Itorero na Leta ku Rugamba

Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya... Ubuhanga bw'intambara bufite akamaro kanini kuri Leta (buri ku butegetsi). Ni ikibazo cyubuzima nurupfu, umuhanda haba mumutekano cyangwa kurimbuka. Kubwibyo, ni ingingo yiperereza idashobora kwirengagizwa. Ubuhanga bw'intambara rero, bugengwa nibintu bitanu bihoraho, bigomba kwitabwaho ... Ibi ni: (1) Amategeko agenga imyitwarire; (2) Ijuru; (3) Isi; (4) Komanda; (5) Uburyo na disipulini. Amategeko agenga imyifatire atuma abantu bumvikana neza numutegetsi wabo, kugirango bazamukurikire batitaye ku mibereho yabo, badatezuka ku kaga ako ari ko kose… Komanda ashimangira ibyiza byubwenge, umurava, ubugwaneza, ubutwari no gukomera. Ibi bitanu (element) bigomba kumenyera buri general. Uzabazi azatsinda; uwabazi ntazatsindwa. Noneho jenerali watsinze urugamba akora imibare myinshi murusengero rwe mbere yuko urugamba ruba. Jenerali watsinzwe kurugamba akora ariko kubara bike mbere. Rero kubara byinshi biganisha ku ntsinzi war Intambara zose zishingiye kuburiganya...

newcovenantpublicationsintl
from newcovenantpublicationsintl More from this publisher
07.04.2023 Views

Itorero na Leta ku Rugamba ishyano! Dore Satani abamanukiye aje arakaye cyane, kuko azi ko igihe cye gisigaye ari gito.’‘ 11 Ibyatumye habaho uguhamagara kw’iryo jwi ryo mu ijuru biteye ubwoba ! Uko ibihe bikomeza guhita niko umujinya wa Satani urushaho kwiyongera, kandi mu gihe cy’amakuba nibwo umurimo we w’ubuhendanyi n’uburimbuzi bwe uzaba ugeze ku ndunduro. Bidatinze mu birere by’ijuru hazaduka ibimenyetso bidasanzwe, bigaragaza imbaraga z’abadayimoni zikora ibitangaza. Imyuka mibi y’abadayimoni izakwira hose mu bami bo mu isi no mu batuye isi, kugira ngo zibashuke kandi zibakururire gufatanya na Satani mu ntambara ye iheruka yo kurwanya Leta y’ijuru. Kubwo iyo imyuka mibi, abategetsi n’abategekwa bazagwa muri ibyo bishuko. Abantu bazahaguruka ubwabo biyite Kristo, basabe ikuzo no gusengwa bigenewe Umucunguzi w’isi. Bazakora ibitangaza n’ibimenyetso bikomeye byo gukiza abarwayi kandi bavuge ko bahawe ihishurirwa rivuye mu Ijuru rihabanye n’ibyo Ibyanditswe bihamya. Igikorwa gihebuje ibindi mu bushukanyi bukomeye ni uko Satani ubwe azihindura nka Kristo. Mu gihe kirekire Itorero ryakomeje kwiringira ko Kristo azagaruka akaba amizero yaryo. Muri icyo gihe cyo gutegereza nibwo Umushukanyi ukomeye aziyerekana ko ariwe Kristo ugarutse. Mu mpande zose z’isi, Satani aziyereka abantu nk’umutware ukomeye ufite mu maso harabagirana, azihindura nk’Umwana w’Imana nk’uko Yohana yeretswe mu Byahishuwe. Ubwiza buzaba bumutamirije buzaba burengeje ibyiza byose amaso y’umuntu yigeze kubona. Ijwi ry’insinzi rizirangirira mu birere by’ijuru rivuga cyane riti: “Kristo araje, Kristo araje!” Abantu bose bazapfukamira icyarimwe kumuramya, maze nawe arambure ukuboko kwe avuge ko abahaye umugisha, nk’igihe Kristo yahaga abigishwa be umugisha ubwo yari akiri ku isi. Ijwi rye rizaba rituje kandi ryicishije bugufi, rinogeye amatwi. Azavugana ijwi ry’impuhwe n’imbabazi yerekane ibikorwa by’ubugiraneza n’ukuri mvajuru mu byo Umukiza yavuzwe; akize abantu indwara, kandi namara kwiyambika imico ya Kristo, azaherako atangaze ko Isabato yayihinduye akayishyira ku munsi wa mbere w’icyumweru (Dimanche), maze ategeke abantu bose kuruhuka ku munsi yihereye umugisha. Azatangaza ko abagikomeje kweza umunsi wa karindwi w’icyumweru batuka izina rya Kristo, igihe banga gutegera amatwi umucyo n’ukuri batumweho n’abamarayika be. Ubwo nibwo bushukanyi buhebuje ubundi bwose. Nk’uko abasamariya bayobejwe na Simoni Magusi, abantu benshi, uhereye ku boroheje ukageza ku bakomeye barangamira ubupfumu bwe bavuga bati: “Iyi ni imbaraga ikomeye y’Imana. “ 12 Nyamara abantu b’Imana bo ntibazayobywa na byo. Inyigisho z’uwo wiyita Kristo, ntizizahuza n’izo mu Byanditswe Byera. Imigisha Satani azatanga izakirwa n’abasenga inyamaswa n’igishushanyo cyayo, ariryo tsinda Bibiliya ivugaho ko rizasukwaho umujinya ukaze w’Imana. Ikindi kandi, Satani nta burenganzira afite bwo kwigana uburyo Kristo azagarukamo ku isi. Umukiza yaburiye abamwizera ko bakwiriye kwirinda icyo gishuko kandi ababwira hakiri 452

Itorero na Leta ku Rugamba kare uko kuza kwe kwa kabiri kuzaba kumeze. “Hazaduka abiyita kristo n’abahanuzi b’ibinyoma, bakorera ibimenyetso n’ibitangaza byinshi kugira ngo nibibashobokera bayobye n’abatoranyijwe.... “Kandi nibababwira ko Kristo ari mu butayu; ntimuzajye yo, nibabwira bati dore Kristo ari hano mu cyumba cya wenyine, ntimuzabyemere! Kuko nk’uko umurabyo urabiriza aho izuba rirasira, ukabonekera aho rirengera, niko no kuza k’Umwana w’umuntu kuzaba kumeze.” 13 Uko gutunguka ntawabasha kukwigana ngo abishobore. Kuzamenywa n’isi yose, kandi kuzabonwa n’abatuye isi bose. Abazaba barabaye abigishwa b’Ibyanditswe gusa Byera batajenjetse kandi bakakira urukundo rw’ukuri rw’Imana, bazarokoka icyo gishuko gikomeye kizigarurira isi yose. Ibihamya byo muri Bibiliya gusa nibyo bizashobora guhishura amayeri y’umushukanyi. Igihe cy’ibigeragezo kizagera ku bantu bose. Mu gihe cy’ishungura niho abakristo nyakuri bazagaragara. Mbese aho abantu b’Imana bashinze imizi batajegajega mu Ijambo ryayo kugira ngo batazagendera ku ntekerezo zabo bwite? Mbese muri icyo gihe gikomeye bazitabaza Bibiliya yonyine? Satani azakora uko ashoboye kose kugira ngo ababuze kwitegura kuzahagarara bashikamye kuri uwo munsi. Azabambira inzira zabo, abuzuzemo irari ryo gushaka ubutunzi bw’isi, abikoreze imitwaro iremereye, kugira ngo imitima yabo yuzurwe n’amaganya yo muri ubu buzima, maze umunsi wo kugeragezwa uzabatungure nk’umujura. Ubwo iteka ryashyizweho n’abategetsi banyuranye bo mu bihugu bya Gikristo ngo rirwanye abakomeza amategeko y’Imana, rizatuma Leta z’ibihugu byabo zitakibarengera, maze bagahanwa mu maboko y’abifuza kubarimbura, ubwoko bw’Imana buzahunga buve mu mijyi minini no mu midugudu, maze bihurize hamwe bajye kwibera mu butayu n’ahantu bari bonyine. Abenshi bazabona ubuhungiro mu ubuvumo yo mu mpinga z’imisozi. Nk’uko byabaye ku bakristo b’Abavoduwa, impinga z’imisozi miremire nizo bazahindura insengero, maze bashimire Imana ubuvumo bw’ibitare yabashakiye. Ariko abantu bo mu mahanga yose n’inzego zose, abakomeye n’aboroheje, abakire n’abakene, abirabura n’abera, bazashyirwa mu bucakara bubabaje kandi butababarira. Abatoni b’Imana bazanyura mu bihe bikomeye, baboheshwe iminyururu, bafungirwe muri gereza zubakishijwe ibyuma, bacirwe urwo gupfa, abandi bazaba bari hafi yo gupfa bishwe n’inzara n’inyota aho mu tuzu dufunganye kandi ducuze umwijima kandi turimo umwanda. Nta gutwi k’umuntu kuzaba gushaka kumva iminiho yabo; nta kuboko k’umwana w’umuntu kuzaba kwiteguye kubafasha. Mbese muri iyi saha y’ibigeragezo Uwiteka azibagirwa ubwoko bwe? Mbese yigeze yibagirwa Nowa wakiranukaga igihe abantu ba mbere y’umwuzure bacirwagaho iteka? Mbese yigeze yibagirwa Loti ubwo umuriro wamanukaga mu ijuru, ugakongora abaturage bo mu mijyi yo mu bibaya ? Mbese yibagiwe Yosefu ubwo yari azengurutswe n’abasenga ibigirwamana bo muri Egiputa ? Mbese yibagiwe Eliya ubwo yaterwaga ubwoba n’indahiro ya Yezebeli kubwo urupfu rw’abahanuzi ba Baali? Mbese yibagiwe Yeremiya ubwo yari afungiwe mu mwobo muremure w’umwijima? Mbese yibagiwe abasore batatu bakiranuka 453

<strong>Itorero</strong> <strong>na</strong> <strong>Leta</strong> <strong>ku</strong> <strong>Rugamba</strong><br />

ishyano! Dore Satani abamanukiye aje arakaye cyane, <strong>ku</strong>ko azi ko igihe cye gisigaye ari<br />

gito.’‘ 11 Ibyatumye habaho uguhamagara kw’iryo jwi ryo mu ijuru biteye ubwoba ! Uko<br />

ibihe bikomeza guhita niko umujinya wa Satani urushaho kwiyongera, kandi mu gihe<br />

cy’ama<strong>ku</strong>ba nibwo umurimo we w’ubuhendanyi n’uburimbuzi bwe uzaba ugeze <strong>ku</strong><br />

ndunduro.<br />

Bidatinze mu birere by’ijuru hazaduka ibimenyetso bidasanzwe, bigaragaza imbaraga<br />

z’abadayimoni zikora ibitangaza. Imyuka mibi y’abadayimoni izakwira hose mu bami bo mu<br />

isi no mu batuye isi, <strong>ku</strong>gira ngo zibashuke kandi ziba<strong>ku</strong>rurire gufatanya <strong>na</strong> Satani mu<br />

ntambara ye iheruka yo <strong>ku</strong>rwanya <strong>Leta</strong> y’ijuru. Kubwo iyo imyuka mibi, abategetsi<br />

n’abategekwa bazagwa muri ibyo bishuko. Abantu bazahaguruka ubwabo biyite Kristo,<br />

basabe i<strong>ku</strong>zo no gusengwa bigenewe Umucunguzi w’isi. Bazakora ibitangaza n’ibimenyetso<br />

bikomeye byo gukiza abarwayi kandi bavuge ko bahawe ihishurirwa rivuye mu Ijuru<br />

rihabanye n’ibyo Ibyanditswe bihamya.<br />

Igikorwa gihebuje ibindi mu bushukanyi bukomeye ni uko Satani ubwe azihindura nka<br />

Kristo. Mu gihe kirekire <strong>Itorero</strong> ryakomeje kwiringira ko Kristo azagaruka akaba amizero<br />

yaryo. Muri icyo gihe cyo gutegereza nibwo Umushukanyi ukomeye aziyereka<strong>na</strong> ko ariwe<br />

Kristo ugarutse. Mu mpande zose z’isi, Satani aziyereka abantu nk’umutware ukomeye ufite<br />

mu maso harabagira<strong>na</strong>, azihindura nk’Umwa<strong>na</strong> w’Ima<strong>na</strong> nk’uko Yoha<strong>na</strong> yeretswe mu<br />

Byahishuwe. Ubwiza buzaba bumutamirije buzaba burengeje ibyiza byose amaso y’umuntu<br />

yigeze <strong>ku</strong>bo<strong>na</strong>. Ijwi ry’insinzi rizirangirira mu birere by’ijuru rivuga cyane riti: “Kristo araje,<br />

Kristo araje!” Abantu bose bazapfukamira icyarimwe <strong>ku</strong>muramya, maze <strong>na</strong>we arambure<br />

u<strong>ku</strong>boko kwe avuge ko abahaye umugisha, nk’igihe Kristo yahaga abigishwa be umugisha<br />

ubwo yari akiri <strong>ku</strong> isi. Ijwi rye rizaba rituje kandi ryicishije bugufi, rinogeye amatwi.<br />

Azavuga<strong>na</strong> ijwi ry’impuhwe n’imbabazi yerekane ibikorwa by’ubugiraneza n’u<strong>ku</strong>ri mvajuru<br />

mu byo Umukiza yavuzwe; akize abantu indwara, kandi <strong>na</strong>mara kwiyambika imico ya Kristo,<br />

azaherako atangaze ko Isabato yayihinduye akayishyira <strong>ku</strong> munsi wa mbere w’icyumweru<br />

(Dimanche), maze ategeke abantu bose <strong>ku</strong>ruhuka <strong>ku</strong> munsi yihereye umugisha. Azatangaza<br />

ko abagikomeje kweza umunsi wa karindwi w’icyumweru batuka izi<strong>na</strong> rya Kristo, igihe<br />

banga gutegera amatwi umucyo n’u<strong>ku</strong>ri batumweho n’abamarayika be. Ubwo nibwo<br />

bushukanyi buhebuje ubundi bwose. Nk’uko abasamariya bayobejwe <strong>na</strong> Simoni Magusi,<br />

abantu benshi, uhereye <strong>ku</strong> boroheje ukageza <strong>ku</strong> bakomeye barangamira ubupfumu bwe<br />

bavuga bati: “Iyi ni imbaraga ikomeye y’Ima<strong>na</strong>. “ 12<br />

Nyamara abantu b’Ima<strong>na</strong> bo ntibazayobywa <strong>na</strong> byo. Inyigisho z’uwo wiyita Kristo,<br />

ntizizahuza n’izo mu Byanditswe Byera. Imigisha Satani azatanga izakirwa n’abasenga<br />

inyamaswa n’igishushanyo cyayo, ariryo tsinda Bibiliya ivugaho ko rizasukwaho umujinya<br />

ukaze w’Ima<strong>na</strong>.<br />

Ikindi kandi, Satani nta burenganzira afite bwo kwiga<strong>na</strong> uburyo Kristo azagarukamo <strong>ku</strong><br />

isi. Umukiza yaburiye abamwizera ko bakwiriye kwirinda icyo gishuko kandi ababwira hakiri<br />

452

Hooray! Your file is uploaded and ready to be published.

Saved successfully!

Ooh no, something went wrong!