07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

SHOW MORE
SHOW LESS

Create successful ePaper yourself

Turn your PDF publications into a flip-book with our unique Google optimized e-Paper software.

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

kare uko <strong>ku</strong>za kwe kwa kabiri <strong>ku</strong>zaba <strong>ku</strong>meze. “Hazaduka abiyita kristo n’abahanuzi<br />

b’ibinyoma, bakorera ibimenyetso n’ibitangaza byinshi <strong>ku</strong>gira ngo nibibashobokera bayobye<br />

n’abatoranyijwe.... “Kandi nibababwira ko Kristo ari mu butayu; ntimuzajye yo, nibabwira<br />

bati dore Kristo ari hano mu cyumba cya wenyine, ntimuzabyemere! Kuko nk’uko umurabyo<br />

urabiriza aho izuba rirasira, ukabonekera aho rirengera, niko no <strong>ku</strong>za k’Umwa<strong>na</strong> w’umuntu<br />

<strong>ku</strong>zaba <strong>ku</strong>meze.” 13 Uko gutunguka ntawabasha <strong>ku</strong>kwiga<strong>na</strong> ngo abishobore. Kuzamenywa<br />

n’isi yose, kandi <strong>ku</strong>zabonwa n’abatuye isi bose.<br />

Abazaba barabaye abigishwa b’Ibyanditswe gusa Byera batajenjetse kandi bakakira<br />

uru<strong>ku</strong>ndo rw’u<strong>ku</strong>ri rw’Ima<strong>na</strong>, bazarokoka icyo gishuko gikomeye kizigarurira isi yose.<br />

Ibihamya byo muri Bibiliya gusa nibyo bizashobora guhishura amayeri y’umushukanyi. Igihe<br />

cy’ibigeragezo kizagera <strong>ku</strong> bantu bose. Mu gihe cy’ishungura niho abakristo nya<strong>ku</strong>ri<br />

bazagaragara. Mbese aho abantu b’Ima<strong>na</strong> bashinze imizi batajegajega mu Ijambo ryayo<br />

<strong>ku</strong>gira ngo batazagendera <strong>ku</strong> ntekerezo zabo bwite? Mbese muri icyo gihe gikomeye<br />

bazitabaza Bibiliya yonyine? Satani azakora uko ashoboye kose <strong>ku</strong>gira ngo ababuze<br />

kwitegura <strong>ku</strong>zahagarara bashikamye <strong>ku</strong>ri uwo munsi. Azabambira inzira zabo, abuzuzemo<br />

irari ryo gushaka ubutunzi bw’isi, abikoreze imitwaro iremereye, <strong>ku</strong>gira ngo imitima yabo<br />

yuzurwe n’amaganya yo muri ubu buzima, maze umunsi wo <strong>ku</strong>geragezwa uzabatungure<br />

nk’umujura.<br />

Ubwo iteka ryashyizweho n’abategetsi banyuranye bo mu bihugu bya Gikristo ngo<br />

rirwanye abakomeza amategeko y’Ima<strong>na</strong>, rizatuma <strong>Leta</strong> z’ibihugu byabo zitakibarengera,<br />

maze bagahanwa mu maboko y’abifuza <strong>ku</strong>barimbura, ubwoko bw’Ima<strong>na</strong> buzahunga buve mu<br />

mijyi minini no mu midugudu, maze bihurize hamwe bajye kwibera mu butayu n’ahantu bari<br />

bonyine. Abenshi bazabo<strong>na</strong> ubuhungiro mu ubuvumo yo mu mpinga z’imisozi. Nk’uko<br />

byabaye <strong>ku</strong> bakristo b’Abavoduwa, impinga z’imisozi miremire nizo bazahindura insengero,<br />

maze bashimire Ima<strong>na</strong> ubuvumo bw’ibitare yabashakiye. Ariko abantu bo mu mahanga yose<br />

n’inzego zose, abakomeye n’aboroheje, abakire n’abakene, abirabura n’abera, bazashyirwa<br />

mu bucakara bubabaje kandi butababarira. Abatoni b’Ima<strong>na</strong> bazanyura mu bihe bikomeye,<br />

baboheshwe iminyururu, bafungirwe muri gereza zubakishijwe ibyuma, bacirwe urwo gupfa,<br />

abandi bazaba bari hafi yo gupfa bishwe n’inzara n’inyota aho mu tuzu dufunganye kandi<br />

ducuze umwijima kandi turimo umwanda. Nta gutwi k’umuntu <strong>ku</strong>zaba gushaka <strong>ku</strong>mva<br />

iminiho yabo; nta <strong>ku</strong>boko k’umwa<strong>na</strong> w’umuntu <strong>ku</strong>zaba kwiteguye <strong>ku</strong>bafasha.<br />

Mbese muri iyi saha y’ibigeragezo Uwiteka azibagirwa ubwoko bwe? Mbese yigeze<br />

yibagirwa Nowa wakiranukaga igihe abantu ba mbere y’umwuzure bacirwagaho iteka?<br />

Mbese yigeze yibagirwa Loti ubwo umuriro wamanukaga mu ijuru, ugakongora abaturage bo<br />

mu mijyi yo mu bibaya ? Mbese yibagiwe Yosefu ubwo yari azengurutswe n’abasenga<br />

ibigirwama<strong>na</strong> bo muri Egiputa ? Mbese yibagiwe Eliya ubwo yaterwaga ubwoba n’indahiro<br />

ya Yezebeli <strong>ku</strong>bwo urupfu rw’abahanuzi ba Baali? Mbese yibagiwe Yeremiya ubwo yari<br />

afungiwe mu mwobo muremure w’umwijima? Mbese yibagiwe abasore batatu bakiranuka<br />

453

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!