenyetso byo <strong>ku</strong>garuka<br />

k’Umwami wabo. Ubwo abarinzi bazaba babazanya bati: “Ijoro rigeze he ? Igisubizo<br />

kidahinduka kizaba ari iki ngo: Bugiye gucya bwongere bwire.” 25 Umucyo uturutse <strong>ku</strong> bicu<br />

uhingutse mu mpinga z’imisozi. Bidatinze i<strong>ku</strong>zo rye rigiye guhishurwa. Zuba ryo gukiranuka<br />

ari hafi <strong>ku</strong>turasira. Igitondo n’ijoro byombi biratwegereye - umunsi w’umunezero utagira<br />

iherezo urasiye abakiranutsi, kandi ijoro ry’umwijima ritazongera gucya u<strong>ku</strong>ndi <strong>ku</strong><br />

banyabyaha riratangiye.’‘ Ubwo abakira<strong>na</strong> bazaba batakambira Ima<strong>na</strong> cyane, igishura<br />

cyabakingirizaga ngo batareba ibyo batemererwaga <strong>ku</strong>reba kizamera nk’igitamuruwe.<br />

Umucyo w’umunsi uhoraho uzabonekera mu birere by’ijuru, maze indirimbo<br />

nk’iz’abamarayika zumvikane mu matwi y’abantu ngo:“Komeza icyo ufite, gutabarwa<br />

<strong>ku</strong>raje! Kristo Umuneshi ukomeye azaniye ingabo ze zicogojwe n’urugamba ikamba ry’i<strong>ku</strong>zo<br />

ridashira; kandi ijwi rye rizumvikanira <strong>ku</strong> marembo y’ijuru rigira riti: “Mwitinya dore ndi<br />

<strong>ku</strong>mwe <strong>na</strong>mwe. ” Namenyereye imibabaro yanyu yose; nikoreye intimba zanyu zose.<br />

Ntimuhanganye n’abanzi batamenyerewe. Urugamba <strong>na</strong>rurwanye mu cyimbo cyanyu, kandi<br />

mu Izi<strong>na</strong> ryanjye murenze <strong>ku</strong>ba abaneshi.’‘ Umukiza uhebuje azatwoherereza ubufasha igihe<br />

cyose mu gihe cyose tuzaba tubukeneye. Inzira ijya mu ijuru yatunganyijwe n’intambwe ze.<br />

Ihwa ryose rihanda ibirenge byacu <strong>na</strong>we ryaramujombye. Umusaraba wose duhamagarirwa<br />

kwikorera, yawikoreye mbere yacu. Uhoraho yemera ko amakimbirane abaho, <strong>ku</strong>gira ngo<br />

ategurire abantu bose amahoro. Igihe cy’ama<strong>ku</strong>ba ni ikigeragezo giteye ubwoba <strong>ku</strong> bantu<br />

b’Ima<strong>na</strong>; ariko kandi ni n’igihe cyo <strong>ku</strong>bura amaso <strong>ku</strong>ri buri mwizera nya<strong>ku</strong>ri wese akareba<br />

mu ijuru, kandi <strong>ku</strong>bwo kwizera akabasha <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> umukororombya w’isezerano<br />

umuzengurutse.<br />

“Abo wacunguye bazatahuka, bazagaruka i Siyoni baririmba, bazasabwa n’umunezero<br />

iteka, bazagira ibyishimo byinshi, umubabaro no gusuhuza umutima bizayoyoka. Uhoraho<br />

aravuze ati, Nijye uguhumuriza. Ni <strong>ku</strong>ki utinya umuntu buntu? Kuki utinya abantu bameze<br />

nk’icyatsi gusa? Mbese wibagiwe Uhoraho wa<strong>ku</strong>remye? Ese wibagiwe uwahanitse ijuru<br />

agahanga n’isi? Kuki ukomeza guterwa ubwoba n’abagukandamiza? Mbese uburakari<br />

bw’abagukandamiza buri he? Abafunzwe bagiye gufungurwa, ntibazapfira muri gereza,<br />

ntibazongera <strong>ku</strong>bura ibyo <strong>ku</strong>rya. Ndi Uhoraho Ima<strong>na</strong> yawe, nijye utuma imihengeri ihorera<br />

mu nyanja, izi<strong>na</strong> ryanjye ni Uhoraho Nyiringabo. Na<strong>ku</strong>bwiye ibyo uvuga, <strong>na</strong><strong>ku</strong>rindishije<br />

ububasha bwanjye. Nijye wahanitse ijuru, nijye wahanze isi, nijye wabwiye ab’i Siyoni nti<br />

‘Muri abantu banjye’.’‘ 26<br />

‘‘Tega amatwi wa munyabyago we, wa musinzi we utasindishijwe <strong>na</strong> divayi. Nyagasani<br />

Uhoraho27 u<strong>ku</strong>rengera aravuga ati, ‘Na<strong>ku</strong>yeho igikombe cy’uburakari cyagusindishaga,<br />

ntuzongera <strong>ku</strong>nywa <strong>ku</strong> gikombe cy’uburakari bwanjye. Icyo gikombe nzakinywesha<br />

abagukandamizaga, aba<strong>ku</strong>bwiraga bati ‘Ryama tu<strong>ku</strong>ribate.’ Koko rero umugongo wawe<br />

wahindutse nk’ubutaka, wahindutse nk’inzira nyabagendwa.’‘ Ijisho ry’Ima<strong>na</strong> rihora rireba<br />

ibihe byose akaga abantu bayo bagiye guhura <strong>na</strong> ko ubwo ububasha bwo <strong>ku</strong> isi buzaba<br />

bubahagurukiye. Nk’abari mu buhungiro, bazaba bafite ubwoba bwo kwicwa n’inzara<br />

458

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!