07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ubutabera bw’Ima<strong>na</strong> bizaba bimeze. Marayika w’Ima<strong>na</strong> aravuga ati: “Uri intabera <strong>ku</strong>ko<br />

wagennye guca imanza utyo, wowe Muziranenge, uriho kandi wahozeho. Kubera ko<br />

bamennye amaraso y’intore zawe, n’ay’abahanuzi bawe, nicyo gitumye <strong>na</strong>we ubaha amaraso<br />

ngo abe ariyo banywa, ubakaniye urubakwiye.” 16 Uko baciraga abantu b’Ima<strong>na</strong> urubanza<br />

rwo gupfa, babaga bagiweho n’amaraso y’igicumuro cyabo nk’aho aribo bayavushije. Ni muri<br />

ubwo buryo Kristo yahamirije Abayuda bo mu gihe cye, ko bamennye amaraso y’intore ze<br />

uhereye <strong>ku</strong>ri Abeli umukiranutsi w’Ima<strong>na</strong>; <strong>ku</strong>ko bose bari bahuje imigambi kandi bashaka<br />

gukora umurimo nk’uwabo bicanyi wo <strong>ku</strong>renganya abahanuzi.<br />

Mu cyago cya<strong>ku</strong>rikiyeho, izuba ryahawe ubushobozi bwo kotsa abantu bikabije. Abantu<br />

bababazwa n’icyokere cyinshi. Abahanuzi basobanura uko isi izaba imeze muri icyo gihe<br />

giteye ubwoba: “Dore imirima yarononekaye, ingano zaragwingiye, divayi nshya<br />

ntikiboneka, amavuta y’iminzenze <strong>na</strong> yo yarabuze. Mwa bahinzi mwe, nimwihebe, abahinga<br />

imizabibu, nimuboroge. Nimuboroge <strong>ku</strong>bera ko ingano zanyu za n<strong>ku</strong>ngu zarumbye, iza<br />

bushoki kimwe n’imyaka yose yo mu murima <strong>na</strong> byo ni uko. Imizabibu yarumye, ibiti<br />

by’imitini byararabiranye, ibiti by’imikomamanga n’imikindo n’iby’amapera <strong>na</strong> byo ni uko,<br />

ibiti byose byo mu murima byarumye. Bityo nta byishimo bikirangwa mu butayu.’‘ ‘’Imbuto<br />

zumiye mu mayogi, ingano zaragwingiye, ibigega birimo ubusa. . . Nimwumve Amatungo<br />

maremare yabuze inzuri, . . . Imigezi yarakamye, umuriro <strong>na</strong>wo watwitse inzuri zo mu cyanya.<br />

Uwo munsi abaririmbaga mu ngoro basengeramo bazacura umuborogo. Ahantu hose<br />

imirambo izaba myinshi, bazayijugunya bumiwe. “ 17<br />

Ibi byago ntabwo ari rusange, bitabaye ibyo, abatuye <strong>ku</strong> isi barimbukira rimwe. Nyamara<br />

hazaba hari ibiteye ubwoba bikabije bitigeze <strong>ku</strong>menywa n’umwa<strong>na</strong> w’umuntu. Ibyago byose<br />

bizagera <strong>ku</strong> bantu imbabazi ziri hafi <strong>ku</strong>rangira, bizaba bivanzemo n’imbabazi. Amaraso ya<br />

Kristo yaviriye umunyabyaha amukingira igihano cy’ibyaha bye; ariko mu rubanza ruheruka,<br />

umujinya uzasukwa <strong>ku</strong> munyabyaha uzaba utangaje utakirimo imbabazi.<br />

Kuri uwo munsi, abantu benshi cyane bazifuza ubwihisho mu mbabazi z’Ima<strong>na</strong>,<br />

basuzuguye igihe kirekire. “Dore iminsi uzaza, niko Uwiteka Ima<strong>na</strong> ivuga, nzateza inzara mu<br />

gihugu, ntizaba ari inzara y’ibyo<strong>ku</strong>rya cyangwa inyota yo gushaka amazi, ahubwo izaba ari<br />

iyo <strong>ku</strong>mva amagambo y’Uwiteka. Kandi bazajarajara bava <strong>ku</strong> nyanja imwe bajya <strong>ku</strong> yindi,<br />

bazava iburasirazuba bajye iburengerazuba, baza<strong>ku</strong>bita hirya no hino bashaka ijambo<br />

ry’Uwiteka be <strong>ku</strong>ribo<strong>na</strong>.” 18<br />

Ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> ntibuzabura <strong>ku</strong>gerwaho n’umubabaro; ariko ubwo bazaba<br />

barenganywa kandi bababazwa, igihe bazaba bamburwa ibyabo kandi bicwa n’inzara, ntabwo<br />

Ima<strong>na</strong> izabaha<strong>na</strong> ngo bashireho. Iyo Ma<strong>na</strong> yarinze Eliya ntabwo izirengagiza aba<strong>na</strong><br />

bayiyeguriye. Imenya umubare w’imisatsi iri <strong>ku</strong> mitwe yabo, izabarinda kandi no mu bihe<br />

by’inzara bazahazwa. Igihe ababi bazaba bicwa n’inzara n’ibyorezo, abamarayika bazaba<br />

bitaye <strong>ku</strong> bakiranutsi babahe icyo bakeneye cyose. Ugendera mu butungane yahawe iri<br />

sezerano ngo: “Ibitare ntamemnwa bizamubera ubuhungiro, azahora<strong>na</strong> ibyo <strong>ku</strong>rya n’ibyo<br />

455

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!