07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

You also want an ePaper? Increase the reach of your titles

YUMPU automatically turns print PDFs into web optimized ePapers that Google loves.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

bari bajugunywe mu itanura ry’umuriro uguruma<strong>na</strong>? Cyangwa se yaba yaribagiwe Daniyeli<br />

ari mu rwobo rw’intare?<br />

Ariko Siyoni iravuga ati: “Yehova yarantaye, Uwiteka yaranyibagiwe. “Mbese umugore<br />

yakwibagirwa umwa<strong>na</strong> yonsa, ntababarire uwo yibyariye? Icyakora babasha <strong>ku</strong>bibagirwa,<br />

ariko jye sinzakwibagirwa. Dore <strong>na</strong>guciye mu biganza byanjye nk’uca imanzi.” 13 Uwiteka<br />

Nyiringabo aravuga ati: “Uzagukoraho, azaba akoze <strong>ku</strong> mboni y’ijisho ryanjye. “ 14<br />

Nubwo abanzi babo bazabajugunya muri gereza, in<strong>ku</strong>ta z’amakasho ntizizabuza imitima<br />

yabo gusaba<strong>na</strong> <strong>na</strong> Kristo. Umenya intege nke za buri wese, umenyereye ibigeragezo byose,<br />

arenze cyane ibifite ubushobozi byose byo mu isi; kandi abamarayika bazaza aho bari bonyine<br />

muri za kasho, babazaniye umucyo n’amahoro mvajuru. Gereza izahinduka nk’ingoro ya<br />

cyami; <strong>ku</strong>ko aba<strong>ku</strong>ngahaye mu kwizera bazaba barimo, kandi in<strong>ku</strong>ta zicuze umwijima<br />

w’icuraburindi zizaboneshwa n’umucyo uvuye mu ijuru nk’igihe Pawulo <strong>na</strong> Silasi basengaga<br />

kandi bagahimbaza Ima<strong>na</strong> mu gicu<strong>ku</strong> bari mu kasho i Filipi.<br />

Urubanza rw’Ima<strong>na</strong> ruzagera <strong>ku</strong> bashaka gukandamiza no <strong>ku</strong>rimbura ubwoko bwayo.<br />

Kwihanganira abanyabyaha byatumye abantu batinyuka <strong>ku</strong>gwiza ibicumuro, nyamara<br />

igihano cyabo kizaba giteye ubwoba <strong>ku</strong>ko Ima<strong>na</strong> yabihanganiye igihe kirekire. ‘’Uhoraho<br />

azabahagurukira nk’uko yabigenje <strong>ku</strong> musozi wa Perasimu, azabarakarira nk’uko yabigenje<br />

mu kibaya cy’i Gibeyoni, bityo azasohoza umugambi we udasanzwe, azarangiza umurimo we<br />

utangaje.’‘ 14 Ku bwo Ima<strong>na</strong> y’inyambabazi, igikorwa cyo guha<strong>na</strong> abakora <strong>na</strong>bi ni inzaduka.<br />

“Ndirahiye, niko Uwiteka avuga; sinezezwa no gupfa k’umunyabyaha.’‘ 15 Uhoraho ni<br />

umunyampuhwe n’umunyebambe, kandi atinda <strong>ku</strong>rakara, yuzuye <strong>ku</strong>gira neza kwinshi<br />

n’u<strong>ku</strong>ri, ababarira gukiranirwa n’ibicumuro n’ibyaha. Nyamara kandi ntatsindishiriza <strong>na</strong> hato<br />

uwo gutsindwa. Uhoraho atinda <strong>ku</strong>rakara, kandi afite imbaraga nyinshi, kandi ntazabura<br />

guha<strong>na</strong> abagome.’‘ Kubwo gukiranuka kwayo, izakoresha ibihano bikomeye <strong>ku</strong>gira ngo<br />

irinde ubusugire bw’amategeko yayo yakandagiwe n’abantu. Ubuka<strong>na</strong> bw’igihano gitegereje<br />

umugome kizashyirwaho n’Uhoraho ha<strong>ku</strong>rikijwe ubutabera bwe. Ishyanga ryakomeje<br />

kwihanganirwa igihe kirekire, rizahabwa igihano cyaryo ari uko rimaze kwuzuza igikombe<br />

cyo gukiranirwa kwaryo imbere y’Ima<strong>na</strong>, hanyuma ribone <strong>ku</strong>nywa <strong>ku</strong> gikombe cy’umujinya<br />

w’Ima<strong>na</strong> utavanze n’imbabazi.<br />

Ubwo Kristo azaba arangije umurimo we w’ubutambyi mu buturo bwo mu ijuru, uburakari<br />

bukaze buzasukwa <strong>ku</strong> basenga inyamaswa n’igishushanyo cyayo, bakemera gushyirwaho<br />

ikimenyetso cyayo. Ibyago byagwiriye Abanyegiputa igihe Ima<strong>na</strong> yari hafi gu<strong>ku</strong>rayo<br />

Abisirayeli bimeze nk’iteka riteye ubwoba kandi rikakaye rizagwirira isi yose mbere yo<br />

gucungurwa kw’ubwoko bw’Ima<strong>na</strong>. Uwahishuriwe yasobanuye ako kaga gakomeye muri aya<br />

magambo: “Ibisebe bibi kandi birya<strong>na</strong> byaduka <strong>ku</strong> bantu bashyizweho ikimenyetso<br />

cy’inyamaswa, baka<strong>na</strong>ramya igishushanyo cyayo. ” Amazi y’inyanja ahinduka amaraso<br />

nk’ayo umuntu wapfuye, kandi ibifite ubuzima byose byo mu nyanja birapfa. “Maze imigezi<br />

n’amasoko y’amazi bihinduka amaraso. ” Biteye ubwoba <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong> uko ibihano bitanganywe<br />

454

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!