07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

vuba.” 23 Imperuka izaza vuba birenze uko abantu babitekereza. Ingano zizarundanywa maze<br />

bazihambiremo imitwaro ishyirwa mu kigega cy’Ima<strong>na</strong>; uru<strong>ku</strong>ngu ruzarundwamo ibirundo<br />

rujugunywe mu muriro w’irimbukiro.<br />

Abarinzi bo mu ijuru b’indahemuka <strong>ku</strong> murimo wabo, bakomeje <strong>ku</strong>ba maso. N’ubwo<br />

itegeko-teka rizaba ryamaze gushyiraho isaha yo gutsemba abakomeza amategeko, abanzi<br />

babo bazatanguranwa n’iryo tegeko, bashaka kwaka intore z’Ima<strong>na</strong> ubugingo bwazo mbere<br />

y’igihe cyagenwe. Nyamara nta n’umwe uzabasha guhita <strong>ku</strong> barinzi b’abanyambaraga bazaba<br />

bazengurutse buri mwizera wese w’indahemuka. Bamwe bazatabwa muri yombi igihe bazaba<br />

bahunga bava mu mijyi no mu midugudu; ariko inkota zizaba zibanguriwe <strong>ku</strong>batanyagura<br />

zizavunika maze zigwe hasi nk’ibikenyeri. Abandi bazarwanirirwa n’abamarayika bihinduye<br />

nk’abantu bambariye urugamba.<br />

Mu bihe byose, Ima<strong>na</strong> yagiye yohereza abamarayika baziranenge gutabara no <strong>ku</strong>rokora<br />

ubwoko bwayo. Ibyo biremwa byo mu ijuru byagize uruhare rugaragara mu bikorwa<br />

by’ikiremwamuntu. Bigaragaje bambaye imyambaro irabagira<strong>na</strong> nk’umurabyo; bagaragaye<br />

kenshi nk’abagenzi bagendagenda baturutse <strong>ku</strong>re. Abamarayika bagendereraga abantu<br />

b’Ima<strong>na</strong> bafite ishusho y’abantu. Bagiye baruhukira mu bicucu by’ibiti nk’abantu ba<strong>na</strong>niwe<br />

mu gihe cya <strong>ku</strong> manywa. Bakirwaga nk’abashyitsi mu miryango y’abantu. Bakoze<br />

nk’abayobozi bayobora abagenzi mu rugendo. Bakoresheje amaboko yabo gukongeza<br />

umuriro wo <strong>ku</strong> gicaniro. Bakinguye inzugi za gereza maze bafungura abagaragu b’Uhoraho<br />

bari bazifungiwemo. Bambaye icyubahiro cy’ijuru, baje <strong>ku</strong>birindura igitare cyari <strong>ku</strong><br />

muryango w’igituro cy’Umukiza.<br />

Kenshi <strong>na</strong> kenshi, abamarayika bajyaga mu materaniro y’abakiranutsi; ndetse basuraga<br />

n’aho inkozi z’ibibi ziteraniye, nk’igihe bajyaga i Sodomu gukora urutonde rw’ibyo bakoraga<br />

<strong>ku</strong>gira ngo barebe ko bamaze <strong>ku</strong>renga aho kwihanga<strong>na</strong> kw’Ima<strong>na</strong> <strong>ku</strong>garukiye. Uhoraho<br />

ashimishwa no <strong>ku</strong>babarira; kandi <strong>ku</strong>bera umubare muto w’abamukorera by’u<strong>ku</strong>ri, a<strong>ku</strong>mira<br />

ibyorezo kandi akongera igihe cy’amahoro <strong>ku</strong>ri benshi. Iyo abanyabyaha bacumuye <strong>ku</strong> Ma<strong>na</strong><br />

gato, baba bishyizeho umwenda mu bugingo bwabo <strong>ku</strong>ko bashimishijwe no gukerensa<br />

intungane nke kandi baka<strong>na</strong>zikandamiza.<br />

N’ubwo abatware b’iyi si batabizi, nyamara Abamarayika bajya babasura mu <strong>na</strong>ma zabo<br />

ndetse baka<strong>na</strong>babera abavugizi. Amaso y’abantu yarababonye; amatwi yabo yumvise<br />

<strong>ku</strong>rarika kwabo; indimi z’abantu zagiye zirwanya ibitekerezo byabo kandi zigahinyura i<strong>na</strong>ma<br />

zabo; amaboko y’abantu yakoze ibyo <strong>ku</strong>basebya no <strong>ku</strong>barwanya. Mu byumba by’i<strong>na</strong>ma no<br />

mu nzu zicirwamo imanza, izo ntumwa mvajuru zagaragaje ko zimenyereye kwifatanya<br />

n’abantu mu mateka yabo; ubwabo bakiyemeza <strong>ku</strong>buranira abarenga<strong>na</strong> <strong>ku</strong>renza abarengezi<br />

babo bose bafite ubuhanga buhanitse. Bagiye batahura imigambi mibi kandi bagakoma ibibi<br />

mu nkokora byajyaga <strong>ku</strong>dindiza umurimo w’Ima<strong>na</strong> kandi bigateza umubabaro ukomeye mu<br />

bwoko bw’Ima<strong>na</strong>. Ku isaha cy’ibyago n’ama<strong>ku</strong>ba “Umumarayika w’Uhoraho ashinga<br />

ibirindiro ahazengurutse abubaha Ima<strong>na</strong> akabakiza.” 24<br />

457

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!